Senderi,Kenny Sol, Bwiza,Danny  Vumbi  na Bushali basusurukije abanyakigali mu gitaramo gisoza Tour Rwanda  Festival

Nyuma  y’Ibitaramo bya Tour du Rwanda Festival birenga  3 byari bimaze igihe bizenguruka Igihugu bijyana n’irushanwa ry’amagare byasorejwe mu Mujyi wa Kigali mu ijoro ryo ku wa 25 Gashyantare 2024. Ibi bitaramo... Read more »

Miss Nishimwe Naomie na Mutesi Jolly bakeje Miss  Kenza Joannah yuma  yo kwegukana ikamba rya Miss Belgium 2024

Mutesi Jolly wabaye Miss Rwanda 2016 yagaragaje ko yishimiye intambwe Kenza Joannah yateye yo kwegukana ikamba rya Miss Belgium 2024, agaragaza ko ari ikintu cyo kwishimira ku banyarwanda bose, ibintu ahurizaho n’abarimo... Read more »

TDR 2024 :Musanze Juno kizigenza yongeye kwerekana ko yigaruriye imitima ya benshi

Ni kamwe mu dushya twaranze ibitaramo bya Tour du Rwanda Festival byari bigeze mu Karere ka Musanze mu Ntara y’Amajyaruguru mu ijoro ryo ku wa 22 Gashyantare 2024. Iki gitaramo cyabereye mu... Read more »

Tour du Rwanda Festival abahanzi bataramiye abanyehuye

Ibitaramo bya Tour du Rwanda Festival byatangiriye mu Karere ka Huye aho abakunzi b’umukino w’amagare banyuzwe n’umuziki bacurangiwe n’abahanzi batandukanye bari bitabiriye ku bwinshi. Igitaramo cya mbere cyabereye muri ‘Car Free Zone’... Read more »

Benshi mu rubyiruko bitiranya ibigezweho no guhemuka, Ubutumwa bwa GSB Kiloz mu ndirimbo ye nshya.

Umuhanzi wa Rap Iraguha Lando Fils uzwi cyane nka GSB Kiloz wumvikana cyane muri Old School, Yashyize hanze amashusho y’indirimbo nshya yise ‘Ibisekuru’ Acyeburamo Abajeune basigaye bitiranya ibigezweho no guhemukira abantu bacu. Uyu... Read more »

Niyo Bosco,Kenny Sol,Afrique,Danny Vumbi biyongereye mu bahanzi bazataramira abazitabira Tour du Rwanda

Kikac Music  nyuma y’iminsi mike itangaje abahanzi batanu bazitabira ibitaramo bya ‘Tour du Rwanda Festival’, muri  iki gitondo imaze kwemeza abandi bahanzi  bane, bazasusurutsa abakunzi b’umukino w’amagare mu bitaramo bine bizazenguruka Igihugu.... Read more »

“Ibihangano birimo Jay Polly si ibyo gukinisha”, Udukoryo twabaye mu gitaramo Green P yaririmbyemo. {Amafoto}

Umuraperi Green P wari ukumbuwe na benshi mu bakunzi be n’abinjyana ya Hip Hop muri rusange yaraye yongeye kwerekana ko ibyo akora ari impano imurimo ijana ku rindi. Uyu musore wari utegerejwe... Read more »

Nyuma y’Ukwezi kumwe agarutse mu Rwanda, Green P Agiye kugaragara mu kindi gitaramo gikomeye.

Umuraperi uza ku isonga mu bami ba Hip Hop yo mu Rwanda RUKUNDO Elie wamamaye nka Green P yongeye gushing ibirindiro no kwigarurira imitima ya benshi nyuma y’ukwezi kumwe gusa ageze mu... Read more »

Kikac Music yateguye ibitaramo bizaherekeza Tour du Rwanda

Isiganwa ry’amagare rya Tour du Rwanda rigiye kuba rizaherekezwa n’ibitaramo by’abahanzi batandukanye kandi bagezweho mu Rwanda mu rwego rwo gutanga  ibyishimo ku bakunzi ba  Muzika muri buri gace abakinnyi bazajya basorezamo. Guhera... Read more »

Yago yatunguye ababyeyi be abaha impano y’ifoto y’umukuru w’Igihugu, mu gitaramo “SUWEJO Album Launch”

Umuhanzi akaba n’umunyamakuru Yago PonDat yatunguye benshi cyane mu gitaramo cye cyo kumurika Alubumu ye ya mbere “Suwejo” byumwihariko ku mpano yateguriye ababyeyi be ifite igisobanuro gihambaye. Kuri uyu wa gatanu tariki... Read more »