
Twahitwa Moses ukuriye inzu y’imideli ya Moshions yatunguranye ku rubuga rwe rwa Instagram ubwo yatangazaga ko yavuze Yego ku musore nawe uzwi mu mideli Mizero Cedric ngo bitegura kuzabana. Uyu musore umaze... Read more »

Umupasiteri witwa Apôtre D. Franklin Snorton, washinze itorero ryitwa Eglise centrale de Philadelphie Image of Christ Deliverance ahitwa Kakata muri Margibi,mu gihugu cya Liberia,yatawe muri yombi ashinjwa gusambanya umugore w’imyaka 21 utwite.... Read more »

Bamwe mu rubyiruko rw’abasore mu Karere ka Gicumbi, ntibagikozwa ibyo gutereta abakobwa bari mu kigero kimwe, basigaye biteretera abagore bakuze n’abapfakazi kuko ari bo bafite urukundo n’amafaranga nk’uko bivugwa n’abakobwa n’abahungu bo... Read more »

Kwikinisha ni igikorwa cyo kwishimira ibyiza by’igitsina cyawe ariko uri wenyine. Akenshi bitangira mu gihe umwana akiri muto hamwe aba atangiye kujya akinisha igitsina cye, gusa kuri we ntayindi ntego aba afite.... Read more »

Umusobanuzi wa filime Uwizeyimana Marc wamamaye ku mazina ya Rocky Kimomo mu mwuga akora wo gusobanura filime, nyuma yo kuvugwaho ko yakoze ubukwe butaribwo, ubu arashinjwa arenga Miliyoni 6 z’Amanyarwanda. Izi miliyoni... Read more »

Gucana inyuma birababaza kandi bishobora gusenya umubano w’abakundana n’abashakanye, ariko abashakashatsi bavuga ko abagore bakubye hafi kabiri mu kubabarira abagabo babo babaciye inyuma kurusha uko abagabo babikora. Birumvikana ko icyo ibyo bivuze,... Read more »

Kathleen Roberts, umugore uvuga ko ari Marilyn Monroe wavutse ubwa kabiri, yizera ko yashakanye n’umuzimu wa Michael Jackson. Mu rwandiko yandikiye Daily Star, Roberts yavuze ko Umwami wa Pop yamusabye “mu buryo... Read more »

Byakunze kugaragazwa nka kimwe mu bimenyetso by’urukundo rukomeye hagati y’abakundana kuko bifatwa nk’ibidasanzwe. Ntibitangaje kuba uwo mukundana yakwemera kugusoma ku munwa nk’ikimeneyetso cy’urwo agufitiye cyangwa akabyanga ubishaka cyane ko no mu mico... Read more »

Umugabo witwa Dominic Ssemwogerere uzwi cyane muri Uganda kubera akazi ke k’ubuganga,yakoze ubukwe bw’igitangaza kuwa Gatandatu w’icyumweru gishize n’umukunzi we Josephine Namuju ariko ku munsi wakurikiyeho yakoze impanuka byarangiye imuhitanye. Ikinyamakuru The... Read more »

Umuratwa Kate Anitha wari uhagarariye u Rwanda mu irushanwa rya Miss Supranational International ryaberaga muri Pologne ku nshuro ya 12, yatahiye aho, ikamba ryegukanwa na Chanique Rabe wo muri Namibia. Umuratwa ntiyabashije... Read more »