Platini yakomoje ku mubano we na Urban Boys yatumiye mu gitaramo cye

Ku gicamunsi cyo  kuri  uyu wa gatanu tariki ya 29 Werurwe  muri Four Point Hotel  nibwo Nemeye Platini  uzwi nka  Platini P  n’abahanzi  bazamufasha  mu giteramo cye cya mbere akora umuziki wenyise... Read more »

Abanyeshuri bo muri Umbrella TVET School bakoreye urugendo shuri i kigali

Abanyeshuri biga mu kigo cya Umbrella TVT School giherereye mu Karere ka Gatsibo basuye Urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali ruri ku Gisozi kugira ngo barusheho kumenya amateka yaranze, Jenoside yakorewe Abatutsi mu... Read more »

Platini yatumiye Urban Boys mu gitaramo cya Baba Experience

Umuhanzi  Nemeye Platini  usigaye yiyita Baba  wahoze mu itsinda rya  Dream boys mu gihe hasigaye iminsi mike ngo igitaramo cye yise “Baba  Experience kibe yatunguye abakunzi ba muzkia benshi atangaza ko mu... Read more »

John Cena yagaragaye yambaye ubusa mu bihembo bya Oscars 2024

Umukinnyi wa filime  John Cena, wamenyekanye mu mikino njyarugamba ya  WWE yatunguranye, ajya ku rubyiniro yambaye ubusa, ubwo yari agiye gutangaza uwegukanye igihembo cya ‘Best Costume Design’ mu bihembo bya Oscars 2024.... Read more »

Kendo yashyize hanze amashusho y’indirimbo Tabasamu ayitura abakundana

Umuhanzi  Nzeyimana Kennedy  uzwi nka Kendo  wamenyekanye  mu ndirimbo nka  Turabakumbura ,Keza yakoranye na Racine ni zindi  nyinshi  zakunze na benshi yashyize hanze  amashuso ya  Tabasamu ashimira buri wese  wamufashije kugira ibashe... Read more »

Lil Rod wahoze akorera P Diddy yiyongereye mu bamushinja ihohotera

Umuraperi P.Diddy arashinjwa guhohotera Lil Rod wamukoreraga akanamwandikira indirimbo. Rodney Jones uzwi nka Lil Rod mu muziki wa Amerika, ashinja P.Diddy kumuhohotera, mu bihe bitandukanye, yifuza kumusambanya no kumukoresha ibiteye isoni. Uyu... Read more »

Kendall Jenner na Devin Booker nyuma  y’umwaka batandukanye basubiranye

  Umunyamideli kabuhariwe, Kendall Jenner akaba na  murumuna wa Kim Kardashian yasubiye mu rukundo n’umukinnyi wa Basketball Devin Booker nyuma y’umwaka  umwe  bari bamaz  batandukanye . Kendall Jenner umunyamideli uri mubinjiza agatubutse... Read more »

DJ Diddyman yasinyishije Annie Mutoniwase ukora indirimbo zo kuramya bashyira hanze indirimbo ya mbere

Inzu  isanzwe ikora ibikorwa  bijyanye n’imyidagaduro ya DopeDee Entertainment y’Umunyamakuru akaba n’umudj  Diddyman nyuma y’igihe  akora ibyo bikorwa yasinyishije umuhanzi kazi  Annie  Mutoniwase . Annie Mutoniwase  ni umunyarwandakazi  uririmba indirimbo zo kuramya... Read more »

Platini  yashimangiye ko Big Fizzo na Eddy Kenzo  bazitabira igitarmo cye

Umuhanzi  Mugani Désiré  ukunzwe nka Big Fizzo i Burundi na  Edrisah Kenzo Musuuza uzwei  Eddy Kenzo w’I bugande bari mu bahanzi bazafasha Platini mu gitaramo ateganya gukorera i Kigali, ku wa 30... Read more »

Umunyarwandakazi Dj Alisha biravugwa ko ari we ntandaro yo gutandukana kwa Zari n’umugabo

Dj Alisha ufite inkomoko mu Rwanda, biravugwa ko ari we ntandaro yo gutandukana kwa Zari n’umugabo we Shakib Lutaaya. Zari Hassan uri mu bagore bakurikirwa cyane ku mbuga nkoranyambaga, yahishuye ko yatandukanye... Read more »