Papa Francis yasubitse inama kubera ibicurane

Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Francis yasubitse inama yagombaga kugirana na bamwe mu bayobozi ba Kiliziya kubera indwara y’ibicurane. Iyi nama yagombaga kuba ku wa Gatandatu tariki 24 Gashyantare mu... Read more »

Senderi,Kenny Sol, Bwiza,Danny  Vumbi  na Bushali basusurukije abanyakigali mu gitaramo gisoza Tour Rwanda  Festival

Nyuma  y’Ibitaramo bya Tour du Rwanda Festival birenga  3 byari bimaze igihe bizenguruka Igihugu bijyana n’irushanwa ry’amagare byasorejwe mu Mujyi wa Kigali mu ijoro ryo ku wa 25 Gashyantare 2024. Ibi bitaramo... Read more »

Miss Nishimwe Naomie na Mutesi Jolly bakeje Miss  Kenza Joannah yuma  yo kwegukana ikamba rya Miss Belgium 2024

Mutesi Jolly wabaye Miss Rwanda 2016 yagaragaje ko yishimiye intambwe Kenza Joannah yateye yo kwegukana ikamba rya Miss Belgium 2024, agaragaza ko ari ikintu cyo kwishimira ku banyarwanda bose, ibintu ahurizaho n’abarimo... Read more »

Zelensky, yatangaje ko abasirikare ibihumbi 31 b’igihugu cye, bamaze gupfira mu ntambara

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yatangaje ko abasirikare ibihumbi 31 b’igihugu cye, bamaze gupfira mu ntambara yashojwe ku butaka bwe n’u Burusiya. Yavuze ko adashobora gutangaza imibare y’abakomeretse kuko byaba ari ugufasha... Read more »

1000 Hills Event igiye kwongera guhemba abagore bahize abandi mu bihembo bya “Rwanda Women in Business Awards

Ibihembo byiswe “Rwanda Women in Business Awards” bigiye gutangwa ku ncuro ya 3 mu Rwanda, abagore b’indashyikirwa bahize abandi mu kwiteza imbere no guteza imbere ibigo bakorera babishimirwe ku bufatanye bwa 1000... Read more »

Uzabumugabo Virgile, Umuyobozi wa RSA yongeye gutorerwa kuyiyobora

Kuri  iki  cyumweru  tariki ya  26 Gashyantare  2023 nibwo hasojwe  icyumweru cyahariwe  ubuskuti  mu Rwanda ibirori byo kugisoza  byabereye mu Ntara y’Amajyepfo mu Karere ka Muhanga, kuri stade y’umupira w’amaguru y’Akarere ka... Read more »

TDR 2024 :Musanze Juno kizigenza yongeye kwerekana ko yigaruriye imitima ya benshi

Ni kamwe mu dushya twaranze ibitaramo bya Tour du Rwanda Festival byari bigeze mu Karere ka Musanze mu Ntara y’Amajyaruguru mu ijoro ryo ku wa 22 Gashyantare 2024. Iki gitaramo cyabereye mu... Read more »

Tour du Rwanda Festival abahanzi bataramiye abanyehuye

Ibitaramo bya Tour du Rwanda Festival byatangiriye mu Karere ka Huye aho abakunzi b’umukino w’amagare banyuzwe n’umuziki bacurangiwe n’abahanzi batandukanye bari bitabiriye ku bwinshi. Igitaramo cya mbere cyabereye muri ‘Car Free Zone’... Read more »

Umuryago w’Abaskuti mu Rwanda watangije icyumweru cyahariwe umuskuti

Kuva kuri uyu wa Gatandatu 17 kugeza 25 Gashyantare 2024, mu Rwanda hari kwizihizwa Icyumweru cyahariwe ubuskuti cyahawe insanganyamatsiko igira iti “MUSKUTI, GIRA URUHARE MU KWIMAKAZA UBUFATANYE BUGAMIJE IMBERE HEZA. Iki gikorwa... Read more »

Niyo Bosco,Kenny Sol,Afrique,Danny Vumbi biyongereye mu bahanzi bazataramira abazitabira Tour du Rwanda

Kikac Music  nyuma y’iminsi mike itangaje abahanzi batanu bazitabira ibitaramo bya ‘Tour du Rwanda Festival’, muri  iki gitondo imaze kwemeza abandi bahanzi  bane, bazasusurutsa abakunzi b’umukino w’amagare mu bitaramo bine bizazenguruka Igihugu.... Read more »