SADC yacyuye intwaro zayo izinyujije mu Rwanda

Kuri uyu wa 29 Mata, ingabo za SADC zatsinzwe ku rugamba zari zifatanyije na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zihanganyemo n’abarwanyi b’umutwe wa M23 zacyuye ibikoresho byazo zibinyujije mu Rwanda. Ibi bikoresho... Read more »

Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Francis yitabye Imana.

Kuri wa Mbere, tariki ya 21 Mata 2025, Abakirisitu Gatolika n’Isi yose bari mu gahinda nyuma y’inkuru y’incamugongo y’urupfu rwa Papa Francis, wapfiriye mu rugo rwe i Vatikani afite imyaka 88. Nk’uko... Read more »

Bigoranye Fc Barcelone na PSG zakatishije tike ya 1/2. {Amafoto}

FC Barcelone yatsinzwe na Borussia Dortmund ibitego 3-1 ikomeza muri ½ cya UEFA Champions League ku giteranyo cy’ibitego 5-3, ijyana na Paris Saint-Germain yatsinzwe na Aston Villa ibitego 3-2, gusa igakomeza ku... Read more »

Jose Chameleon yongeye kwishimirwa ku rubyiniro ahabwa ikaze mu rugo. {Amafoto}

Umuhanzi w’umunyabigwi Joseph Mayanja wamenyekanye nka Dr Jose Chameleon mu muziki wa Uganda ndetse no muri Afurika y’uburasizura yongeye guhabwa ikaze n’abakunzi be ndetse bamugaragariza ko bari bamukumbuye cyane. Uyu muhanzi wubatse ibigwi... Read more »

Amashirakinyoma ku mpeta yambitswe inkindi Aisha uzwi muri cinema nyarwanda.

Ese koko inkuru y’urukundo rutunguranye rwavuyemo no kwambikana impeta yaba ari iya nyayo? nkuko byibazwa na benshi mu bakunzi b’imyidagaduro mu Rwanda. Inkuru yatangaje benshi mu bakurikirana imyidagaduro yo mu Rwanda, ni... Read more »

Igihe M23 igomba kuganirira na Leta ya Congo cyatangajwe.

Aba bategereje kumva no kumenya ibyavuye mu biganiro hagati y’umutwe wa M23 ndetse na Leta ya Congo ihagarariwe na Perezida Felix Tshisekedi bamaze kumenyeshwa igihe ibi biganiro bizabera nyuma yo gutekerezwaho neza... Read more »

Ukraine yemeye icyifuzo cy’Amerika cy’agahenge k’ iminsi 30 mu ntambara barimo n’Uburusiya

Ukraine yatangaje ko yemeye icyifuzo cy’amerika cy’agahenge k’iminsi 30 mu ntambara irimo n’Uburusiya Ibi ibyemeye  nyuma y’Umunsi umwe  habaye ibiganiro hagati  y’amerika na  Ukraine byabereye  I Jeddah muri Arabiya sawudite kuri uyu ... Read more »

“DRC ntiyakabaye igisabiriza, ifite umutungo kamere uhagije” Perezida Kagame.

Umukuru w’igihugu cy’ u Rwanda Nyakubahwa Perezida Paul Kagame asanga Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo idakwiye kuba ku rutonde rw’ibihugu bifashwa n’amahanga nyamara yakabaye yihagije cyane ko yigwijeho umutungo kamere benshi badafite.... Read more »

Perezida Paul Kagame yakiriye Qimiao Fan uhagarariye Banki y’Isi mu Rwanda

Perezida Paul Kagame yakiriye Qimiao Fan uhagarariye Banki y’Isi mu Rwanda, Kenya, Somalia na Uganda, baganira ku bufatanye busanzwe n’ubwo mu gihe kizaza. Umukuru w’Igihugu yakiriye Qimiao mu biro bye kuri uyu... Read more »

Mutesi Jolly utaherukaga kuvugwa cyane, yongeye gutuma abasore n’abagabo barabya indimi.

The Silver Gala, bimwe mu birori byo gushakira inkunga umuryango wita ku bana batishoboye ‘Sherrie Silver Foundation”, byabereye i Kigali aho ibyamamare ku isi byatambutse kuri ‘red carpet’ mu mideri itandukanye kandi... Read more »