
Amata ukwayo, ubuki ukwabwo, buri cyose gifitiye umubiri akamaro ndetse gifite n’ibyiza kizanira umubiri. Ariko nanone uruvange rwabyo rukaba ruzwiho kugira akamaro gatandukanye kihariye, nkuko muri iyi nkuru tugiye kubibona. Ikikubwira ko... Read more »

Mu ntangiriro z’ukwezi kwa Nyakanga nibwo mu Rwanda hamenyekanye inkuru nziza ku bakunzi b’Imyidagaduro kubera iserukiramuco ryiswe Iwacu Muzika Ryatangijwe aho ryazengurutse ibice byose by’Igihugu abahanzi bataramira abakunzi babo ,Kuri ubu iryo... Read more »

Boram umukobwa w’imyaka 6 ari mu byamamare bikomeye muri Koreye y’epfo kubera amashusho atangaza ku rukuta rwe twa YouTube bitewe n’umubare munini w’abamukurikira bimuhesha kwinjiza agatubutse kanatumye agura umuturirwa hagati mu murwa... Read more »

Kuri uyu wa Mbere tariki 29 Nyakanga hatangiye icyumweru cy’umuganura, cyatangijwe n’akarasisi kabaye mu rugendo rwatangirijwe i Remera rusorezwa muri Car free zone ahabereye igitaramo mbaturamugabo. Kuri Club Rafiki abasore n’inkumi bari... Read more »

Group Direction Music n’itsinda rigizwe n’abasore babiri Sean Protae ndetse na Dr Scientific bamenyekanye mu ndirimbo nyinshi kuri ubu iri tsinda ryashyiriye hanze indirimbo ebyiri icyarimwe imwe bise Ndacyagukunda na Njyubareka Ubwo... Read more »

Umuhanzi Harmonize ukunzwe na benshi muri Tanzania, yahishyuye urwo akunda umukunzi we Sarah ukomoka mu gihugu cy’Ubutaliyani mu ndirimbo ye nshyayise my Boo. Iyi ndirimbo Harmonize yayifatanyije na Q Chilla, akaba yarafashe... Read more »

Igikorwa cyo guhitamo abanyamideli bazamurika imyenda muri Rwanda Cultural Fashion Show 2019 (RCFS). Kitabiriwe n’abanyamideli 200. Bamwe muri aba banyamideli harimo ababigize umwuga ndetse n’abandi bakibitangira. Kitabiriwe kandi n’abanyamideli bakuze ndetse n’abato.... Read more »

Iradukunda Elsa wabaye Nyampinga w’u Rwanda 2017 yateguye irushanwa ryo koga ry’abana mu rwego rwo kubakundisha uyu mukino no gutanga ubutumwa bwo kurwanya ibiyobyabwenge.irushanwa ryabereye kuri Hotel La Palisse Nyandungu. Iri rushanwa... Read more »

Abahanzi barimo Riderman, Bruce Melodie n’abasore bo muri Green Ferry Music bishimiwe cyane mu gitaramo ngarukamwaka cyatangijwe na The Mane Music Label cyiswe ‘Kigali Summer Fest’. Ni igitaramo cyabaye kuri uyu wa... Read more »

Umuhanzi w’umunyarwanda uba muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Bagabo Adolphe, uzwi nka Kamichi yakoze ubukwe n’umugore we basanzwe babana, Ireen Maburuki, mu muhango wasusurukijwe na Meddy. Ni imihango yabereye mu Mujyi... Read more »