
Moses Ssali uzwi nka Bebe Cool ni umuhanzi umaze kwigarurira imitima ya benshi mu gihgu cya Uganda ndetse no mu karere dutuyemo kubera muzika akora ariko bikaba akarusho kubera ibikorwa amaze igihe ... Read more »

Patoranking wigeze gushakishwa na Urban Boyz ngo bakorane indirimbo bikarangira idasohotse, yahishuye ko ari bo bahanzi bo mu Rwanda azi ndetse ajya yumva umuziki wabo. Yabikomojeho mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru mu ijoro... Read more »

Ku mugoroba wo ku wa 30 ukuboza 2018 I Gikondo muri ambassadors Park nibwo habereye igitaramo cyiswe Gikondo Idols cyari cyateguwe n’umuhanzi ukunzwe Auddy Kelly aho yari yahuje ibyamamare muri muzika ndetse... Read more »

Uko iminsi ishira leta y’u Rwanda ndetse n’abashoramari benshi hano mu Rwanda bahora bashishikariza abanyarwanda cyane cyane urubyiruko kwitabira ibijyanye n’ubukerarugendo kugira ngo bazabashe kwihangira imirimo . Ku bufatanye na Wilson... Read more »

Abakobwa 37 ni bo bagiye guhatanira kwegukana ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda mu mwaka wa 2019, batomboye nimero zizajya zibaranga mu irushanwa. Ni mu gikorwa cyabereye i Rusororo kuri uyu wa 30,... Read more »

Umugabo utuye I Muhanga mu murenge wa Shyogwe witwa Ndahimana Narcisse n’umugore we batunguranye cyane mu kwezi gushize ubwo uyu mugabo yajyaga gusezerana mu murenge yambaye kamambili. Kuri ubu basezeranye kwa padiri... Read more »

The Ben yemeje amakuru y’isubikwa ry’urugendo rwe muri Uganda aho yagombaga guhurira mu gitaramo na Davido n’abandi bahanzi bakomeye muri icyo gihugu. Yiseguye ku bari bamutegereje mu Mujyi wa Kampala ababwira ko... Read more »

Tuyishime Joshua wamamaye mu njyana ya Hip Hop, nka Jay Polly azava muri gereza ku wa 1 Mutarama 2019. Mupenda Ramadhan [Bad Rama] uhagarariye The Mane, yateguye igitaramo cyo kumwakira yadutangarije ko... Read more »

Umunyamakuru wamamaye mu biganiro by’imyidagaduro no kuyobora ibitaramo bitandukanye, Ally Soudy, yageze i Kigali ari kumwe n’umuryango we, mu kiruhuko cy’iminsi mikuru. By’umwihariko, Ally Soudy afatanyije na Shaddy Boo ukunzwe ku mbuga... Read more »

Wari umunsi wa nyuma w’ijonjora ry’ibanze ry’abakobwa bagomba guhatanira ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda w’umwaka wa 2019. Iri jonjora ryanyuze mu Majyaruguru hatorwa abakobwa batanu, Iburengerazuba hatorwa batandatu, Amajyepfo n’Iburasirazuba buri hamwe... Read more »