
Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatanu tariki ya 30 Kanama 2019 mu cyumba cy’inama cya Kigali Arena habereye ikiganiro n’itangazamakuru ku bijyanye na Kwita izina Concert kizitabirwa n’icyamamare Ne-yo ndetse na... Read more »

Kw’Itariki ya 18 Kanama 2019 nibwo humvikanye inkuru y’icamugongo ko umubyeyi wa Miss Kayibada Mutesi Aurore yitabye Imana nyuma y’igihe gito arwariye muri Leta zunze Ubumwe z’Amerika aho bari batuye n’umuryango we... Read more »

Ku mugoroba wo ku wa Gatatu tariki 28 Kanama 2019, umuhanzi Humble Jizzo ubarizwa mu itsinda rya Ubarn Boys yatunguwe no kwisanga muri Radisson Blu Hotel akikijwe n’inshuti n’umuryango we bamwifuriza umunsi... Read more »

Mu mpera z’ukwezi gushize kwa Karindwi umujyu wa Kigali watangarije abanyakigali ndetse n’itangazamakuru ko ugiye kubategurira ibintu byinshi kandi byiza bizajya bituma babasha kuruhuka mu mutwe aho bazajya bidagadura bagasangira ndetse n’ibindi ... Read more »

Mu rukerera rwo ku wa 24 Kanama 2019 mu muryango wa Young Grace n’umusore babyaranye umwana baherutse kwibaruka byari ibyishimo byinshi ubwo Diamante yageraga kw’Isi Ni umwana uyu muraperikazi ubusanzwe witwa Abayizera... Read more »

Umuhoza Shariffa wegukanye ikamba rya Nyampinga ukunzwe 2016 ’Miss Popularity 2016’, yibarutse imfura ye y’umuhungu. Miss Sharifa ni umwe mu bakobwa bahataniye ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda 2016 akaza kwegukana ikamba rya... Read more »

Umunyabigwi Byumvuhore Jean Baptiste yageze ku Kibuga Mpuzamahanga cy’Indege cya Kigali muri iki gitondo aho aje kwitabira Igitaramo cyiswe charity Concert c yo kwizihiza imyaka Ijana Padiri akaba n’umubyeyi w’abamugaye mu Rwanda ... Read more »

Ikipe ya APR FC yatangarije ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru hano mu Rwanda ko itazitabira imikino y’irushanwa ry’Agaciro Football Tournament 2019 riteganyijwe gukinwa mu kwezi gutaha. Imikino y’iri rushanwa y’uyu mwaka iteganyijwe gukinawa hagati... Read more »

Umunyamideli Zari Hassan wahoze ari umugore w’umuhanzi wo muri Tanzania Diamond Platnumz, yagiriye inama T anasha Donna witegura kubyarana imfura n’uyu muhanzi ko yakomeza kuba maso akirinda kumwizera ngo amareyo kuko nawe... Read more »

Uko isi itera imbere niko ibintu byose bigenda bihinduka cyane harimo ubwiza bw’ibihugu ndetse n’ahantu nyaburanga bituma abantu benshi bavuga menshi cyane kubera ko isi muri iyi myaka irimo byinshi byiza .... Read more »