
Nyuma yuko bateguye ibitaramo bitandukanye byagaragayemo abaraperi bakomeye mu Rwanda ndetse bagasanga ko iyo njyana igikunzwe cyane mu bantu, Flash Light Bar & Resto ku bufatanye na “Belo Gang Entertainment” bakomeje izi... Read more »

Icyamamare Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben nawe yasesekaye mu Rwanda akubutse mu gihugu cya Canada aho amaze gukorera igitaramo kimwe na mugenzi we Kenny Sol nawe waraye ageze mu Rwanda mu... Read more »

Umuhanzi Kenny Sol uri mu bahanzi bahiriwe cyane n’umuziki neza ndetse uri mu bakunzwe cyane mu Rwanda no mu karere ka Afurika y’uburasirazuba yagarutse i Kigali akubutse muri Canada muri gahunda y’Ibitaramo... Read more »

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane muri camp Kigali ahasanzwe habera ibitaramo bya Gen-Z comedy itegurwa n’umunyarwenya Fally Merci Abanyarwanda bongeye kwereka Titi Brown urukundo rwo mu rwego rwo hejuru bamurundaho... Read more »

Umuziki ni uruvangitirane rw’amajwi yiganjemo ibicurangisho, ingoma ndetse n’umudiho, umuziki kandi ni kimwe mu bintu ushobora gumva ahantu hatandukanye, aho bawifashisha nko mubirori, ubukwe, mu nsengero, mu tubyiniro, mu gushyingura, ku maradiyo,... Read more »

Umuziki ni uruvangitirane rw’amajwi yiganjemo ibicurangisho, ingoma ndetse n’umudiho, umuziki kandi ni kimwe mu bintu ushobora gumva ahantu hatandukanye, aho bawifashisha nko mubirori, ubukwe, mu nsengero, mu tubyiniro, mu gushyingura, ku maradiyo,... Read more »

Ndayishimiye Bertrand wamamaye nka Bull Dogg nk’umuraperi muri Tuff Gangs yongeye kubyutsa urukundo ruri mu bakunzi b’iyi njyana ya Hip Hop, Nyuma yo kurengwa n’urukundo bamweretse mu gitaramo yakoreye ahitwa Flash Light... Read more »

Nyuma yo kwibasirwa cyane n’abakoresha imbuga nkoranyambaga ndetse bavanzemo n’abakunzi b’aba bombi, The Ben na Pamela umukunzi we bahisemo kugabanya ibiciro ku bagomba kwitabira ibirori by’ubukwe bwabo. Benshi batangiye kwibasira uyu muhanzi... Read more »

Umuryango wa Croix-Rouge muri iki gihugu cya Kenya uvuga ko muri NAIROBI, KENYA Imvura nyinshi yivanze n’umuyaga mwinshi byavuyemo umwuzure uherutse guhitana abantu 15 muri ndetse n’abandi ibihumbi n’ibihumbi bakimurwa mu byabo.... Read more »

Ese ni iki kitezwe gukurikiraho, nyuma yuko iminsi 28 yose yihiritse Uwitwa Ishimwe Dieudonne uzwi nka Prince Kid akatiwe n’urukiko rukuru igihano cy’imyaka 5. Kuwa 13 Ukwakira 2023 nibwo umucamanza mu rukiko... Read more »