
Kuri wa Mbere, tariki ya 21 Mata 2025, Abakirisitu Gatolika n’Isi yose bari mu gahinda nyuma y’inkuru y’incamugongo y’urupfu rwa Papa Francis, wapfiriye mu rugo rwe i Vatikani afite imyaka 88. Nk’uko... Read more »

FC Barcelone yatsinzwe na Borussia Dortmund ibitego 3-1 ikomeza muri ½ cya UEFA Champions League ku giteranyo cy’ibitego 5-3, ijyana na Paris Saint-Germain yatsinzwe na Aston Villa ibitego 3-2, gusa igakomeza ku... Read more »

Umuhanzi w’umunyabigwi Joseph Mayanja wamenyekanye nka Dr Jose Chameleon mu muziki wa Uganda ndetse no muri Afurika y’uburasizura yongeye guhabwa ikaze n’abakunzi be ndetse bamugaragariza ko bari bamukumbuye cyane. Uyu muhanzi wubatse ibigwi... Read more »

Ese koko inkuru y’urukundo rutunguranye rwavuyemo no kwambikana impeta yaba ari iya nyayo? nkuko byibazwa na benshi mu bakunzi b’imyidagaduro mu Rwanda. Inkuru yatangaje benshi mu bakurikirana imyidagaduro yo mu Rwanda, ni... Read more »

Aba bategereje kumva no kumenya ibyavuye mu biganiro hagati y’umutwe wa M23 ndetse na Leta ya Congo ihagarariwe na Perezida Felix Tshisekedi bamaze kumenyeshwa igihe ibi biganiro bizabera nyuma yo gutekerezwaho neza... Read more »

Umukuru w’igihugu cy’ u Rwanda Nyakubahwa Perezida Paul Kagame asanga Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo idakwiye kuba ku rutonde rw’ibihugu bifashwa n’amahanga nyamara yakabaye yihagije cyane ko yigwijeho umutungo kamere benshi badafite.... Read more »

Umuhanzi wa Rap Iraguha Lando Fils uzwi cyane nka GSB Kiloz wumvikana cyane muri Old School, Yashyize hanze amashusho y’indirimbo nshya yise ‘Ibisekuru’ Acyeburamo Abajeune basigaye bitiranya ibigezweho no guhemukira abantu bacu. Uyu... Read more »

Umuraperi Green P wari ukumbuwe na benshi mu bakunzi be n’abinjyana ya Hip Hop muri rusange yaraye yongeye kwerekana ko ibyo akora ari impano imurimo ijana ku rindi. Uyu musore wari utegerejwe... Read more »

Imran Khan n’umugore we Bushra Bibi bafunzwe imyaka 14, igihano cya kabiri gihabwa uwahoze ari Minisitiri w’intebe wa Pakisitani mu minsi ibiri. Abashakanye bahamwe n’icyaha cyo kunguka mu buryo butemewe n’impano za... Read more »

Umuraperi uza ku isonga mu bami ba Hip Hop yo mu Rwanda RUKUNDO Elie wamamaye nka Green P yongeye gushing ibirindiro no kwigarurira imitima ya benshi nyuma y’ukwezi kumwe gusa ageze mu... Read more »