
Ambwene Yessayah uzwi nka AY ni umuhanzi wo mu Gihugu cya Tanzaniya wakunzwe cyane mu myaka yashinze , kuri ubu umuryango w’uyu muraperi uri mu byishimo byinshi nyuma yahoo umugore we Umunyana... Read more »

Ikipe ya Rayon Sports yasinyanye na sosiyete y’ubwishingizi ya Radiant amasezerano y’ubufatanye azayifasha kunguka amafaranga kuri buri mufana wayo uguze ubwishingizi muri Radiant. Kuri uyu wa Gatanu tariki 10 Kanama 2018 nibwo... Read more »

Rayo Sports igeze ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’amahoro isezereye ikipe ya Sunrise nyuma yo kuyitsinda ibtego 2-0 mu mukino wo kwishyura wabereye i kigali. Ni umukino wasabye Rayon Sports imbaraga nyinshi... Read more »

Muri iki gihe k’igura n’igurisha;byari byaravuzwe cyane ko ikipe ya Real Madrid yo mu gihugu cya Spain ishaka umunyezamu wa Chelsea Thibaut Courtois none mu gihe habura amasaha agera kuri 24 gusa... Read more »

Umukino wo kwishyura hagati ya Apr Fc na Mukura Vs wari wabereye kuri sitade ya Kigali;urangiye Mukura Vs inganyije na Apr fc igitego kimwe kuri kimwe ari nacyo cyahise gisezerera Apr mu... Read more »

Amavubi U-17 arakora imyitozo ya nyuma kuri stade Amahoro ahaguruke mu ijoro yerekeza muri Tanzaniya
Umutoza w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’Abatarengeje imyaka 17; Yves Rwasamanzi wamaze gushyira ahagaragara urutonde rw’abakinnyi 18 bazerekeza muri Tanzania gushaka itike y’igikombe cya Afurika cya 2019, aho amajonjora yo mu karere ka... Read more »

Mu mpera z’icyumweru gishize nibwo umuhanzi Auddy Kelly yari yakoze igitaramo cyo kwizihiza imyaka itanu umuryango w’abafana be yise aho yari yatumiye abahanzi benshi b’inshuti ze harimo na Mc Tino waje gukora... Read more »

Umuhanzikazi Asinah umwe mu bahanzikazi bakunzwe cyane hano mu Rwanda nyuma yo gushyira hanze indirimbo nshya yise Irijoro , kuri ubu amaze gushyira hanze amashusho y’indirimbo undi ninde yakoranye na Jay Polly... Read more »

Mu mpera z’iki cyumweru nibwo umuhanzi Dj Pius umwe mu bakunzwe cyane yakoze ibitaramo bibiri byo kumurikira bakunzi be umuzingo w’indirimbo ze yise Iwacu ,yahereye mu mugi wa Kigali mw’ijoro ryo ku... Read more »

Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 03 Kanama 2018 nibwo umuhanzi w’icyamamare mu gihugu cya Uganda nest no muri afurika rose Moses Sali uzwi nka Bebe cool yakoze igitaramo cy’amateka yise Golden... Read more »