Umuhanzi Nyarwanda yashyize hanze indirimbo ashishikariza abantu kutemera Imana y’abazungu ahubwo bakizera gakondo

Umuhanzi Nyarwanda witwa Slega Boy afatanyije na PVO Banks yashyize hanze indirimbo ashishikariza abantu kutizera Imana y’abazungu ahubwo bo bakizera gakondo yabo bagendeye ku mana abakera bemeraga. Slega Boy n’umwe mu bahanzi... Read more »

Ikipe ya Young Africans yo muri Tanzania imaze gusezerera umutoza Luc Eymael nyuma yo gutangaza amagambo atishimiwe arimo n’irondaruhu.

Kuri iki Cyumweru ni bwo shampiyona yo mu gihugu cya Tanzania yasozwaga hakinwa imikino y’umunsi wa nyuma, aho ikipe ya Young Africans yatsinze ikipe ya Lipuli igitego 1-0, nyuma yaho umutoza Luc... Read more »

Umuhanzi christopher yinjiye mu bucuruzi.

Muneza Christopher, uzwi nka Christopher wubatse izina mu muziki mu Rwanda yatangiye ubucuruzi bw’ubunyobwa. Uyu muhanzi yabwiye Kigalihit.rw ko ari ibintu amaze igihe kinini atekereza ariko akaba yarabishyize mu ngiro mu mezi... Read more »

Manchester United, Chelsea na Aston Villa mu byishimo ku munsi wa nyuma wa Premier League.

Isozwa rya Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Bwongereza, Premier League, ryasize amakipe ya Manchester United na Chelsea abonye itike yo gukina UEFA champions League mu mwaka utaha w’imikino mu gihe Aston Villa... Read more »

auto ads

Umukobwa wemeza ko yabyaranye na Bruce Melodie yagaragaye mu mashusho y’indirimbo y’umuhanzi Nyarwanda atangaza ko mu bagore Melody ashaka kuzigira nka Diamond

Umukobwa wemeza ko yabyaranye na Bruce Melodie ndetse n’umwana babyaranye kuri ubu akaba amaze kuba mukuru uyu mukobwa akaba yagaragaye mu mashusho y’indirimbo y’umuhanzi Nyarwanda ndetse  akaba  anemeza  ko  abona  Bruce  Melodie... Read more »

Uko Isibo TV yahembuye benshi biganjemo urubyiruko

Umunyarwanda yarateruye ati “Abajya inama Imana irabasanga”. Ni ijambo rigaragaza ishusho y’uko abashyize hamwe nta kibananira kandi bagera kuri byinshi byiza mu gihe gito. Ibi byashimangirwa n’uburyo mu minsi ishize Bruce Melodie... Read more »

Arsenal yamuritse imyambaro mishya iriho ikirango cya Visit Rwanda (Amafoto

Arsenal yamuritse umwambaro mushya izakoresha mu mwaka utaha ku mikino yakiriye, wakozwe na Adidas iyambika ndetse ugaragaraho abafatanyabikorwa bayo barimo na Visit Rwanda. Uyu mwambaro wamuritswe kuri uyu wa Gatanu. Nk’ibisanzwe ugizwe... Read more »

Umwarimu wabaye umunyamakuru! Ibyo wamenya kuri Jean Daniel Sindayigaya umaze imyaka 10 kuri Radiyo Rwanda

Jean Daniel Sindayigaya cyangwa JDS nk’uko akunda kwiyita, ni umunyamakuru wa Radiyo Rwanda umazeyo imyaka icumi, azwi cyane mu kuvuga amakuru mu Kinyarwanda nubwo bitamubuza kugira ibindi biganiro akora. Usibye kuba wumva... Read more »

Mani Martin yakoze indirimbo yishyize mu mwanya w’umusore usezeranya umukunzi we kuzamuba hafi iteka.

Mani Martin yashyize hanze indirimbo nshya yise ‘Isezerano’ ivuga ku muntu uha isezerano umukunzi we ryo kumukunda iteka kandi akazirinda kumubabaza bakabaho mu munyenga w’urukundo. Hari aho aririmba ati “Ngusezeranyije kutazigera nkubabaza... Read more »

Cristiano Ronaldo yabaye umukinnyi wa mbere wujuje ibitego 50 muri Shampiyona y’u Butaliyani mu gihe gito

Cristiano Ronaldo yujuje ibitego 51 mu mikino 61 akinira Juventus, aba umukinnyi wa mbere wujuje ibitego 50 muri Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Butaliyani, Serie A, mu gihe gito. Aka gahigo Ronaldo... Read more »