Gukuramo imyenda kugeza no ku ikariso iyo utsinzwe, Kigali hadutse mukino udasanzwe.

Uko u Rwanda rukomeza gutera imbere umunsi ku wundi, hagenda haduka byinshi; gusa byose si ko biba ari byiza rimwe na rimwe ahubwo kubera aho Isi igeze, twisanga hari ibyo twavomye ahandi... Read more »

Muri Congo Imfungwa 129, zapfuye zirimo zigerageza gutoroka gereza.

nzego z’Ubuyobozi muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (DRC) zatangaje ko imfungwa zari muri gereza ya Makala 129 zapfuye 24 muri zo ziraswa mu cyico ubwo zageragezaga gutorokoa iyi gereza iri Murwa... Read more »

Ngiyi impamvu ikomeye yateye Alpha Rwirangira, kwigira mu ndirimbo zo guhimbaza Imana.

Umuhanzi Alpha Rwirangira wamamaye mu ndirimbo zitandukanye yatangaje ko yahisemo gukorera Imana abinyujije mu muziki ndetse atazongera kuririmba indirimbo zaba iz’urukundo cyangwa ubundi butumwa butari ubwo kuramya cyangwa guhimbaza Imana. Uyu muhanzi... Read more »

Perezida Paul Kagame yongeye gushimangira ko, atazatatira igihango cyo kurinda abanyarwanda.

Perezida Paul Kagame yakiriye itsinda ry’abanyeshuri b’Abanyarwanda bitabiriye amarushanwa y’imibare azwi nka Pan African Mathematics Olympiad (PAMO) abashimira umuhate bagaragaje ndetse avuga ko yifuje guhura nabo kugira ngo abashimire kandi ko azabahora... Read more »

Menya amateka ya Hetty Greene, wakuriye mu ikariso imwe, kugeza apfuye.

Mu gihe bavuga ko Yesu ari we wakuriye mu ikazu imwe, hari inkuru itangaje y’umugore w’umuherwe muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika warinze asazira mu ikariso imwe kubera gukunda amafaranga. Mu gihe... Read more »

Amajyaruguru : Insengero zigera kuri 55 zishobora zigiye gusenywa.

Mu Ntara y’Amajyaruguru haravugwa insengero 55 zigiye gusenywa kubera kutuzuza ibisabwa, nk’uko bigaragara ku rutonde rwamaze gusohoka rukomeje kugaragara ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye. Mu Karere ka Rulindo, niho hagaragara umubare minini w’insengero... Read more »

Sheebah yahishuye abahanzikazi bagenzi be yuhabaha kandi afatiraho ikitegererezo.

Umuhanzikazi ukunzwe cyane mu gihugu cya Uganda yatangaje bamwe mu bahanzikazi ba mbere afatiraho ikitegererezo mu buryo bitwara iyo bari ku rubyiniro kugira ngo bashimishe abafana babo, yitsa cyane ku muhanzikazi Winnie... Read more »

Sheebah yageze i Kigali, udushya twitezwe muri “The Keza Camp Out Experience 1st Edition’’.

Umuhanzikazi Sheebah Karungi wo muri Uganda witezwe gutaramira abanyakigali kuri uyu wa gatandatu, yamaze gusesekara I Kigali ndetse n’itsinda ry’abahanzi nyarwanda n’ababyinnyi ririteguye. Sheebah Karungi ategerejwe mu gitaramo cyiswe “The Keza Camp... Read more »

Element ashyize umucyo ku bibazo bye na 1:55 AM, byerekeranye n’indirimbo “Sikosa”

Umuhanzi akanaba utunganya umuziki {Producer} Element Eleeh yatangaje ko nta mpungenge abantu bakwiye kugira ko indirimbo yabo nshya yitwa “Sikosa” yaba itagisohotse nkuko byavuzwe mu itangazamakuru. Element yatangaje ibi nyuma yuko hakomeje... Read more »

GSB Kiloz yahuje imbaraga na Gisa cy’Inganzo basohora indirimbo nziza, icyebura benshi.

Umuraperi GSB Kiloz afatanije na Gisa cy’Inganzo basohoye indirimbo nshya ikubiyemo ubutumwa bucyebura benshi bishyira hejuru nyamara ubuzima buhinduka isaha n’isaha. Umuraperi Iraguha Lando Fils uzwi nka GSB Kiloz yongeye kumena wino... Read more »