Paul Rusesabagina yatawe muri yombi Rib yamweretse Itangaza makuru(Amafoto)

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko rwataye muri yombi Paul Rusesabagina aho ubu afungiye kuri Station ya Polisi ya Remera. Mu masaha y’igitondo yo kuri uyu wa Mbere nibwo Rusesabagina yeretswe itangazamakuru... Read more »

Rwanda: Polisi yarashe umusore wafatiwe mu kabari yarenze ku mabwiriza yo kwirinda COVID-19

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Ngoma yarashe umusore witwa Nsengiyumva Evariste wari utuye mu Murenge wa Zaza wafatiwe mu kabari n’abandi bantu bari kunywa inzoga barenze ku mabwiriza yo kwirinda... Read more »

Kigali: Abantu 21 barimo ibyamamare bafatiwe mu birori barenze ku mabwiriza yo kwirinda COVID-19

Polisi y’Igihugu yatangaje ko yafashe abantu 21 muri 35 bitabiriye ibirori byiswe “Les Samedis Sympas” byateguwe n’umunyamideli Juan Nsabiye, igikorwa gihabanye n’amabwiriza yo kwirinda icyorezo cya COVID-19. Ibi birori byabereye muri hotel... Read more »

Inzego za Gisirikare hagati y’u Rwanda n’u Burundi zahuriye mu biganiro bigamije kwiga ku mubano w’ibihugu byombi

Inzego zishinzwe iperereza mu gisirikare cy’u Rwanda n’u Burundi, zahuriye mu biganiro ku mupaka wa Nemba uhuza ibi bihugu byombi, bigamije gushakira hamwe umuti w’ibibazo byakunze kurangwa hagati yabyo. Imyaka ikomeje kwihirika... Read more »

auto ads

Kimenyi Yves yasabwe kwigomwa ibyo agombwa na Rayon Sports akaba umukinnyi wa Kiyovu Sports

Umunyezamu Kimenyi Yves uheruka gusinyira Kiyovu Sports, yasabwe na Rayon Sports yakiniraga kwigomwa ibyo imugomba kugira ngo ahabwe urupapuro rumwemerera kuyivamo. Kimenyi wageze muri Rayon Sports muri Nyakanga 2019 avuye muri APR... Read more »

Rwanda: Ibishingirwaho kugira ngo umusirikare azamurwe mu mapeti

Mu nzego za gisirikare, ipeti ni ikintu gikomeye cyane kuko nicyo gishingirwaho mu kazi, kuko umusirikare ufite ipeti ryo hejuru aba aruta ufite ipeti ryo hasi haba mu cyubahiro agombwa, umushahara n’inshingano... Read more »

IBIRORI BYO GUTERA IVI MWISENEZA JOSIANNE

Mwiseneza Josiane wegukanye ikamba ry’umukobwa ukunzwe [Miss Popularity] mu irushanwa rya Miss Rwands 2019 yambitswe impeta y’urukundo n’umusore witwa Tuyishimire Christian bamaze igihe gisaga imyaka ibiri (2 ) bakundana akaba atuye mu... Read more »

Abafite abakunzi kubafata neza nibyo umuhanzi Jason CBoy yibanzeho mu ndirimbo nshya Take Care yashyize hanze

Umuhanzi Cboy yashyize hanze indirimbo nshya yitwa Take Care muri iyi ndirimbo akaba ashishariza abafite abakunzi kubafata neza ndetse banitondera kwitondera ibyo bahura  nabyo  mu buzima  bwa buri munsi ahubwo bagaha umwanya... Read more »