Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Francis yasubitse inama yagombaga kugirana na bamwe mu bayobozi ba Kiliziya kubera indwara y’ibicurane. Iyi nama yagombaga kuba ku wa Gatandatu tariki 24 Gashyantare mu... Read more »
Nyuma y’Ibitaramo bya Tour du Rwanda Festival birenga 3 byari bimaze igihe bizenguruka Igihugu bijyana n’irushanwa ry’amagare byasorejwe mu Mujyi wa Kigali mu ijoro ryo ku wa 25 Gashyantare 2024. Ibi bitaramo... Read more »
Mutesi Jolly wabaye Miss Rwanda 2016 yagaragaje ko yishimiye intambwe Kenza Joannah yateye yo kwegukana ikamba rya Miss Belgium 2024, agaragaza ko ari ikintu cyo kwishimira ku banyarwanda bose, ibintu ahurizaho n’abarimo... Read more »
Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yatangaje ko abasirikare ibihumbi 31 b’igihugu cye, bamaze gupfira mu ntambara yashojwe ku butaka bwe n’u Burusiya. Yavuze ko adashobora gutangaza imibare y’abakomeretse kuko byaba ari ugufasha... Read more »
Ibihembo byiswe “Rwanda Women in Business Awards” bigiye gutangwa ku ncuro ya 3 mu Rwanda, abagore b’indashyikirwa bahize abandi mu kwiteza imbere no guteza imbere ibigo bakorera babishimirwe ku bufatanye bwa 1000... Read more »
Kuri iki cyumweru tariki ya 26 Gashyantare 2023 nibwo hasojwe icyumweru cyahariwe ubuskuti mu Rwanda ibirori byo kugisoza byabereye mu Ntara y’Amajyepfo mu Karere ka Muhanga, kuri stade y’umupira w’amaguru y’Akarere ka... Read more »
Ni kamwe mu dushya twaranze ibitaramo bya Tour du Rwanda Festival byari bigeze mu Karere ka Musanze mu Ntara y’Amajyaruguru mu ijoro ryo ku wa 22 Gashyantare 2024. Iki gitaramo cyabereye mu... Read more »
Ibitaramo bya Tour du Rwanda Festival byatangiriye mu Karere ka Huye aho abakunzi b’umukino w’amagare banyuzwe n’umuziki bacurangiwe n’abahanzi batandukanye bari bitabiriye ku bwinshi. Igitaramo cya mbere cyabereye muri ‘Car Free Zone’... Read more »
Kuva kuri uyu wa Gatandatu 17 kugeza 25 Gashyantare 2024, mu Rwanda hari kwizihizwa Icyumweru cyahariwe ubuskuti cyahawe insanganyamatsiko igira iti “MUSKUTI, GIRA URUHARE MU KWIMAKAZA UBUFATANYE BUGAMIJE IMBERE HEZA. Iki gikorwa... Read more »
Kikac Music nyuma y’iminsi mike itangaje abahanzi batanu bazitabira ibitaramo bya ‘Tour du Rwanda Festival’, muri iki gitondo imaze kwemeza abandi bahanzi bane, bazasusurutsa abakunzi b’umukino w’amagare mu bitaramo bine bizazenguruka Igihugu.... Read more »