
Gusoma ni ikimenyetso cy’urukundo kuri bamwe, kikaba ikimenyetso cy’imyitwarire mibi ku bandi.Mu muco wa kinyafurika, gusomana byo bisa n’aho ari bishya, ubikoze afatwa nk’umunyamahanga cyangwa se uwataye umuco. Wenda muri iki gihe... Read more »

Sosiyete y’itumanaho ya Airtel Rwanda iratangaza ko yiteguye guha aba motari bakorera mu mujyi wa Kigali jile nshya, inabashyiriraho uburyo bwo kwishyurwa hakoshejwe ikoranabuhanga kuri Airtel Money hagamijwe gukomeza kwirinda icyorezo cya... Read more »

Ikigo cy’igihugu cy’ubuzima (RBC) cyatangaje ko abakize Coronavirus bashobora kuzifashishwa mu kuvura abandi bayanduye aho hari gukorwa ubushakashatsi ku budahangarwa ku buryo hari igice cy’amaraso kigizwe n’amazi ari nacyo gitwara abasirikare barwanya... Read more »

Umugabo yishe Nyina umubyara nyuma yo kumujugunya munzu iri gushya yarangiza agahita amukingirana bikaza no kuviramo uyu mubyeyi kwitaba Imana. Umugabo witwa Jared Masanya wo muri Kenya yishe Nyina nyuma yo kumugunya... Read more »

Guverineri w’intara y’amajyaruguru Gatabazi JMV wari umaze imyaka igera kuri itatu ari guverineri w’iyi ntara yasabye imbabazi Perezida Kagame ndetse na FPR-INKOTANYI nyuma yo kwirukanwa kubera amakosa yakoze. Nyuma yaho Gatabazi JMV... Read more »

Umuhanzi Eddy Kenzo wo mu gihugu cya Uganda ndetse uyu muhanzi akaba afite izina rikomeye ku rwego mpuzamahanga yatangaje ikintu kimuhangayikishije kurusha ibindi muri uyu mwaka. Eddy Kenzo numwe mu bahanzi bafite... Read more »

kuri uyu wa Mbere tariki 25 Gicurasi 2020 Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yahagaritse ku mirimo ba Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru, Gatabazi Jean Marie Vianney na mugenzi we w’Intara y’Amajyepfo, Gasana... Read more »

Umubyeyi witwa Mukashumbusho ndetse na Moses batuye mu Zindiro ahazwi nko kwa Nayinzira baherutse kwibaruka umwana ariko umwana avuka afite ubumuga bukomeye ku mutwe nkuko ifoto ye ibigaragaza. Nk’uko Kigalihit.rw yamenye aya... Read more »

Muri Czech Republic ubwo bafunguraga restaurant n’utubari kuri uyu wa mbere kuwa 25 gicurasi byabaye inkuru nziza kubakunzi b’utubari n’aza restaurant doreko urwengero runini muri iki gihugu uyu munsi rugiye kugaruka ndetse... Read more »

Ibyavuye mu matora by’agateganyo byari bitegerejwe kuwa mbere cyangwa kuwa kabiri, gusa mu ijoro ryacyeye hatangajwe ibimaze kuboneka mu majwi yabazwe, umukandida wa CNDD-FDD ni we uri imbere, ibi byamaganwe n’ishyaka CNL.... Read more »