Ni iki kitezwe gukurikiraho, Urubanza rwa Prince Kid, Iminsi 28 irashize Akatiwe igifungo cy’imyaka 5.

Ese ni iki kitezwe gukurikiraho, nyuma yuko iminsi 28 yose yihiritse Uwitwa Ishimwe Dieudonne uzwi nka Prince Kid akatiwe n’urukiko rukuru igihano cy’imyaka 5. Kuwa 13 Ukwakira 2023 nibwo umucamanza mu rukiko... Read more »

Gasopo ku bakorera ibyaha ku mbuga nkoranyambaga, Kuko atazigera yihanganirwa “RIB”

Dr Murangira Thierry, Umuvugizi wa RIB, yibukije abaturarwanda byumwihariko abakoresha cyane imbuga nkoranyambaga ko urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha RIB rutazigera rwihanganira ibyaha bikorerwa ku mbuga nkoranyambaga bigakorwa n’abantu harimo n’abitwaje umurimo bakora. Ibi... Read more »

Ishimwe Dieudonne uzwi nka Prince Kid, Yakatiwe igifungo cy’imyaka 5 n’ihazabu ya miliyoni 2.

Urukiko Rukuru rwakatiye Ishimwe Dieudonné uzwi nka Prince Kid igifungo cy’imyaka itanu rumuhamije ibyaha byo gukoresha undi imibonano mpuzabitsina ku gahato no gusaba cyangwa gukora ishimishamubiri rishingiye ku gitsina, runategeka ko azishyura... Read more »

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwanzuye ko umwanzuro ku rubanza rwa Titi Brown, uzasomwa kuwa 10 Ugushyingo 2023.

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwanzuye ko umwanzuro ku rubanza rwa Titi Brown uzasomwa ku itariki ya 10 Ugushyingo 2023, Nyuma y’izindi nshuro zisaga 6 zose rusubikwa. Titi Brown umaze igihe mu rubanza... Read more »

Umubyinnyi Titi Brown yongeye kwitaba Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge.

Umubyinnyi Titi Brown umaze igihe mu rubanza rwabuze gica yongeye kwitaba Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge, ku kuburana ku cyaha cyo gusambanya umwana utaruzuza imyaka y’ubukure. Ni urubanza rumaze gusubikwa inshuro 6 ku... Read more »

Polisi y’u Rwanda iraburira abafite utubari, batubahiriza amasaha mashya yo gufunga.

Police y’ igihugu cy ’u Rwanda cyibukije abafite utubari mu Mujyi wa Kigali, Abamansuzi n’abandi bakora akazi kajyanye n’imyidagaduro kubahiriza amabwiriza agenga amasaha mashya yashyizweho yo gufunga utubari. Ni amabwiriza yashyizweho mu... Read more »

RIB yataye muri Yombi umunyamakuru Manirakiza Theogene wa Ukwezi, akurikiranweho ruswa.

Ikigo cy’igihugu gishinzwe iperereza mu Rwanda, RIB, cyataye muri yombi umunyamakuru Manirakiza Theogene washinze ikinyamakuru Ukwezi akanagira umuyoboro wa YouTube witwa Ukwezi TV. aho akurikiranyweho ruswa Uyu Manirakiza watangije ikinyamakuru gikorera kuri... Read more »

Apotre Yongwe bimurangiriyeho, Ubushinjacyaha bwifatiyemo.

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB rwatangaje ko dosiye ya Harerimana Joseph, uzwi nka Apôtre Yongwe, ukurikiranyweho icyaha cyo kwihesha ikintu cy’undi hakoreshejwe uburiganya, yamaze gushyikirizwa Ubushinjacyaha. Uyu mugabo yatawe muri yombi ku Cyumweru... Read more »