
Kurangiza ku mugabo birangwa n’ibintu 2; amaraso atembera mu gitsina cyawe ariyongera ndetse n’imikaya ikigize ikarushaho gukomera. Ni uburyo umubiri ukoresha kugirango igitsina gisubire mu bihe bisanzwe. Igihe cyo kurangiza kirangwa n’ibimenyetso... Read more »

Umuhanzi w’icyamamare witwa Nimbona Jean Peirre uvuka mu gihugu cy’abaturanyi uzwi ku mazina y’ubuhanzi nka ‘Kidum Kibido’ yakoze agashya abasha gukora mu nganzo ashyira hanze indirimbo y’amajwi n’amashusho ayita “Wa Motema”. Iyi... Read more »

Umudamu wo muri Gana yahaye umugabo uwo ari we wese ku Isi, Ushaka kumurongora amafaranga ya y’amanyegana angana na GHc25.000 mu cyumweru ariko akagomba kuba yujuje ibisabwa bishakwa n’uyu mudamu. Uyu mudamu... Read more »

Abagore benshi bakunze kugerageza imbaraga z’umubano barimo, Kugirango bamenye neza niba mugenzi wabo, Ari mu bwoko bw’Abasore cyangwa Abagabo bifuzaga ndetse baha agaciro, Ahanini banashaka kumenya imico yabo, no gusuzuma uburyo bitondera... Read more »

Abantu benshi mu buzima bwa buri munsi, cyane cyane abashakanye, bagira ibyo bumva kimwe n’ibyo batemeranywa na gato, hakaba kandi n’ubwo umwe yifuza kugerageza undi cyangwa kumuhima nyuma akabihomberamo. Iyi ni inkuru... Read more »

Abantu benshi ntibabyitaho ariko birakwiye ko ubyitaho. Hagati y’umugabo n’umugore akenshi igikorwa cyo gutera akabariro gifatwa nkimwe mu nzira nziza yo kwita ku mugabo. Dore ibintu ukwiye kwirinda gukora mbere yuko mutera... Read more »

Umuherwekazi w’umugande uba muri Afurika y’Epfo, Zari Hassan yamaze gukora ubukwe n’umukunzi we Shakib Lutaaya bari barahanye isezerano imbere y’Idini ya Islam. Ni ubukwe bwabaye tariki ya 3 Ukwakira 2023 bubera mu... Read more »

Mu rukundo habamo guhangana byiza aho umusore akora uko ashoboye kugira ngo yigarurire umutima w’umukobwa ku buryo ashobora kumwambura abandi. Uwo mukobwa nagerwaho n’ibikorwa byawe, byanga bikunze azagukunda kandi uzaguma ube uwe... Read more »

Ubuyobozi bw’Ibitaro bya Nemba biherereye mu Karere ka Gakenke buvuga ko 30% kubarwayi bafata imiti igabanya ubukana bwa virusi itera SIDA. Ibi byose biravuhwa mu gace bareberera ari urubyiruko, rukaba rusabwa gufata... Read more »

Abakobwa burya bagira uburyo bwabo bavugamo ibintu, cyane ko ubusanzwe bazwiho amasoni no kudapfa kwerura buri kintu bashaka kuvuga. Ubu rero ni bumwe mu buryo bwinshi abakobwa bakoresha bashaka kubenga abasore. 1.Ndatekereza... Read more »