Ibyiza byo gukundana n’umukunzi uba kure yawe

Abenshi bashobora gutekereza ko gukundana n’umuntu uri kure nta byiza byabyo ariko urubuga elcrema rugaragaza ibyiza byo gukundana n’umuntu ukuri kure ku buryo mubonana buri wese yifuza undi. 1. Ntabwo umuburira akanya... Read more »

Kigali: Benshi mu rubyiruko bicuza kuba baratakaje ubusugi n’ubumanzi imburagihe

Ubushakashatsi bugaragaza ko kimwe cya gatatu cy’urubyiruko rw’abakobwa na kimwe cya kane cy’abahungu bari mu myaka 20 y’amavuko bicuza igihe batakarije ubusugi cyangwa ubumanzi bwabo.  Mu 2019 hari ubushakashatsi bwakorewe mu Bwongereza... Read more »

Menya amwe mu magambo y’ubwenge umusore yakoresha atereta umukobwa yakunze bahuye ubwambere akegukana umutima we

Burya mu buzima busanzwe umuntu ugwa neza ugira amagambo meza biba ntako bias ku bamwumva ariko iyo bigeze ku bakundana biba akarusho bitewe n’uko ashobora gutuma uwari wigunze asagwa n’umunezero bityo amarangamutima... Read more »

Menya ibintu 20 byafasha umukobwa wifuza kuba uw’igikundiro imbere y’umukunzi we

Burya n’ubwo abasore bose badateye kimwe, hari ibintu bahuriyeho nk’imyumvire n’imitekerereze rusange, bityo ibi bikaba ari ibintu 20 byafasha umukobwa wifuza kuba uw’igikundiro ku mukunzi we, akabasha kunogera no kwishimirwa n’umusore bakundana... Read more »

Menya ibintu 10 abakobwa benshi bagenderaho mbere yokwemerera urukundo umusore

Abagabo benshi bakunze kubabara iyo bagerageje kwegera umukobwa akanga ku ikubitiro, abenshi bakeka ko ari uko atari beza ku rugero rw’abo bakobwa. Hari n’abatekereza ko bakagombye kuba bari kurwego nk’urwabo bakobwa mbere... Read more »

Mugisha Francois wa Rayon Sports yakoze ubukwe [AMAFOTO

Mugisha François Master ukina hagati muri Rayon Sports, yasezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi we Ikirezi,mu muhango wabereye i Kampala muri Uganda. Amakuru ISIMBI dukesha iyi nkuru yamenye ni uko uyu muhango wo gusezerana... Read more »

Ibi nibyo bintu bike by’ibanze ukwiye kugira kugira ngo igitsina gore kikubahe

Hari abagabo ujya wumva bijujutira abagore cyangwa abakobwa batandukanye ngo ntibabubaha ugasanga impamvu barazishakira ku gitsina gore. Nyamara ukuri ni uko umuntu wese akubaha kuko witwara neza ugaharanira kubahwa kandi ibi ntibisaba... Read more »