Bebe Cool arashimirwa n’abagande kubera ibikorwa byo gufasha abatishoboye akora ( Amafoto)

Moses Ssali  uzwi nka Bebe  Cool ni umuhanzi  umaze kwigarurira imitima ya benshi mu gihgu cya Uganda  ndetse no mu karere  dutuyemo kubera  muzika akora ariko bikaba akarusho kubera ibikorwa amaze igihe ... Read more »

Patoraking yerekanye urukundo afitiye Urban Boys

Patoranking wigeze gushakishwa na Urban Boyz ngo bakorane indirimbo bikarangira idasohotse, yahishuye ko ari bo bahanzi bo mu Rwanda azi ndetse ajya yumva umuziki wabo. Yabikomojeho mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru mu ijoro... Read more »

Igitaramo cya Gikondo Idols Yvan Buravan yeretswe urukundo rudasanzwe n’Inkumi (Amafoto)

Ku mugoroba  wo ku wa 30 ukuboza 2018 I Gikondo muri ambassadors Park  nibwo habereye igitaramo cyiswe Gikondo Idols  cyari cyateguwe n’umuhanzi ukunzwe  Auddy Kelly aho yari yahuje ibyamamare  muri muzika ndetse... Read more »

Menya byinshi ku bwiza bwa Parike y’Igihugu y’Akagera hamwe na Wilson Tours (Amafoto)

Uko iminsi ishira leta y’u Rwanda ndetse n’abashoramari benshi hano mu Rwanda bahora bashishikariza  abanyarwanda  cyane cyane urubyiruko kwitabira ibijyanye n’ubukerarugendo   kugira ngo bazabashe kwihangira imirimo . Ku bufatanye na Wilson... Read more »

auto ads

Amafoto y’ubwiza bw’abakobwa 37 bahatanira kuba Nyampinga w’u Rwanda 2019

Abakobwa 37 ni bo bagiye guhatanira kwegukana ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda mu mwaka wa 2019, batomboye nimero zizajya zibaranga mu irushanwa. Ni mu gikorwa cyabereye i Rusororo kuri uyu wa 30,... Read more »

Ndahimana wasezeranye n’umugore we yambaye kamambili bakoze ubukwe bw’igitangaza bwahuruje imbaga y’abantu[AMAFOTO]

Umugabo utuye I Muhanga mu murenge wa Shyogwe witwa Ndahimana Narcisse n’umugore we batunguranye cyane mu kwezi gushize ubwo uyu mugabo yajyaga gusezerana mu murenge yambaye kamambili. Kuri ubu basezeranye kwa padiri... Read more »

The Ben yasabye imbabazi abafana be bo muri Uganda

The Ben yemeje amakuru y’isubikwa ry’urugendo rwe muri Uganda aho yagombaga guhurira mu gitaramo na Davido n’abandi bahanzi bakomeye muri icyo gihugu. Yiseguye ku bari bamutegereje mu Mujyi wa Kampala ababwira ko... Read more »

Jay Polly azafungurwa ku bunani

Tuyishime Joshua wamamaye mu njyana ya Hip Hop, nka Jay Polly azava muri gereza ku wa 1 Mutarama 2019. Mupenda Ramadhan [Bad Rama] uhagarariye The Mane, yateguye igitaramo cyo kumwakira yadutangarije ko... Read more »

Ally Soudy n’umuryango we bageze i Kigali

Umunyamakuru wamamaye mu biganiro by’imyidagaduro no kuyobora ibitaramo bitandukanye, Ally Soudy, yageze i Kigali ari kumwe n’umuryango we, mu kiruhuko cy’iminsi mikuru. By’umwihariko, Ally Soudy afatanyije na Shaddy Boo ukunzwe ku mbuga... Read more »

Ngaba 6 bazahagararira umujyi wa Kigali muri Miss Rwanda 2019

Wari umunsi wa nyuma w’ijonjora ry’ibanze ry’abakobwa bagomba guhatanira ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda w’umwaka wa 2019. Iri jonjora ryanyuze mu Majyaruguru hatorwa abakobwa batanu, Iburengerazuba hatorwa batandatu, Amajyepfo n’Iburasirazuba buri hamwe... Read more »