Decent Entertainment ifasha Allioni yasabye imbabazi kubera indirimbo tuza

Ubuyobozi bwa Decent Entertainment busanzwe bufasha umuhanzikazi Allioni bwasabye imbabazi abanyarwanda bose ndetse n’abandi babajwe n’indirimbo ‘Tuza’ yashishuwe iy’umuhanzi T-sean ukorera umuziki we muri Zambia bavuga ko iriya ndirimbo nabo bayiguze. Mu... Read more »

Abakunzi ba Instagram bubakiwe ikirwa bazajya bifotorezaho

Inzu ikora ibijyanye n’amashusho n’amafoto ya Fujifilm yubatse ikirwa kizajya kiruhukirwaho n’abantu bahuje umwihariko wo gukoresha urubuga nkoranyambaga rwa Instagram. Iki kirwa cyubatswe n’ishami rya Fujifilm muri Australia, nyuma yo kubona ko... Read more »

Mu birori bya Rayon Sports ntiherekanywe nimero ya Bakame ahubwo yahawe undi

Ejo kuwa Kane ikipe ya Rayon Sports yerekanye ibirori bidasanzwe byo kumurika imyambaro mishya bazakoresha muri uyu mwaka w’imikino ya shampiona, mu birori bya Rayon Sports ntiherekanywa nimero ya Bakame ahubwo iyo... Read more »

Umuyobozi Mukuru wa Fifa Gianni Infantino yakiriwe na Perezida Paul Kagame mu biro bye

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Perezida wa FIFA, Gianni Infantino uri mu Rwanda aho yitabiriye Inteko Rusange y’iri Shyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi. Inama y’Ubuyobozi bwa FIFA iratangira kuri uyu wa Gatanu... Read more »

auto ads

Amafoto Wizkid na Tiwa Savage akomeje kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga

Wizkid umuhanzi ukunzwe cyane muri Nigeria ku wa kabiri tariki 23 Ukwakira yashyize hanze amashusho y’indirimbo ye nshya yise “Fever” agaragaramo ari kumwe n’umuhanzikazi Tiwa Savage bahuje urugwiro mu buryo budasanzwe. Abantu... Read more »

Nyuma yo kuvugwaho byinshi Oda Paccy yashyize indirimbo ye yise ibyatsi hanze

Kuri uyu wa kabiri taliki ya 23 Ukwakira nibwo ku mbuga nkoranyambaga hakwirakwijwe ifoto igaragaraho amagambo ateye urujijo ndetse yanditse mu buryo butandukanye benshi bise ko ari ukujijisha ndetse no gutuma abantu... Read more »

Diamond Platnumz yifatanyije na Rick Ross na Dj Khaled kwakira bahanzi bashya bamamariza belaire

Umuhanzi Diamond Platnumz umaze kubaka izina rikomeye mu muziki mpuzamahanga, yagaragaye ari kumwe n’ibyamamare bikomeye muri Leta zunze ubumwe za Amerika Rick Ross na Dj Khaled. Nk’uko tubikesha ikinyamakuru Ghalfla cyo muri... Read more »

Cassa Mbungo watozaga Kiyovu Sports yamaze kwegura ku mirimo ye

Cass Mbungo Andre wari umutoza mukuru wa Kiyovu Sports yamaze kwandika ibaruwa isezera, nyuma yo gusanga nta kizere iyi kipe yo ku Mumena itanga. Ni mu ibaruwa uyu mutoza yandikiye ubuyobozi bwa... Read more »

Umunyamakuru Guterman nyuma yo gufasha imiryango myinshi kuva mu bukene no gutangiza ishuri ry’inshuke ku bana batishoboye akeneye ubufasha bwa buri wese

Kuri uyu wambere mu karere ka GATSIBO, umurenge wa Ngarama Umuryango Nufashwa Yafasha Organization, nibwo hatangiye ku mugaragaro ishuri ry’inshuke ryashyiriweho abana batishoboye baturuka mu  miryango itishoboye ku buntu. Bujyacyera Jean Paul... Read more »

Umunyamuziki Oliver Mtukudzi na Bruce Melodie barasaba abanyarwanda kwitegura kubira icyuya

Umunyamuziki Oliver Mtukudzi wo mu gihugu cya Zimbabwe utegerejwe muri Kigali Jazz Junction kuri uyu wa Gatanu tariki 26 Ukwakira 2018 ,muri iki gitondo yagiranyebikiganiro n’itangazamakuru aho yijeje abanyarwanda kuzabataramira bigashyira kera... Read more »