Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwanzuye ko umwanzuro ku rubanza rwa Titi Brown, uzasomwa kuwa 10 Ugushyingo 2023.

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwanzuye ko umwanzuro ku rubanza rwa Titi Brown uzasomwa ku itariki ya 10 Ugushyingo 2023, Nyuma y’izindi nshuro zisaga 6 zose rusubikwa. Titi Brown umaze igihe mu rubanza... Read more »

Umubyinnyi Titi Brown yongeye kwitaba Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge.

Umubyinnyi Titi Brown umaze igihe mu rubanza rwabuze gica yongeye kwitaba Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge, ku kuburana ku cyaha cyo gusambanya umwana utaruzuza imyaka y’ubukure. Ni urubanza rumaze gusubikwa inshuro 6 ku... Read more »

Rayon Sports igaruye Muhire Kevin.

Rayon Sports yatangaje ko yamaze gusinyisha umukinnyi mushya uzanaba Kapiteni wayo mushya, mu mwaka w’imikino 2023/24 wa shampiyona yu Rwanda. Umukinnyi Rayon Sports yasinyishije ni Muhire Kevin wahoze ari umwana w’Iyi kipe,... Read more »

Igitekerezo cya Musa Esenu cyo kongera amasezerano na Rayon Sports.

Rutahizamu wa Rayon Sports, Musa Esenu yavuze ku byiyumviro bye muri Rayon Sports ndetse no kubyo kongera amasezerano, niba yakongerwa cyangwa se akayarangiza agakomereza ahandi. Uyu mukinnyi ukomoka muri Uganda agomba gusoza... Read more »

RIB yataye muri Yombi umunyamakuru Manirakiza Theogene wa Ukwezi, akurikiranweho ruswa.

Ikigo cy’igihugu gishinzwe iperereza mu Rwanda, RIB, cyataye muri yombi umunyamakuru Manirakiza Theogene washinze ikinyamakuru Ukwezi akanagira umuyoboro wa YouTube witwa Ukwezi TV. aho akurikiranyweho ruswa Uyu Manirakiza watangije ikinyamakuru gikorera kuri... Read more »

Kayonza: Yatawe muri yombi, Nyuma yo gufatwa abaga imbwa akazikoramo Brouchette acuruza.

Mu kagari ka Kayonza, Umurenge wa Mukarange, Nsengimana Gapira w’imyaka 22 yafashwe ari kubaga imbwa aho bivugwa ko yotsaga brouchette akazigurisha kuri make. Kuri uyu wa gatatu tariki ya 11 Ukwakira 2023,... Read more »

IFOTO Y’UMUNSI: Madamu Jeanette Kagame yahuye n’abo biganye mu mashuri yisumbuye

Madamu Jeanette Kagame yishimiye kongera guhura n’abo bahoze bigana mu mashuri yisumbuye mu Burundi kuri Lycee Clarte Notre Dame [ubu cyitwa Lycee Vugizo] mu myaka ya 1977-1978. Aba biganye mu mwaka wa... Read more »

Apotre Yongwe bimurangiriyeho, Ubushinjacyaha bwifatiyemo.

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB rwatangaje ko dosiye ya Harerimana Joseph, uzwi nka Apôtre Yongwe, ukurikiranyweho icyaha cyo kwihesha ikintu cy’undi hakoreshejwe uburiganya, yamaze gushyikirizwa Ubushinjacyaha. Uyu mugabo yatawe muri yombi ku Cyumweru... Read more »

Masaka: Hafunguwe ku mugaragaro inyubako nziza, y’ikigo cy’ubushakashatsi ku ndwara ya Kanseri.

Mu karere ka Kicukiro, i Masaka huzuye inyubako nziza cyane izakora serivisi z’ubushakashatsi ndetse ndetse n’amahugurwa ku ndwara yugarije abantu ya Kanseri. Igikorwa cyo gufungura no gutaha iyi nyubako nshya cyabaye kuri... Read more »

Umuhanzikazi Babo wagiye uvugwaho ubutinganyi ,kurubyiniro ntiyihanganiye kurya iminwa, Mama uwe

Nyuma y’igihe kinini yibyagiye bivugwa ko umuhanzikazi Babo yaba akundana nabo bahuje igitsina ( Abatinganyi) uyu mukobwa wanagiye avugwa murukundo n’umuhanzikazi Asinah Erra ndetse na Ariel Weyz, nubwo we atabihakana cyangwa ngo... Read more »