2 Pac Love afatanyije na Jack b N’abahanzi barimo Murumuna wa Diamond bashyize hanze amashusho y’indirimbo Kiporo

Umuhanzi  2 pac Love ni umusore wamneyekanye mu ndirimbo rya ku mafaranga n’izindi  nyinshi yagiye akora  muri iyi minsi afite gahunda yo kwagura muziki ye aho mu ntangiriro za kino cyumweru yashyize hanze amashusho y’indirimbo Kiporo yahuriyemo na Jack B ndetse na banid bahanzi barimo Murumuna wa Diamond

Kiporo ni ijambo ry’igisayire  bishatse kuvuga ubugari bwaraye  yandutangarije ko bajya kuyikora bicaye bakreba ubuzima bur hanze aha muri iyi minsi  bakifuza ko bakora indirimbo irimo ubutumwa  bukangurura urubyiruko kwirinda abantu bakuru babashukisha ibintu benshi  tumaze kumenya nka Sugar Mum cg Sugar Dad  basigaranye umuco wo gushora urubyiruko  mu busambayi ,abakaba rero barifuzaga kwerekan ako nta mwanya bagifite mu mitima y’urubyiruko kuko batifuriza abana b’u Rwanda ejo Heza .

Twamubajije impmavu yahisemo gukora nabo bahanzi ubona bakizamuka bo hanze y’U Rwanda adusubiza yuko yifuza ko nabo babasha kumneyekana mu Rwanda ndetse  nawe na Jack B bakaba bakwagurira muzika yabo hakurya y’imbizi z’U Rwanda aho bifuza gutangaira kujya bajya gukorera ibitaramo mu bihugu duturanye  bakoranye nabo basore babaikomokamo .

Abahanzi bo hanze y’U Rwanda bakoranye na 2 Pac love ni  Dialex(Umuvandimwe wa Diamond ndetse na Jay B akaba naho indirimbo yabo Kiporo yo  bayikoreye I Kigali na Danny Beat ikorerwa muri Studio ya M1. Amashusho yayo yakozwe na Producer Onesme.

Mu  Gusoza uyu muhanzi yasabye abakunzi be ndetse n’abamuzika muri rusange ko bakomeza kubatera ingabo mu bitugu  birebera iyo ndirimbo kuri youtube yiwe ndetse bakanamukurikira batibagiwe no kuyisangiza abavandimwe n’inshuti zabo .

auto ads

Recommended For You

About the Author: Kigalihit

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *