Mutabare utazuyaje ashaka ko muryamana gusa yagutinye, numubonana ibi bimenyetso.

Ntukibeshye ngo utekereze ko abahungu aribo bakenera gukora imibonano mpuzabitsina bonyine, N’abakobwa barabyifuza ariko bagapfira imbere bakabasha kubihisha n’ubwo hari ibimenyetso bagaragaza bamwe mu bahungu batamenya. Ni byiza ko ukora imibonano mpuzabitsina... Read more »

Ibi bintu 6 abantu bakunze kubikora, kandi byangiza ubuzima cyane.

Akenshi iyo abantu bavuze ibyangiza ubuzima abantu bumva ibyo kurya n’ibyo kunywa bibi no kudakora imyitozo ngororamubiri. Yego nabyo byangiza ubuzima ariko hari ibindi bintu by’ingenzi abantu bagakwiye kureka kuko usanga byangiza... Read more »

Ange ni umukobwa w’imyaka 32 arashaka umukunzi w’umusore ’ubyibushyemo’ kanda ku ifoto ye ubone nimero ze

Ni umukobwa witwa Ange, yacishije ubutumwa bwe kuri iki kinyamakuru kigalihit.rw avuga ko yifuza umukunzi w’umusore, ariko yongeraho ko abaye abyibushye byaba ari akarusho. Yagize ati “Amazina nkoresheje si ayanjye, ndashaka umukunzi... Read more »

Dore ibintu 10 biza ku isonga mu gukurura abasore ku buryo barwanira umukobwa ubifite

Burya umuhungu iyo agiye gukunda umukobwa agira ibyo agenderaho bye byihariye ariko twabahitiyemo kubarebera ibintu abahungu benshi bahuriraho iyo bagiye guhitamo umukobwa bakundana. 1.Imiterere y’umugore cyangwa umukobwa Aha ni ukuvuga isura ye... Read more »

Umusore yahagaritse ubukwe ku munsi bwari kuberaho kubera icyo yavumbuye ku mugeni

Umusore wo muri Nigeria yatumye benshi bacika ururondogoro nyuma yo guhagarika ubukwe ku munsi bwari kuberaho kubera ko yavumbuye ko umukobwa yari agiye gushaka yasambanye n’undi musore mu minsi mike yari ishize.... Read more »

Harmonize yiyemeje guhomba akayabo kubera urukundo akunda Poshy Queen

Umuhanzi Harmonize yemeje ko atazataramira abanya Sierra Leone kubera ko umukunzi we, Poshy Queen,yabuze ibyangombwa bimwemerera kujyana nawe muriicyo gihugu. Uyu muhanzi abinyujije kuri Instagram (Story),yagize ati”Sierra Leone, Mumbabarire kubera ko ntabwo... Read more »

Ntuyifungure niba udafite imyaka 18! menya ibyiza byo kurangiza mu gihe cyose wumvise ufite ubushake bwo gukora imibonano mpuza bitsina

Kurangiza ku mugabo birangwa n’ibintu 2; amaraso atembera mu gitsina cyawe ariyongera ndetse n’imikaya ikigize ikarushaho gukomera. Ni uburyo umubiri ukoresha kugirango igitsina gisubire mu bihe bisanzwe. Igihe cyo kurangiza kirangwa n’ibimenyetso... Read more »

BURUNDI: Kidum Kibido yashyize hanze indirimbo y’urukundo yise” Wa Motema” KANDA HANO UYIREBE

Umuhanzi w’icyamamare witwa Nimbona Jean Peirre uvuka mu gihugu cy’abaturanyi uzwi ku mazina y’ubuhanzi nka ‘Kidum Kibido’ yakoze agashya abasha gukora mu nganzo ashyira hanze indirimbo y’amajwi n’amashusho ayita “Wa Motema”. Iyi... Read more »

Umukecuru Ati ndishyura $ 15,000 buri kwezi ku muntu uwo ari we wese, uzandongora.

Umudamu wo muri Gana yahaye umugabo uwo ari we wese ku Isi, Ushaka kumurongora amafaranga ya y’amanyegana angana na GHc25.000 mu cyumweru ariko akagomba kuba yujuje ibisabwa bishakwa n’uyu mudamu. Uyu mudamu... Read more »

Uburyo 15, Abakobwa n’Abagore bakoresha basuzuma ko, Abahungu babakunda bya nyabyo.

Abagore benshi bakunze kugerageza imbaraga z’umubano barimo, Kugirango bamenye neza niba mugenzi wabo, Ari mu bwoko bw’Abasore cyangwa Abagabo bifuzaga ndetse baha agaciro, Ahanini banashaka kumenya imico yabo, no gusuzuma uburyo bitondera... Read more »