
Umuhanzi Nyarwanda witwa Slega Boy afatanyije na PVO Banks yashyize hanze indirimbo ashishikariza abantu kutizera Imana y’abazungu ahubwo bo bakizera gakondo yabo bagendeye ku mana abakera bemeraga. Slega Boy n’umwe mu bahanzi... Read more »

Kuri iki Cyumweru ni bwo shampiyona yo mu gihugu cya Tanzania yasozwaga hakinwa imikino y’umunsi wa nyuma, aho ikipe ya Young Africans yatsinze ikipe ya Lipuli igitego 1-0, nyuma yaho umutoza Luc... Read more »

Muneza Christopher, uzwi nka Christopher wubatse izina mu muziki mu Rwanda yatangiye ubucuruzi bw’ubunyobwa. Uyu muhanzi yabwiye Kigalihit.rw ko ari ibintu amaze igihe kinini atekereza ariko akaba yarabishyize mu ngiro mu mezi... Read more »

Isozwa rya Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Bwongereza, Premier League, ryasize amakipe ya Manchester United na Chelsea abonye itike yo gukina UEFA champions League mu mwaka utaha w’imikino mu gihe Aston Villa... Read more »

Umukobwa wemeza ko yabyaranye na Bruce Melodie ndetse n’umwana babyaranye kuri ubu akaba amaze kuba mukuru uyu mukobwa akaba yagaragaye mu mashusho y’indirimbo y’umuhanzi Nyarwanda ndetse akaba anemeza ko abona Bruce Melodie... Read more »

Umunyarwanda yarateruye ati “Abajya inama Imana irabasanga”. Ni ijambo rigaragaza ishusho y’uko abashyize hamwe nta kibananira kandi bagera kuri byinshi byiza mu gihe gito. Ibi byashimangirwa n’uburyo mu minsi ishize Bruce Melodie... Read more »

Arsenal yamuritse umwambaro mushya izakoresha mu mwaka utaha ku mikino yakiriye, wakozwe na Adidas iyambika ndetse ugaragaraho abafatanyabikorwa bayo barimo na Visit Rwanda. Uyu mwambaro wamuritswe kuri uyu wa Gatanu. Nk’ibisanzwe ugizwe... Read more »

Jean Daniel Sindayigaya cyangwa JDS nk’uko akunda kwiyita, ni umunyamakuru wa Radiyo Rwanda umazeyo imyaka icumi, azwi cyane mu kuvuga amakuru mu Kinyarwanda nubwo bitamubuza kugira ibindi biganiro akora. Usibye kuba wumva... Read more »

Mani Martin yashyize hanze indirimbo nshya yise ‘Isezerano’ ivuga ku muntu uha isezerano umukunzi we ryo kumukunda iteka kandi akazirinda kumubabaza bakabaho mu munyenga w’urukundo. Hari aho aririmba ati “Ngusezeranyije kutazigera nkubabaza... Read more »

Cristiano Ronaldo yujuje ibitego 51 mu mikino 61 akinira Juventus, aba umukinnyi wa mbere wujuje ibitego 50 muri Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Butaliyani, Serie A, mu gihe gito. Aka gahigo Ronaldo... Read more »