BURUNDI: Kidum Kibido yashyize hanze indirimbo y’urukundo yise” Wa Motema” KANDA HANO UYIREBE

Umuhanzi w’icyamamare witwa Nimbona Jean Peirre uvuka mu gihugu cy’abaturanyi uzwi ku mazina y’ubuhanzi nka ‘Kidum Kibido’ yakoze agashya abasha gukora mu nganzo ashyira hanze indirimbo y’amajwi n’amashusho ayita “Wa Motema”. Iyi... Read more »

Icyo igisirikare cy’Uburundi cyatangaje nyuma yo gushinjwa kubogama kikarwanya M23

Igisirikare cy’u Burundi cyagize icyo kivuga nyuma y’iminsi Ingabo zacyo zoherejwe mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo zishinjwa kurenga ku nshingano zazijyanye zikabogamira kuri Guverinoma ya Kinshasa. Mu itangazo ry’Ubuyobozi... Read more »

Umuyobozi wa Sena y’Amerika Chuck Schumer yageze mu Bushinwa

Umuyobozi wa Sena y’Amerika Chuck Schumer yageze mu Bushinwa aho yahuye n’umuyobozi w’ishyaka rya gikomunisiti rya Shanghai Chen Jining. Biteganijwe kandi ko azahura na Perezida Xi Pinjing, nyuma akazakomereza urugendo rwe muri... Read more »

Marines FC inganyije na Rayon Sports ibitego 2-2

Mu mukino w’ikirarane cy’Umunsi wa Kane wa Shampiyona wabereye kuri Stade Umuganda. Muri uyu mukino abafana ba Rayon Sports bari biteze ko ikipe yabo ibahoza amarira yabateye isezererwa mu mikino ya CAF... Read more »

Umuhanzikazi Babo wagiye uvugwaho ubutinganyi ,kurubyiniro ntiyihanganiye kurya iminwa, Mama uwe

Nyuma y’igihe kinini yibyagiye bivugwa ko umuhanzikazi Babo yaba akundana nabo bahuje igitsina ( Abatinganyi) uyu mukobwa wanagiye avugwa murukundo n’umuhanzikazi Asinah Erra ndetse na Ariel Weyz, nubwo we atabihakana cyangwa ngo... Read more »

Abasore: Dore amayeri 4 yagufasha kwambura umukobwa abandi basore ukamugira uwawe wenyine

Mu rukundo habamo guhangana byiza aho umusore akora uko ashoboye kugira ngo yigarurire umutima w’umukobwa ku buryo ashobora kumwambura abandi. Uwo mukobwa nagerwaho n’ibikorwa byawe, byanga bikunze azagukunda kandi uzaguma ube uwe... Read more »

GAKENKE: 30% by’urubyiruko ruvurirwa mu bitaro bya Nemba bafata imiti igabanya ubukana bwa virusi itera SIDA

Ubuyobozi bw’Ibitaro bya Nemba biherereye mu Karere ka Gakenke buvuga ko 30% kubarwayi bafata imiti igabanya ubukana bwa virusi itera SIDA. Ibi byose biravuhwa mu gace bareberera ari urubyiruko, rukaba rusabwa gufata... Read more »

RWANDA: RIB iri mu nama yo kwemeza ubufatanye n’ubwuzuzanye mu rwego rwo kubaka igihugu gitekanye

Aba Polisi bakorera mu Rwanda na RIB bari mu nama igamije gushimangira ubufatanye n’ubwuzuzanye mu rwego rwo kubaka igihugu gitekanye. Iyi nama yafunguwe ku mugaragaro na Minisitiri w’umutekano w’imbere mu gihugu, Alfred... Read more »

Umugore ukora muri Banki yahuye n’uruva gusenya nyuma yo kurangira abajura umukiriya wabikuje menshi ngo bamwambure

Ku mbuga nkoranyambaga hakomeje gukwirakwizwa amashusho bivugwa ko ari ay’umukozi wo muri banki imwe muri Afurika y’Epfo,watezwe n’abaturage benshi baramukubita bamwambika ubusa bamushinja kubateza ibisambo. Uwashyize hanze amashusho y’uyu mugore yavuze ko... Read more »