
Umuhanzi Harmonize yemeje ko atazataramira abanya Sierra Leone kubera ko umukunzi we, Poshy Queen,yabuze ibyangombwa bimwemerera kujyana nawe muriicyo gihugu. Uyu muhanzi abinyujije kuri Instagram (Story),yagize ati”Sierra Leone, Mumbabarire kubera ko ntabwo... Read more »

Kuri uyu wa Mbere tariki 12 Gashyantare 2024, Ikipe ya Rayon Sports yatangaje ko yitandukanyije n’imyitwarire y’umukinnyi wayo Hertier Luvumbu Nzinga, ubwo yishimiraga igitego mu mukino batsinzemo Police FC. Ni imyitwarire yaranze... Read more »

Igisirikare cya Leta ya RDC aricyo FARDC gifatanyije na FDLR,Abacancuro,Ingabo z’u Burundi na Wazalendo,biravgwa ko basutse intwaro zikomeye i Goma kugira ngo bayirinde gufatwa na M23. Amakuru yagiye hanze kuri uyu wa... Read more »

Ntibisanzwe Imbwa yitwa Cecil yihereranye amafaraariye ibyo kurya bihenze cyane bihagaze amafaranga asaga $4,000 yose muri Leta zunze Ubumwe za Amerika muri Pittsburgh. Umuryango umwe muri Leta zunze Ubumwe za Amerika mu... Read more »

Umuhanzi akaba n’umunyamakuru Yago PonDat yatunguye benshi cyane mu gitaramo cye cyo kumurika Alubumu ye ya mbere “Suwejo” byumwihariko ku mpano yateguriye ababyeyi be ifite igisobanuro gihambaye. Kuri uyu wa gatanu tariki... Read more »

Nyuma y’igihe asa n’utagaragara cyane mu muziki, Niyo Bosco, yinjiye muri KIKAC Music isanzwe ibarizwamo Bwiza. Amakuru Kigalihit ifite ni uko Niyo Bosco na KIKAC Music bamaze kwemeranya imikoranire ndetse akaba yamaze... Read more »

Imbuga nkoranyambaga zagiye zorohereza abantu batandukanye kumenyekanisha ibikorwa byabo, ugereranije n’imyaka yatambutse aho byari bigoye ko abantu bamenya buri kimwe muburyo bworoshye, nk’amakuru, imiziki, filime, n’ibicuruzwa ku masoko, ibi byose rerro ni... Read more »

Nyuma y’akababaro kenshi ndetse no kutabyumva kimwe byaranze abakunzi ba Titi Brown ndetse n’abakurikiranira imyidagaduro mu Rwanda, Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwagizwe umwere umubyinnyi Titi Brown nyuma y’imyaka 2 afunzwe ndetse runategeka... Read more »

Ubushinjacyaha bwasabye Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro ko rwakongera igihe cy’iminsi 30 yo gufungwa by’agateganyo kuri Kazungu Dennis ukurikiranyweho ibyaha birimo ubwicanyi bw’abantu bagera kuri 14. Kazungu ntiyageze mu cyumba cy’urukiko, yakoresheje ikoranbuhanga... Read more »

Kurangiza ku mugabo birangwa n’ibintu 2; amaraso atembera mu gitsina cyawe ariyongera ndetse n’imikaya ikigize ikarushaho gukomera. Ni uburyo umubiri ukoresha kugirango igitsina gisubire mu bihe bisanzwe. Igihe cyo kurangiza kirangwa n’ibimenyetso... Read more »