SADC yacyuye intwaro zayo izinyujije mu Rwanda

Kuri uyu wa 29 Mata, ingabo za SADC zatsinzwe ku rugamba zari zifatanyije na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zihanganyemo n’abarwanyi b’umutwe wa M23 zacyuye ibikoresho byazo zibinyujije mu Rwanda. Ibi bikoresho... Read more »

Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Francis yitabye Imana.

Kuri wa Mbere, tariki ya 21 Mata 2025, Abakirisitu Gatolika n’Isi yose bari mu gahinda nyuma y’inkuru y’incamugongo y’urupfu rwa Papa Francis, wapfiriye mu rugo rwe i Vatikani afite imyaka 88. Nk’uko... Read more »

Bigoranye Fc Barcelone na PSG zakatishije tike ya 1/2. {Amafoto}

FC Barcelone yatsinzwe na Borussia Dortmund ibitego 3-1 ikomeza muri ½ cya UEFA Champions League ku giteranyo cy’ibitego 5-3, ijyana na Paris Saint-Germain yatsinzwe na Aston Villa ibitego 3-2, gusa igakomeza ku... Read more »

Jose Chameleon yongeye kwishimirwa ku rubyiniro ahabwa ikaze mu rugo. {Amafoto}

Umuhanzi w’umunyabigwi Joseph Mayanja wamenyekanye nka Dr Jose Chameleon mu muziki wa Uganda ndetse no muri Afurika y’uburasizura yongeye guhabwa ikaze n’abakunzi be ndetse bamugaragariza ko bari bamukumbuye cyane. Uyu muhanzi wubatse ibigwi... Read more »

Igihe M23 igomba kuganirira na Leta ya Congo cyatangajwe.

Aba bategereje kumva no kumenya ibyavuye mu biganiro hagati y’umutwe wa M23 ndetse na Leta ya Congo ihagarariwe na Perezida Felix Tshisekedi bamaze kumenyeshwa igihe ibi biganiro bizabera nyuma yo gutekerezwaho neza... Read more »

Bien-Aimé wa Sauti Sol, yatangaje uko afata Bruce Melodie nk’umunyempano ihambaye.

Umuhanzi wo muri Kenya Bien-Aimé uri i Kigali, yavuze uko yiyumva iyo ari mu Rwanda, ahishura n’inzozi yahoze arota zo gukorana n’umuhanzi wo mu Rwanda, ari nako yavuze imyato Bruce Melodie. Ibi... Read more »

Kidumu yongeye kwerekana ko abazamusimbura bafite akazi katoroshye. {AMAFOTO}

Kidumu Kibido umaze imyaka akayabo mu muziki yongeye gushimangira ko ari umwe mu bahanzi bafashe imitima y’Abanyarwanda mu buryo bukomeye muri iri joro ryo kuri uyu wa gatanu tariki 23 Kanama 2024.... Read more »

Nyuma y’igihe kinini batacyumvikana, Jennifer Lopez yasabye gutandukana na Ben Affleck.

Jennifer Lopez yasabye gatanya n’umugabo we Ben Affleck, nawe uzwi cyane mu bya filimi, nk’uko byatangajwe n’ibinyamakuru bitandukanye byo muri Amerika n’ahandi bivuga ko wari umwe mu miryango (couples) zizwi cyane kurusha... Read more »

RDF yohereje izindi ngabo, muri Mozambique {Cabo Delgado}.

Itsinda ry’abasirikare bo mu ngabo z’u Rwanda ndetse n’abapolisi ba Polisi y’Igihugu, kuri uyu wa Kabiri bahagurutse i Kigali berekeza mu ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique aho bagiye mu bikorwa byo... Read more »

Hamas yongeye kwihebesha abateganyaga agahenge k’umutekano n’intambara.

Nyuma y’uko Perezida w’Amerika Joe Biden avuze ko yumva afite icyizere cy’agahenge mu ntambara yo muri Gaza, Hamas yo ivuga ko igikomeje ibikorwa byo guhangana na Israel. Biden yavuze ko ngo agahenge... Read more »