Igor Mabano agiye kumurika alubumu ye ya mbere yise 《Urakunzwe》

Umuhanzi akaba n’umwarimu mu ishuri rya muzika rya Nyundo, Igor Mabano yatangaje ko agiye kumurika Album ye ya mbere yitiriye indirimbo ye “Urakunzwe” Kuri uyu wa Kabiri tariki 28 Mutarama 2020 ni... Read more »

Kenya :Umuntu wa mbere yagarahayeho Virus ya Coronavirus imaze guhitana abatari bake mu bushinwa

Umuntu wa mbere mu gihugu cya Kenyayagaragaje ibimenyetso bya Virus ya Coronavirus imaze guhitana abagera ku 106 mu Bushinwa. Ibi byabaye ubwo uyu munyeshuri yageraga ku kibuga cy’indege cya Jomo Kenyatta Airport,... Read more »

Niyo Bosco yishimiwe byo mu rwego rwo hejuru mu birori byo guhemba indirimbo zatowe cyane Muri MNI

Ku mugoroba wo  ku gatandatu tariki ya  25 Mutarama 2020 nibwo igikorwa cyo  guhemba indirimbo eshatu zatowe cya  ku ruburwa rwa Muzika  Nyarwanda Ipande (MNI) igikorwa cyabereye mu nyuubako ya  Fair View... Read more »

Umunyarwenya Daliso Chiponda yasekeje abitabiriye Seka Live karahava (Amafoto)

Abanyarwenya batandukanye barangajwe imbere na Daliso Chiponda wo muri Malawi bashimishije bikomeye abantu bitabiriye igitaramo cya Seka Live gitangiza umwaka wa 2020. Iki gitaramo cyatangijwe n’abanyarwenya bakizamuka bari bayobowe na Zaba Missed... Read more »

auto ads

Abanyarwenya bagize Comedy Knight basubukuye ibitamo bya Live Laugh Lager.(Amafoto)

Ku tariki  ya 16 Kanama 2019 nibwo  Uruganda ‘Skol Brewery Ltd Rwanda’ rwenga ibinyobwa rwashyize hanze ku mugaragaro icupa rishya rya Skol Lager , hanatangizwa ubufatanye bw’uru ruganda n’itsinda ry’abanyarwenya bagize Comedy... Read more »

urupfu rwa Kobe Bryant rwashegeshe benshi mu isi yose

Kobe Bryant wanditse amateka mu mukino w’intoki wa Basketball, yitabye Imana ku myaka 41 kuri iki Cyumweru mu mpanuka y’indege ya kajugujugu yahitanye abandi bantu bane barimo n’umukobwa we w’imyaka 13. Ni... Read more »

UHATANIRA MISS RWANDA 2020 YAFASHWE KUNGUFU AFITE IMYAKA 6 YATANZE UBUHAMYA

Uwase Aisha uri mu bakobwa 54 bahataniye ikamba rya Miss Rwanda 2020 bazavamo 20 bazajya mu mwiherero, yahishuye ko ku myaka itandatu y’amavuko yafashwe ku ngufu n’umukozi wakoraga iwabo. Uyu mukobwa w’imyaka... Read more »

Umuraperi Rippy Knoss arifuza kuzakorana indirimbo na Riderman

Umuhanzi  Ndungutse Charles uzwi kw’izina  rya Rippy Knoss ni umusore w’umunyarwanda  ukorera muziki ye ku mugabane w’Amerika  mu gihugu cya Canada . Uyu  musore  watanginye muzika  mu bwana  bwe muri 2012 aho... Read more »

BreakingNews: Kiyovu Sports isimbuye Rayon Sports yivanye mu gikombe cy’Ubutwari

Mu gihe habura amasaha makeya ngo irushanwa ry’Ubutwari ritangire kuri uyu wa gatandatu; ikipe ya Rayon Sports yatangaje ko yikuye muri iri rushanwa kubera impamvu zo kutumvikana na Ferwafa ku itegeko ryo... Read more »

Abazitabira igitaramo cya Kassav na Christopher bijejwe ibitangaza bikomeye

Mu gihe  abanyarwanda  benshi bafite amatsiko yo gutaramana n’itsinda rya Kassav rigizwe na  Pierre Edouard Décimus , Jacob Desvarieux,Georges Décimus,Jocelyne Béroard,Jean-Philippe Marthély,Jean-Claude Naimro ku munsi w’abakundana kw’itariki 14 Gashyantare  bari kumwe  na... Read more »