Menya akamaro ko Kunywa amata Avanze n’ubuki mbere yo gutera akabariro

Amata ukwayo, ubuki ukwabwo, buri cyose gifitiye umubiri akamaro ndetse gifite n’ibyiza kizanira umubiri. Ariko nanone uruvange rwabyo rukaba ruzwiho kugira akamaro gatandukanye kihariye, nkuko muri iyi nkuru tugiye kubibona. Ikikubwira ko... Read more »

East African Promoters yashyize hanze urutonde rw’abahanzi bazafatanya na Diamond Platnmmuz ku munsi wa Nyuma wa Iwacu Muzika Festival 2019.

Mu ntangiriro z’ukwezi kwa Nyakanga nibwo  mu Rwanda hamenyekanye inkuru nziza ku bakunzi b’Imyidagaduro kubera iserukiramuco  ryiswe  Iwacu Muzika  Ryatangijwe aho ryazengurutse  ibice byose by’Igihugu abahanzi bataramira abakunzi babo ,Kuri ubu iryo... Read more »

Umwana w’Imyaka 6 wo muri Koreya y’epfo yaguze igorofa ifite agaciro ka Miliyoni 8 kubera Youtube

Boram umukobwa w’imyaka 6 ari mu byamamare bikomeye muri Koreye y’epfo kubera amashusho atangaza ku rukuta rwe twa YouTube bitewe n’umubare munini w’abamukurikira bimuhesha kwinjiza agatubutse kanatumye agura umuturirwa hagati mu murwa... Read more »

Udushya twaranze akarasisi ko gutangiza icyumweru cy’umuganura I Kigali (Amafoto)

Kuri uyu wa Mbere tariki 29 Nyakanga hatangiye icyumweru cy’umuganura, cyatangijwe n’akarasisi kabaye mu rugendo rwatangirijwe i Remera rusorezwa muri Car free zone ahabereye igitaramo mbaturamugabo. Kuri Club Rafiki abasore n’inkumi bari... Read more »

auto ads

Dr Scientific na Sean Protae bashyiriye hanze icyarimwe indirimbo ebyiri iyo bise jyubareka na Ndacyagukunda

Group Direction Music n’itsinda rigizwe n’abasore babiri Sean Protae ndetse na Dr Scientific bamenyekanye mu ndirimbo  nyinshi kuri ubu iri tsinda ryashyiriye hanze indirimbo ebyiri icyarimwe  imwe bise Ndacyagukunda  na Njyubareka Ubwo... Read more »

Harmonize yahishyuye urwo akunda Sarah mu ndirimbo ye nshya yise my boo

Umuhanzi Harmonize ukunzwe na benshi muri Tanzania, yahishyuye urwo akunda umukunzi we Sarah ukomoka mu gihugu cy’Ubutaliyani mu ndirimbo ye nshyayise my Boo. Iyi ndirimbo Harmonize yayifatanyije na Q Chilla, akaba yarafashe... Read more »

Abanyamideli barenga 200 nibo bitabiriye amahitamo y’abazitabira igikorwa cya Rwanda Cultural Fashion Show 2019 (Amafoto)

Igikorwa cyo guhitamo abanyamideli bazamurika imyenda muri Rwanda Cultural Fashion Show 2019 (RCFS). Kitabiriwe n’abanyamideli 200. Bamwe muri aba banyamideli harimo ababigize umwuga ndetse n’abandi bakibitangira. Kitabiriwe kandi n’abanyamideli bakuze ndetse n’abato.... Read more »

Ikipe ya Mako Sharks niyo yegukanye irushanwa ryo koga ryateguwe na Miss Iradukunda Elsa

Iradukunda Elsa wabaye Nyampinga w’u Rwanda 2017 yateguye irushanwa ryo koga ry’abana mu rwego rwo kubakundisha uyu mukino no gutanga ubutumwa bwo kurwanya ibiyobyabwenge.irushanwa ryabereye kuri Hotel La Palisse Nyandungu. Iri rushanwa... Read more »

Rich Mavoko ntiyishimiwe mu gitaramo cya Kigali Summer fest .Riderman ashimangira ko yigaruriye imitima y’abanyarwanda

Abahanzi barimo Riderman, Bruce Melodie n’abasore bo muri Green Ferry Music bishimiwe cyane mu gitaramo ngarukamwaka cyatangijwe na The Mane Music Label cyiswe ‘Kigali Summer Fest’. Ni igitaramo cyabaye kuri uyu wa... Read more »

Kamichi yasezeranye n’umukunzi ubukwe bwabo bubera mu Amerika aho batuye

Umuhanzi w’umunyarwanda uba muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Bagabo Adolphe, uzwi nka Kamichi yakoze ubukwe n’umugore we basanzwe babana, Ireen Maburuki, mu muhango wasusurukijwe na Meddy. Ni imihango yabereye mu Mujyi... Read more »