
Myugariro w’ikipe y’igihugu Amavubi ukina aca ku ruhande rw’ibumoso muri APR FC, Imanishimwe Emmanuel uzwi nka Mangwende, yerekeje mu ikipe ya gisirikare ikina icyiciro cya mbere muri Maroc yitwa ‘FAR Rabat’ aho... Read more »

Umugore witwa Sophie Rodgers w’imyaka 44,yahuye n’uruva gusenya ubwo yageragezaga gukangura umugabo we ngo batere akabariro ahanuka ku buriri bimuviramo kugagara [paralysed] umubiri we. Ubwo madamu Sophie yashakaga kujya hejuru y’umugabo we... Read more »

Mu gihugu Indonesia mu gace kitwa Toraja ko muri Sulawesi,abantu bamwe ntibashyingura ababo bapfuye ahubwo babambika imyenda bakabagumisha mu nzu bakajya babagaburira bakanabaha itabi. Aba baturage ngo babika imibiri y’ababo bapfuye igihe... Read more »

Umugabo witwa James Mwaura, wavuye iwe mu rugo mu myaka 47 ishize agiye guhaha umuceri kuri butike, agatakara, yongeye kubona inzira imwerekeza iwabo i Molo, mu karere ka Nakuru, abifashijwe na facebook.... Read more »

Ezee yavuze byinshi abantu bibaza ndetse n’ibyakurikiye indirimbo ’Please Me’ ya Juno Kizigenza birimo ibitutsi, amagambo menshi n’ibindi ariko we akavuga ko atari byo aha agaciro ahubwo aha agaciro iterambere ry’aho ashaka... Read more »

Kuri uyu wa Gatanu tariki 30 Nyakanga 2021 Perezida Paul Kagame yayoboye Inama y’Abaminisitiri yabereye muri Village Urugwiro, ifatirwamo imyanzuro itandukanye irimo n’ingingo ivuga ko Guma mu rugo yavanyweho muri Kigali no... Read more »

Kapiteni w’ikipe y’igihugu Amavubi Haruna Niyonzima yagarutse muri As Kigali yitegura imikino nyafurika. Ku myaka 31 Haruna Niyonzima yagarutse mu ikipe ya As Kigali yabereye Kapiteni mu 2019. Haruna uherutse gutandukana na... Read more »

Umunyarwandakazi Yolo The Queen wamamaye cyane kubera amafoto agaragaza imiterere ye atandukanye yagiye ashyira ku mbuga nkoranyambaga by’umwihariko Instagram, yatunguye benshi ubwo yasubizaga bamwe mu bafana be bamubajije nimba akiri isugi n’inkomoko... Read more »

Uwayezu Sylvie ukoresha izina Visha Keiz mu muziki ni umuhanzikazi nyarwanda ukora umuziki wo mu njyana ya DancerHall, uyu muhanzikazi yemeza ko ashaka kugeza umuziki Nyarwanda ku yindi ntera by’umwihariko mu bahanzikazi... Read more »

Meddy yifashishije Yesu mugusubiza abakomeja kumwiha barimo na bamwe mu bahanzi bagenzi be (Amafoto)
Muri iyi minsi mu Rwanda mu gisata cy’imyidagaduro inkuru uri gusanga igarukwaho cyane ni indirimbo “My Bow” ya Meddy yakoze atura Umugore we. Benshi bagaruka kuri iyi ndirimbo nibamwe batuyimvisha ukuntu yaba... Read more »