Muri Congo Imfungwa 129, zapfuye zirimo zigerageza gutoroka gereza.

nzego z’Ubuyobozi muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (DRC) zatangaje ko imfungwa zari muri gereza ya Makala 129 zapfuye 24 muri zo ziraswa mu cyico ubwo zageragezaga gutorokoa iyi gereza iri Murwa... Read more »

Perezida Paul Kagame yongeye gushimangira ko, atazatatira igihango cyo kurinda abanyarwanda.

Perezida Paul Kagame yakiriye itsinda ry’abanyeshuri b’Abanyarwanda bitabiriye amarushanwa y’imibare azwi nka Pan African Mathematics Olympiad (PAMO) abashimira umuhate bagaragaje ndetse avuga ko yifuje guhura nabo kugira ngo abashimire kandi ko azabahora... Read more »

RDF yohereje izindi ngabo, muri Mozambique {Cabo Delgado}.

Itsinda ry’abasirikare bo mu ngabo z’u Rwanda ndetse n’abapolisi ba Polisi y’Igihugu, kuri uyu wa Kabiri bahagurutse i Kigali berekeza mu ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique aho bagiye mu bikorwa byo... Read more »

Hamas yongeye kwihebesha abateganyaga agahenge k’umutekano n’intambara.

Nyuma y’uko Perezida w’Amerika Joe Biden avuze ko yumva afite icyizere cy’agahenge mu ntambara yo muri Gaza, Hamas yo ivuga ko igikomeje ibikorwa byo guhangana na Israel. Biden yavuze ko ngo agahenge... Read more »

Abasirikare 100 barinda abayobozi bakuru basije imyitozo ihambaye bahabwaga n’ingabo za Qatar.

Abasirikare 100 bo mu ngabo z’u Rwanda {RDF – Military Police} basoje imyitozo y’umwihariko ibafasha mu kazi kabo ko kurinda Abayobozi bakuru ku bufatanye na Qatat hamwe na RDF. Iyi myitozo yasojwe... Read more »

Hari ikizere ku gucyemuka kw’ibibazo by’umutekano, hagati y’U Rwanda na RDC.

Ibiganiro hagati y’abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga b’ibihugu byombi u Rwanda na Congo byashimangiye ko hari ikizere ku gucyemura ibibazo by’umutekano hagati y’ibihugu byombi. Kuri uyu wa Kabiri, tariki 30 Nyakanga 2024 i Luanda... Read more »

Abasirikare ba Afurika y’Epfo birukanwe muri RDC kubera ubusambanyi n’ihohotera bagizwe abere

Abasirikare icyenda bo muri Afurika y’Epfo birukanywe muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC) mu Kwakira umwaka ushize bakurikiranyweho icyaha cyo gusambanya no guhohotera (SEA) bahanaguweho icyaha ariko bahamwa n’icyaha cyo kurenga... Read more »

Perezida Kagame  yagiranye ibiganiro na Perezida Ruto i Dubai

Perezida Paul Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we wa Kenya, William Ruto, bagaruka ku mahirwe y’ishoramari agaragara mu bihugu byombi no ku bibazo by’umutekano mu Karere. Abakuru b’ibihugu bombi bahuriye i Dubai... Read more »

FARDC yamennye intwaro n’abasirikare benshi i Goma kugira ngo ibuze M23 kuhafata

Igisirikare cya Leta ya RDC aricyo FARDC gifatanyije na FDLR,Abacancuro,Ingabo z’u Burundi na Wazalendo,biravgwa ko basutse intwaro zikomeye i Goma kugira ngo bayirinde gufatwa na M23. Amakuru yagiye hanze kuri uyu wa... Read more »

Uwahoze ari Minisitiri w’intebe wa Pakisitani n’umugore we, bafunzwe bazira ruswa.

Imran Khan n’umugore we Bushra Bibi bafunzwe imyaka 14, igihano cya kabiri gihabwa uwahoze ari Minisitiri w’intebe wa Pakisitani mu minsi ibiri. Abashakanye bahamwe n’icyaha cyo kunguka mu buryo butemewe n’impano za... Read more »