Dore amabanga 3 abakobwa basigaye barinda bikomeye abasore

Ni kenshi bivugwa ko abagabo cyangwa se ab’igitsina gabo aribo bantu badakunze kuvuga ibiberekeyeho gusa burya n’abagore bagira ibanga bikomeye kuri bimwe mu biranga ndetse n’ibyiyumviro byabo cyane cyane bagakunda kubigira ibanga... Read more »

Umwami Mswati umerewe nabi n’abashaka Demokarasi biravugwa ko yahunze igihugu

Abashinzwe umutekano muri Eswatini – yahoze yitwa Swaziland – basakiranye n’abigaragambya bari gusaba impinduka mu itegekoshinga. Iyi myigaragambyo yari ikomeye cyane muri weekend ishize, nubwo bwose leta yari yabujije ibikorwa byose byo... Read more »

Menya ibintu by’ingenzi bizakwereka ko umugore wawe mubana atakwiyumvamo habe nagato

Hari igihe kigera abashakanye bakaba batakishimirana nkuko byari mbere ndetse ibi bikarenza ibyo kurakaranya k’umunsi umwe, bigafata igihe kirekire kuburyo usanga umwe asa n’uwazinutswe undi, atakimwishimira nkuko bitangazwa n’urubuga Elcrema. KANDA HANO... Read more »

Umugabo yibagiwe ko yashyingiwe arongera akundana n’umugore we (Amafoto)

Mu mpera z’umwaka ushize mu Ukuboza ku mugoroba wo ku wa Gatandatu ubwo Peter n’umugore we Lisa Marshall bari bicaye iwabo bareba televiziyo, Peter yarahindukiye abaza Lisa niba yakwemera gushyingiranwa na we.... Read more »

auto ads

Dore Ibimenyetso simusiga bizakwereka ko umugabo wawe hari icyo aguhisha

Ku babanza kuragiza Imana urugo rwabo, akenshi nyuma yo kwambikana impeta uwihaye Imana umaze kubasezeranya ababwira ko babaye umubiri umwe. No mu ndahiro, bemera ko bazabana mu bibi no mu byiza. Izo... Read more »

Myugariro w’ikipe ya Police Fc n’ikipe y’igihugu, Amavubi, Muvandimwe Jean Mari Vianney yasezeranye mu mategeko n’umukunzi we, Soleil yari amaze iminsi mike atereye ivi

Myugariro w’ikipe ya Police Fc n’ikipe y’igihugu, Amavubi, Muvandimwe Jean Mari Vianney yasezeranye mu mategeko n’umukunzi we, Soleil yari amaze iminsi mike yambitse impeta amusaba ko yakwemera kumubera umugore. Kuwa Kabiri tariki... Read more »

Dore Abakobwa beza kurusha abandi muri Kaminuza yu Rwanda Rukara CAMPUS

Nyuma y’ubusesenguzi bwuje ubuhanga, ubushishozi n’ubwitonzi buhanitse, kimwe nubushakashatsi kigalihit.rw yakoreye muri kaminuza y’Urwanda ishami rya Rukara hifashishije abanyeshuri bahiga, Hagaragajwe ko hari abakobwa 10 beza barusha abandi ubwiza,ubwenge,n’umuco(beauty,brain,and culture) aribo aba... Read more »

Dore ibintu ushobora gukorera umugore wawe bikamugarurira ibyishimo mu gihe wamurakaje

Mwereke ko umwitayeho Igitsina gore gikunda kwitabwaho cyane niba koko mukundana uzirinde kumwereka ko utamwitayeho ahubwo umunsi ku wundi ujye umuba hafi. mu buzima uzaba umuremyemo icyizere ndetse no kumva ko nta... Read more »

Umuhanzi Mico The Best Nyuma yo gusohora indirimbo ye Nshya” Amabiya’ yafashwe n’uburwayi bwamubujije kuyamamaza

Mico The Best umaze igihe gito asohoye indirimbo nshya ya ‘Amabiya’ yafashwe n’uburwayi butunguranye bituma ahita ahagarika ibikorwa bye byo kumenyekanisha iyi ndirimbo Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu 23 Kamena... Read more »

Harmonize yakarabye intoki akoresheje inzoga yamamazwa na Diamond Platnumz (Amafoto)

Umuhanzi Harmonize uri mu bakunzwe cyane muri Afurika,yagaragaye ari gukaraba intoki ze akoresheje inzoga ya Belaire iri mu zikunzwe ndetse isanzwe yamamazwa na Diamond Platnumz. Harmonize amaze iminsi adacana uwaka n’uwahoze ari... Read more »