u Rwanda rwungutse umuhanzikazi ufite uburanga burangaza abagabo n’abasore (Amafoto)

Umuziki nyarwanda ugenda ugira ikibazo cyo kuba urimo abakobwa bake ndetse n’ababashije kubaka amazina afatika bakawutera umugongo mu buryo budafututse n’abandi bakawukora biguru ntege. Ariko na none hari bamwe muri bo bahagaze... Read more »

Dore abahanzi bagiye kuzenguruka u rwanda mu bitaramo byiswe MTN Iwacu Muzika Festival

Ibitaramo bihuza abahanzi Nyarwanda bya Iwacu Muzika Festival bizenguruka intara bigahuza abahanzi Nyarwanda byaje mu isura nshya aho MTN yabaye umuterankunga wabyo mukuru bihindurirwa izina byitwa “MTN Iwacu Muzika Festival” Mu kiganiro... Read more »

I Kigali hagiye kugaragara utugare tuzwi mu mijyi yateye imbere

Ku bufatanye bw’Ibigo bibiri bikora ibijyanye n’ubwikorezi bw’ibintu no gutwara abantu, mu Rwanda hatangijwe ikoreshwa ry’utugare na moto nto bikoresha amashanyarazi, aho uyu mwaka uzasiga nibura hamaze kuza ibigera muri 500.Ni amasezerano... Read more »

Perezida Kagame yakoze impinduka nyinshi muri Guverinoma

Perezida Kagame yakoze impinduka muri Guverinoma aho Gaspard Twagirayezu yagizwe Minisitiri w’Uburezi mu gihe Dr. Valentine Uwamariya yagizwe Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango. Maj Gen Albert Murasira wahoze ari Minisitiri w’Ingabo w’u Rwanda,... Read more »

mu Rwanda hatangijwe ubukangura mbaga bwo gushyigikira bibiliya, kuko abari abaterankunga bayo bari kugabanuka cyane

Umuryango wa Bibiliya mu Rwanda utangaza ko mu gihe bitashyirwamo ingufu zifatika Bibiliya Yera na Bibiliya Ntagatifu zishobora kuba nke mu Rwanda ndetse igiciro cyazo kigakomeza gutumbagira ku isoko. BSR ivuga ko... Read more »

The Ben na Green P, bari mu gahinda gakomeye ko gupfusha umubyeyi bitunguranye.

Umubyeyi w’umuhanzi Mugisha Benjamin wamenyekanye cyane nka The Ben mu muziki nyarwanda na Green P, yitabye Imana azize uburwayi muri iri joro ryo kuwa gatanu tariki ya 18 Kanama 2023. Umubyeyi ubyara... Read more »

Perezida Kagame yakiriye umuhanzi Davido muri Village Urugwiro. {Amafoto}

Kuri uyu wa gatanu, Perezida Paul Kagame yakiriye umuhanzi wo muri Nigeria Davido, ugomba gutaramira abanyarwanda mu iserukiramuco rya ‘Giants Of Africa} kuri uyu gatandatu, mu biro bye {Village Urugwiro} Kuri uyu... Read more »

Kigali: Umugabo yakoze agashya nyuma yo kuryamana n’indaya, asaba umugore we kuyishyura

Mu mujyi wa Kigali, haravugwa inkuru y’umugabo wakoze agashya arongora indaya, asaba umugore we iyo fagitire y’indaya kuko ari we wabiteye. Nyuma yo kumara iminsi itatu abwira umugore we witwa KANZAYIRE ko... Read more »

Bamwe bari INDAYA abandi bahora muma CLUB !Dore abavugabutumwa 4 b’Abagore bakunzwe cyane mu Rwanda

Muri iyi minsi abagore bahawe ijambo mu muzego zitandukanye , ariko by’umwihariko mu murimo w’Imana aho usanga basigaye bakunzwe cyane ku rwego rwo hejuru mu ivugabutumwa. Muri iyinkuru tugiye kugaruka ku bagore... Read more »

Kigali:Imiryango isaga 3000 yasabwe kwimuka byihuse umuhindo utaraza

Umuyobozi w’umujyi wa Kigali, Rubingisa Pudence, yatangaje ko imiryango 3131 ituye ahantu hashyira ubuzima bwayo mu kaga ku buryo ari ngombwa cyane ko yimuka cyangwa ikimurwa ukwezi kwa Nzeri 2023 guteganyijwemo imvura... Read more »