Umwaka urangiye benshi mu byamamare nyarwanda baranzwe n’udushya tutagira ingano,ku ruhande rw’abakozi b’Imana umuririmbyi Aline Gahongayire nawe uyu mwaka yakoze byinshi ariko ahanini twifuje kubasangiza amafoto ye adasanzwe ubwo aheruka kwitabira irushanwa Groove awards yatashywe n’ibyishimo bitagira ingano asa n’uwabonekewe
Umuririmbyi Aline Gahongayire yagaragaye yahimbawe yaguwe neza bidasanzwe
Byagaragariye benshi ko asoje umwaka ahagaze neza
Kanda hano urebe video y’indirimbo ye nshya Ninde watubuza
IBITEKEREZO