
Umuhanzi 2 pac Love ni umusore wamneyekanye mu ndirimbo rya ku mafaranga n’izindi nyinshi yagiye akora muri iyi minsi afite gahunda yo kwagura muziki ye aho mu ntangiriro za kino cyumweru yashyize hanze amashusho y’indirimbo Kiporo yahuriyemo na Jack B ndetse na banid bahanzi barimo Murumuna wa Diamond
Kiporo ni ijambo ry’igisayire bishatse kuvuga ubugari bwaraye yandutangarije ko bajya kuyikora bicaye bakreba ubuzima bur hanze aha muri iyi minsi bakifuza ko bakora indirimbo irimo ubutumwa bukangurura urubyiruko kwirinda abantu bakuru babashukisha ibintu benshi tumaze kumenya nka Sugar Mum cg Sugar Dad basigaranye umuco wo gushora urubyiruko mu busambayi ,abakaba rero barifuzaga kwerekan ako nta mwanya bagifite mu mitima y’urubyiruko kuko batifuriza abana b’u Rwanda ejo Heza .
Twamubajije impmavu yahisemo gukora nabo bahanzi ubona bakizamuka bo hanze y’U Rwanda adusubiza yuko yifuza ko nabo babasha kumneyekana mu Rwanda ndetse nawe na Jack B bakaba bakwagurira muzika yabo hakurya y’imbizi z’U Rwanda aho bifuza gutangaira kujya bajya gukorera ibitaramo mu bihugu duturanye bakoranye nabo basore babaikomokamo .
Abahanzi bo hanze y’U Rwanda bakoranye na 2 Pac love ni Dialex(Umuvandimwe wa Diamond ndetse na Jay B akaba naho indirimbo yabo Kiporo yo bayikoreye I Kigali na Danny Beat ikorerwa muri Studio ya M1. Amashusho yayo yakozwe na Producer Onesme.
Mu Gusoza uyu muhanzi yasabye abakunzi be ndetse n’abamuzika muri rusange ko bakomeza kubatera ingabo mu bitugu birebera iyo ndirimbo kuri youtube yiwe ndetse bakanamukurikira batibagiwe no kuyisangiza abavandimwe n’inshuti zabo .