Zari Hassan yakoze ubukwe na Shakib arusha imyaka 11 (Amafoto)

Umuherwekazi w’umugande uba muri Afurika y’Epfo, Zari Hassan yamaze gukora ubukwe n’umukunzi we Shakib Lutaaya bari barahanye isezerano imbere y’Idini ya Islam. Ni ubukwe bwabaye tariki ya 3 Ukwakira 2023 bubera mu... Read more »

Impamvu Mukansanga Salima ari mu basifuzi 5 bakuwe muzasifura igikombe cy”afurika

Umunyarwandakazi Mukansanga Salima ari mu basifuzi 5 bakuwe muri 32 n’Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF) bagomba kuzasifura igikombe cy’Afurika. Mukansanga Salima wasifuye igikombe cy’Isi cy’abagabo ndetse n’Igikombe cy’Isi cy’Abagore yari mu... Read more »

Mu gihe mu Rwanda hashize iminsi micye amasaha y’utubyiniro n’utubari agabanyijwe, hagiye gutangira akabyiniro k’abarokore kiswe ‘Gospel Club’ aho bazajya bahurira bagasabana bakabyina bigashyira cyera.

Mu gihe mu Rwanda hashize iminsi micye amasaha y’utubyiniro n’utubari agabanyijwe, hagiye gutangira akabyiniro k’abarokore kiswe ‘Gospel Club’ aho bazajya bahurira bagasabana bakabyina bigashyira cyera. Ubusanzwe ucyumva ijambo akabyiniro wumva ‘Night Club’... Read more »

Rutahizamu wa Man United yabyaye imfura ye ku myaka 19 amwitirira uwo bakinana

Umukinnyi wa Manchester United,Alejandro Garnacho yishimiye ivuka ry’umwana we w’imfura yabyaranye n’umukunzi we Eva Garcia. Uyu rutahizamu ufite imyaka 19, yemeje aya makuru ku mbuga nkoranyambaga, agaragaza ko umuhungu we Enzo Garnacho... Read more »

Ubu watereta rwose ntakibazo: Irebere uburanga bwa Leila Frojo umukobwa wa Natacha na Nziza Desire wujuje imyaka 18 uyumunsi

Irebere uburanga bwa Leila Frojo umukobwa wabyawe n’ibyamamare , Nziza Désire na Natacha, uyumunsi yujuje imyaka 18 Umukobwa w’umuhanzikazi wi Burundi Natacha Ngendabanka uyumunsi yujuje imyaka 18, uyu mukobwa ubarizwa k’umugabane wi... Read more »

Menya ukuri kw’amashusho y’uwiswe Umupasiteri wagaragaye yagaza Intare yigana ibitangaza byo muri Bibiliya

Amashusho y’umugabo byavugwaga ko ari umukozi w’Imana, wagaragaje imbaraga z’Uhoraho ubwo yari mu ruzitiro rw’intare azagaza, nk’uko Daniel wo muri Bibiliya yaguye mu rwobo rw’intare ariko ntihagira inamutunga ijanja. Ukuri kw’aya mashusho... Read more »

Ruhango: Abapolisi babiri baguye mu mpanuka

Polisi mu Ntara y’Amajyepfo, iratangaza ko abapolisi babiri bari kuri moto bava mu Karere ka Muhanga berekeza mu Karere Ruhango, baguye mu mpanuka ya moto yagonze ikamyo yapfiriye mu muhanda. Ni impanuka... Read more »

Gukomanya ibirahuri mbere yo gusangira bisobanura iki?

Gukomannya ibirahuri, amacupa, ibikombe, cyangwa inkongoro mbere yo gusangira icyo kunywa, ni ibintu bihuriweho na benshi mu mico itandukanye, kandi ugasanga igisobanuro rusange nta kindi usibye kuba ari ikimenyetso cyo kwishimirana hagati... Read more »

Umukinnyi wa FC Barcelona yagiye mu bwiherero ntiyagaruka

Umukinnyi Lamine Yamal yanditse amateka yo kuba umukinnyi muto ukinnye Champions League, ku myaka 16 n’iminsi 83 akuyeho agahigo ka Celestine Babayaro ko mu 1994/95. Yamine Lamal yabanje mu kibuga mu mukino... Read more »

Kogosha umusatsi ku bakobwa n’abagore nk’ikimenyetso cy’agahinda gakabije

Ubushakashatsi bwagaragaje ko gufata umwanzuro wo kogosha umusatsi ku bakobwa n’abagore, ari ikimenyetso simusiga cy’agahinda gakabije baba bafite. Ngo ababikora babifata nko kuba bagiye kugira intangiriro nshya y’ubuzima bwabo, gusa abandi bakabiterwa... Read more »