“Flash Light Bar & Resto” ifatanje na “Belo Gang Music” bateguye ikindi gitaramo cya Hip Hop gikomeye.

Nyuma yuko bateguye ibitaramo bitandukanye byagaragayemo abaraperi bakomeye mu Rwanda ndetse bagasanga ko iyo njyana igikunzwe cyane mu bantu, Flash Light Bar & Resto ku bufatanye na “Belo Gang Entertainment” bakomeje izi... Read more »

The Ben Yakiriwe n’imbaga, Abari biteze umukunzi we Pamella ku kibuga bamubuze.

Icyamamare Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben nawe yasesekaye mu Rwanda akubutse mu gihugu cya Canada aho amaze gukorera igitaramo kimwe na mugenzi we Kenny Sol nawe waraye ageze mu Rwanda mu... Read more »

Bwa mbere yemeje ibyerekeye Umukunzi we, avuga ku ntambara ivugwa hagati ya The Ben na Bruce Melodie.

Umuhanzi Kenny Sol uri mu bahanzi bahiriwe cyane n’umuziki neza ndetse uri mu bakunzwe cyane mu Rwanda no mu karere ka Afurika y’uburasirazuba yagarutse i Kigali akubutse muri Canada muri gahunda y’Ibitaramo... Read more »

Alaphat entertainment yateguye irushanwa ry’abaririmba Karaoke

Nyuma  y’uko  uruganda  rwo  mu Rwanda  mu myidagaduro rukomeje gutera imbere  amarushanwa y’abahanzi akomeje  kuba menshi kuri  iyi nshuro mu Rwanda hagiye  kuba irushanwa rihuriza  hamwe  abaririmba karaoke . Iri  rushanwa ryiswe ... Read more »

Inyubako zo  muri  Gare  ya   Musanze  zibasiwe  n’inkongi  y’Umuriro

Mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere tariki  ya 20 Ugushyingo  2023  ahagana I saa  tatu n’igice  nibwo imwe  mu nyubako yo mu kigo abagenzi bategeramo imodoka cyo  mu mujyi wa Musanze ... Read more »

Rosalynn Carter umugore wa Jimmy Carter wabaye Perezida wa USA yitabye Imana

Rosalynn Carter, umugore wa Jimmy Carter wabaye Perezida wa 39 wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yitabye Imana ku myaka 96. Amakuru y’urupfu rwa Rosalynn Carter yamenyekanye mu gitondo cyo kuri uyu... Read more »

Gen-z Comedy: Abanyarwanda bongeye kwereka Titi Brown, urukundo rwo ku rwego rwo hejuru.

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane muri camp Kigali ahasanzwe habera ibitaramo bya Gen-Z comedy itegurwa n’umunyarwenya Fally Merci Abanyarwanda bongeye kwereka Titi Brown urukundo rwo mu rwego rwo hejuru bamurundaho... Read more »

Ibyamamare 5 bikurikirwa n’abantu benshi kuri Instagram kw’Isi hose.

Imbuga nkoranyambaga zagiye zorohereza abantu batandukanye kumenyekanisha ibikorwa byabo, ugereranije n’imyaka yatambutse aho byari bigoye ko abantu bamenya buri kimwe muburyo bworoshye, nk’amakuru, imiziki, filime, n’ibicuruzwa ku masoko, ibi byose rerro ni... Read more »

Dore urutonde rw’indirimbo 5 zimaze kurebwa cyane kw’Isi yose kuva 2010 kugeza 2023.

Umuziki ni uruvangitirane rw’amajwi yiganjemo ibicurangisho, ingoma ndetse n’umudiho, umuziki kandi ni kimwe mu bintu ushobora gumva ahantu hatandukanye, aho bawifashisha nko mubirori, ubukwe, mu nsengero, mu tubyiniro, mu gushyingura, ku maradiyo,... Read more »

Dore indirimbo 5 z’abahanzi ny’Afrika zarebwe cyane ku rubuga rwa youtube kuva 2015 kugeza ubu muri 2023.

Umuziki ni uruvangitirane rw’amajwi yiganjemo ibicurangisho, ingoma ndetse n’umudiho, umuziki kandi ni kimwe mu bintu ushobora gumva ahantu hatandukanye, aho bawifashisha nko mubirori, ubukwe, mu nsengero, mu tubyiniro, mu gushyingura, ku maradiyo,... Read more »