
Umupolisi wo muri California y’Amajyepfo yahagaritswe ku kazi by’agateganyo nyuma yo gufatwa akubita umugore wari wambaye amapingu, akamwamururwaho na bagenzi be. Amashusho yakwirakwijwe kuwa Gatatu w’iki cyumweru agaragaza umugore witwa Ciomara Garcia... Read more »

Icyishaka David umaze kwamamara mu muziki nka Davis D na Ngabo Richard uzwi nka Kevin Kade batawe muri yombi bakurikiranyweho icyaha cyo gusambanya umwana n’ubufatanyacyaha mu gusambanya umwana w’umukobwa w’imyaka 17. KANDA... Read more »

Jay Polly yafatanywe ibiyobyabwenge bituma atarangiza vuba, urumogi n’ibindi,reba abakobwa barikumwe
Muri gahunda yayo ya buri munsi yo gukurikirana iyubahirizwa ry’amabwiriza yo kwirinda ikwirakwira rya Coronavirus, Polisi y’u Rwanda yafashe abantu 12 barimo umuraperi Tuyishime Joshua [Jay Polly] banyuranyije nayo ndetse bari no... Read more »

Umuhanzikazi w’umunyarwanda Babo, utuye mu Budage yagaragaje umukobwa bakundana ku munsi we w’amavuko. KANDA HANO UREBE VIDEO Uyu mukobwa yashyize amashusho kuri Instagram agaragaza we n’undi mukobwa bari mu rukundo basomana byimbitse... Read more »

Umurambo w’uwahoze ari perezida wa Tchad, Idriss Deby, washyinguwe uyu munsi mu muhango witabiriwe n’abakuru b’ibihugu bagera kuri 12 bari i N’Djamena mu mihango yo kumusezeraho. KANDA HANO UREBE VIDEO Muri aba... Read more »

Akenshi burya abagore bahuje umugabo 5% barebana ay’ingwe dore ko bamwe bavuga ngo “Hari ibidasangirwa”, baba bashatse kuvuga ko umugore/umugabo adasangirwa, gusa hari n’abakundana cyane. Umugabo yatunguwe no gufata abagore be 2... Read more »

Ubusanzwe abagabo bakunze kugaragara nk’abatagira ikintu na gito bitaho, gusa imbere muri bo mu buryo twakita guceceka bita ku bintu cyane ndetse abahanga bagaragaza ko barusha kure abagore kwita ku bintu bimwe... Read more »

Ni kenshi usanga abantu benshi bahora mu marira ngo abakunzi babo barabatendeka cyangwa ngo babaca inyuma nyamara akenshi usanga hari ababigiramo uruhare kugira ngo bibabeho. KANDA HANO UREBE Ni byinshi byagiye bigaragara... Read more »

Iby’iyi nkuru byakwiye ku mbuga nkoranyamabaga ndetse bica no kuri televiziyo nyuma yaho inkumi n’umusore bakundana bari mu ndege bajya gusangira agahiye maze bakayimanura bitunguranye inkumi ikibaza ibibaye maze umusore aramutungura atera... Read more »

Umuraperi Black Rob wamenyekanye muri Label y’umuraperi P. Diddy yise Bad Boy, yitabye Imana aguye mu bitaro bya Atlanta kuri uyu wa Gatandatu tariki 17 Mata 2021, afite imyaka 51 y’amavuko. KANDA... Read more »