Forbes Magazine yashyize Jay Z kumwanya wa mbere mu baraperi 10 bakize ku Isi mu 2023 Reba urutonde hano

Umuziki umaze gukiza benshi by’umwihariko wagize abaherwe abakora injyana ya Rap/Hip Hop benshi bafata nk’injana y’ibirara cyangwa abayikora ugasanga bafatwa ukundi kuntu gutandukanye n’abakora izindi njyana. Injyana ya Rap mu muziki yatangiye... Read more »

Nyuma y’imyaka isaga 4, Kitoko yongeye kwataka mu muziki n’amacenga menshi.

Umuhanzi Kitoko usigaye atuye mu gabane w’uburayi, Wari warabuze mu muziki yaciye amarenga yo kugaruka nyuma yo gusoza ibyamuzitiraga muri izo gahunda zijyanye no gukora ibihangano bye. BIBARWA Patrick wamamaye nka Kitoko... Read more »

Ikamyo y’ibinyobwa bya Bralirwa ihiriye i Musanze.

Ikamyo y’Uruganda rwenga Ibinyobwa bisembuye n’Ibidasembuye, Bralirwa, Yavaga i Rubavu yerekeza mu Mujyi wa Kigali yafashwe n’inkongi igeze mu Mujyi wa Musanze. Read more »

BURUNDI: Kidum Kibido yashyize hanze indirimbo y’urukundo yise” Wa Motema” KANDA HANO UYIREBE

Umuhanzi w’icyamamare witwa Nimbona Jean Peirre uvuka mu gihugu cy’abaturanyi uzwi ku mazina y’ubuhanzi nka ‘Kidum Kibido’ yakoze agashya abasha gukora mu nganzo ashyira hanze indirimbo y’amajwi n’amashusho ayita “Wa Motema”. Iyi... Read more »

Ed Sheeran yashyize ku musozo, imirimo yo gucukura Imva ye azashyingurwamo.

Umuhanzi w’umunyamerika wamamaye cyane mu ndirimbo zitandukanye ku Isi yose, yamaze gushyira ku musozo imirimo yo gucukura imva ye azashyingurwamo mu gihe azaba atakirimo umwuka w’Abazima. Umuhanzi wakunzwe cyane, Sheeran we ubwe yitangarije ko... Read more »

Jason Derulo arashinjwa kugerageza, kurya bango umuhanzikazi mushya afasha.

Uyu muhanzikazi mu njyana ya R&B witwa Emaza Gibson tanze ibirego bye avuga ko Jason Derulo yamusinyishije amasezerano yanditse muri Label y’umuziki agamije kuryamana nawe gusa kuko ngo nta rundi rukundo ajya... Read more »

Yverry na Knowless basohoye indirimbo bakoranye -Video

Umuhanzi Rugamba Yverry [Yverry] yashyize ahagaragara amashusho y’indirimbo ye nshya “Njyenyine” yakoranye na Butera Knowless. Ibaye indirimbo ya mbere aba bombi bakoranye nyuma y’igihe buri umwe ari mu muziki. Yverry yaherukaga gusohora... Read more »

Shalom Choir  izifatanya na Israel Mbonyi mu gitaramo aho kwinjira ari ubuntu.

Ubuyobozi bwa Shalom Choir yo mu Itorero ADEPR bwatangaje ko kwinjira byagizwe ubuntu mu gitaramo kigamije kwigisha abantu ko nta muntu uruhura uretse Yesu Kristo. Perezida wa Shalom Choir Ngendahimana Gaspard irimo... Read more »

Jean de Dieu Harerimana, uzwi mu muziki nka JDK, wamamaye mu ndirimbo yise “Hinga Kinyamwuga”, arakataje mu ndirimbo z’urukundo

Jean de Dieu Harerimana, uzwi mu muziki nka JDK, wamamaye mu ndirimbo yise “Hinga Kinyamwuga”, arakataje mu ndirimbo z’urukundo aho yamaze gushyira hanze iya kabiri yise “Special Night”. Indirimbo “Special Night” ya... Read more »

Seburikoko ntizongera kunyura kuri RTV nyuma yuko iguzwe na Canal +

Amakuru yigurwa ry’iyi filimi yatangajwe ku wa, Kane tariki 7 Nzeri 2023 mu muhango wo gutangaza filimi nshya Canal + yitegura gushyira hanze mu minsi iri mbere. Iyi filimi iri mu zikunzwe... Read more »