Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatanu tariki ya 29 Werurwe muri Four Point Hotel nibwo Nemeye Platini uzwi nka Platini P n’abahanzi bazamufasha mu giteramo cye cya mbere akora umuziki wenyise... Read more »
Abanyeshuri biga mu kigo cya Umbrella TVT School giherereye mu Karere ka Gatsibo basuye Urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali ruri ku Gisozi kugira ngo barusheho kumenya amateka yaranze, Jenoside yakorewe Abatutsi mu... Read more »
Umuhanzi Nemeye Platini usigaye yiyita Baba wahoze mu itsinda rya Dream boys mu gihe hasigaye iminsi mike ngo igitaramo cye yise “Baba Experience kibe yatunguye abakunzi ba muzkia benshi atangaza ko mu... Read more »
Umukinnyi wa filime John Cena, wamenyekanye mu mikino njyarugamba ya WWE yatunguranye, ajya ku rubyiniro yambaye ubusa, ubwo yari agiye gutangaza uwegukanye igihembo cya ‘Best Costume Design’ mu bihembo bya Oscars 2024.... Read more »
Umuhanzi Nzeyimana Kennedy uzwi nka Kendo wamenyekanye mu ndirimbo nka Turabakumbura ,Keza yakoranye na Racine ni zindi nyinshi zakunze na benshi yashyize hanze amashuso ya Tabasamu ashimira buri wese wamufashije kugira ibashe... Read more »
Umuraperi P.Diddy arashinjwa guhohotera Lil Rod wamukoreraga akanamwandikira indirimbo. Rodney Jones uzwi nka Lil Rod mu muziki wa Amerika, ashinja P.Diddy kumuhohotera, mu bihe bitandukanye, yifuza kumusambanya no kumukoresha ibiteye isoni. Uyu... Read more »
Umunyamideli kabuhariwe, Kendall Jenner akaba na murumuna wa Kim Kardashian yasubiye mu rukundo n’umukinnyi wa Basketball Devin Booker nyuma y’umwaka umwe bari bamaz batandukanye . Kendall Jenner umunyamideli uri mubinjiza agatubutse... Read more »
Inzu isanzwe ikora ibikorwa bijyanye n’imyidagaduro ya DopeDee Entertainment y’Umunyamakuru akaba n’umudj Diddyman nyuma y’igihe akora ibyo bikorwa yasinyishije umuhanzi kazi Annie Mutoniwase . Annie Mutoniwase ni umunyarwandakazi uririmba indirimbo zo kuramya... Read more »
Umuhanzi Mugani Désiré ukunzwe nka Big Fizzo i Burundi na Edrisah Kenzo Musuuza uzwei Eddy Kenzo w’I bugande bari mu bahanzi bazafasha Platini mu gitaramo ateganya gukorera i Kigali, ku wa 30... Read more »
Dj Alisha ufite inkomoko mu Rwanda, biravugwa ko ari we ntandaro yo gutandukana kwa Zari n’umugabo we Shakib Lutaaya. Zari Hassan uri mu bagore bakurikirwa cyane ku mbuga nkoranyambaga, yahishuye ko yatandukanye... Read more »