
Umuhanzi akaba n’umwarimu mu ishuri rya muzika rya Nyundo, Igor Mabano yatangaje ko agiye kumurika Album ye ya mbere yitiriye indirimbo ye “Urakunzwe” Kuri uyu wa Kabiri tariki 28 Mutarama 2020 ni... Read more »

Umuntu wa mbere mu gihugu cya Kenyayagaragaje ibimenyetso bya Virus ya Coronavirus imaze guhitana abagera ku 106 mu Bushinwa. Ibi byabaye ubwo uyu munyeshuri yageraga ku kibuga cy’indege cya Jomo Kenyatta Airport,... Read more »

Ku mugoroba wo ku gatandatu tariki ya 25 Mutarama 2020 nibwo igikorwa cyo guhemba indirimbo eshatu zatowe cya ku ruburwa rwa Muzika Nyarwanda Ipande (MNI) igikorwa cyabereye mu nyuubako ya Fair View... Read more »

Abanyarwenya batandukanye barangajwe imbere na Daliso Chiponda wo muri Malawi bashimishije bikomeye abantu bitabiriye igitaramo cya Seka Live gitangiza umwaka wa 2020. Iki gitaramo cyatangijwe n’abanyarwenya bakizamuka bari bayobowe na Zaba Missed... Read more »

Ku tariki ya 16 Kanama 2019 nibwo Uruganda ‘Skol Brewery Ltd Rwanda’ rwenga ibinyobwa rwashyize hanze ku mugaragaro icupa rishya rya Skol Lager , hanatangizwa ubufatanye bw’uru ruganda n’itsinda ry’abanyarwenya bagize Comedy... Read more »

Kobe Bryant wanditse amateka mu mukino w’intoki wa Basketball, yitabye Imana ku myaka 41 kuri iki Cyumweru mu mpanuka y’indege ya kajugujugu yahitanye abandi bantu bane barimo n’umukobwa we w’imyaka 13. Ni... Read more »

Uwase Aisha uri mu bakobwa 54 bahataniye ikamba rya Miss Rwanda 2020 bazavamo 20 bazajya mu mwiherero, yahishuye ko ku myaka itandatu y’amavuko yafashwe ku ngufu n’umukozi wakoraga iwabo. Uyu mukobwa w’imyaka... Read more »

Umuhanzi Ndungutse Charles uzwi kw’izina rya Rippy Knoss ni umusore w’umunyarwanda ukorera muziki ye ku mugabane w’Amerika mu gihugu cya Canada . Uyu musore watanginye muzika mu bwana bwe muri 2012 aho... Read more »

Mu gihe habura amasaha makeya ngo irushanwa ry’Ubutwari ritangire kuri uyu wa gatandatu; ikipe ya Rayon Sports yatangaje ko yikuye muri iri rushanwa kubera impamvu zo kutumvikana na Ferwafa ku itegeko ryo... Read more »

Mu gihe abanyarwanda benshi bafite amatsiko yo gutaramana n’itsinda rya Kassav rigizwe na Pierre Edouard Décimus , Jacob Desvarieux,Georges Décimus,Jocelyne Béroard,Jean-Philippe Marthély,Jean-Claude Naimro ku munsi w’abakundana kw’itariki 14 Gashyantare bari kumwe na... Read more »