Guverinoma y’u Rwanda yamaganye ibitero Israel yagabye kuri Qatar

488 0

Guverinoma y’u Rwanda yamaganye ibitero Israel yagabye kuri Qatar tariki 9 Nzeri 2025, igambiriye kwivugana abayobozi b’Umutwe wa Hamas bari i Doha.

Mu itangazo u Rwanda rwashyize hanze kuri uyu wa Kane, rwavuze ko kurenga ku mahame y’ibanze agenga imibanire y’ibihugu, biganisha ku Isi itagendera ku mategeko.

Rwavuze ko Qatar ikwiriye gushimirwa uruhare igira mu buhuza bugamije gukemura ibibazo bimaze igihe kandi bikomeye mu Burasirazuba bwo Hagati no muri Afurika.

 

Related Post

Leave a comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *