Meddy yijeje abanyarwanda ko bazabona byinshi mutari mumuziho (Amafoto)

Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatanu tariki ya 30 Kanama 2019 mu cyumba cy’inama cya Kigali Arena habereye ikiganiro n’itangazamakuru ku bijyanye na Kwita izina Concert kizitabirwa n’icyamamare Ne-yo ndetse na... Read more »

Mu gahinda kenshi mu muryango wa Miss Kayibanda Aurore wasezeye ku mubyeyi wabo bwa Nyuma

Kw’Itariki ya 18 Kanama 2019  nibwo  humvikanye inkuru y’icamugongo ko umubyeyi wa Miss Kayibada  Mutesi Aurore  yitabye Imana nyuma y’igihe gito arwariye muri Leta zunze  Ubumwe z’Amerika aho bari batuye n’umuryango we... Read more »

Humble Jizzo kw’isabukuru ye yatunguwe n’umugore ndetse n’umubyeyi we (Amafoto)

Ku mugoroba wo ku wa Gatatu tariki 28 Kanama 2019, umuhanzi Humble Jizzo ubarizwa mu itsinda rya Ubarn Boys yatunguwe no kwisanga muri Radisson Blu Hotel akikijwe n’inshuti n’umuryango we bamwifuriza umunsi... Read more »

Mico The Best ,Danny Vumbi na King James Bazataramira abanyakigali mu gitaramo gisoza ukwezi

Mu mpera z’ukwezi gushize kwa Karindwi  umujyu wa Kigali   watangarije abanyakigali  ndetse n’itangazamakuru ko  ugiye kubategurira ibintu  byinshi kandi byiza bizajya bituma babasha kuruhuka mu mutwe  aho bazajya bidagadura bagasangira  ndetse  n’ibindi ... Read more »

auto ads

Anca Ae’eedah Ai bivuze impano y’ubuntu bw’Imana yaturuste ku rukundo : Young Grace

Mu rukerera rwo ku wa 24 Kanama 2019 mu muryango wa Young Grace n’umusore babyaranye umwana baherutse kwibaruka byari ibyishimo byinshi ubwo Diamante yageraga kw’Isi Ni umwana uyu muraperikazi ubusanzwe witwa Abayizera... Read more »

Umuhoza Shariffa yibarutse imfura y’umuhungu

Umuhoza Shariffa wegukanye ikamba rya Nyampinga ukunzwe 2016 ’Miss Popularity 2016’, yibarutse imfura ye y’umuhungu. Miss Sharifa ni umwe mu  bakobwa bahataniye ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda 2016 akaza kwegukana ikamba rya... Read more »

Byumvuhore Jean Baptiste yageze I Kigali aho aje kwitabira charity Concert

Umunyabigwi  Byumvuhore Jean Baptiste  yageze ku Kibuga Mpuzamahanga cy’Indege cya Kigali   muri iki gitondo aho aje kwitabira  Igitaramo cyiswe charity Concert  c yo kwizihiza imyaka Ijana Padiri akaba n’umubyeyi w’abamugaye mu Rwanda ... Read more »

APR yatangaje ko itazitabira imikino y’Agaciro Football Tournament

Ikipe ya APR FC yatangarije ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru hano mu Rwanda ko itazitabira imikino y’irushanwa ry’Agaciro Football Tournament 2019 riteganyijwe gukinwa mu kwezi gutaha. Imikino y’iri rushanwa y’uyu mwaka iteganyijwe gukinawa hagati... Read more »

Tanasha akomeje kugirwa inama na Mukeba we Zari

Umunyamideli Zari Hassan wahoze ari umugore w’umuhanzi wo muri Tanzania Diamond Platnumz, yagiriye inama T anasha Donna witegura kubyarana imfura n’uyu muhanzi ko yakomeza kuba maso akirinda kumwizera ngo amareyo kuko nawe... Read more »

Ibihugu 5 bya mbere kw’isi bifite abakobwa beza cyane (Amafoto)

Uko isi itera imbere niko ibintu byose bigenda bihinduka cyane harimo ubwiza bw’ibihugu ndetse n’ahantu nyaburanga  bituma abantu benshi bavuga menshi  cyane  kubera ko isi muri iyi myaka  irimo byinshi byiza .... Read more »