Abarundi batweretse urenze hagati ya Melodie na The Ben ( Amafoto)

Umuririmbyi w’Umunyarwanda ,The Ben yageze ku Kibuga mpuzamahanga cy’indege cyitiriwe Melechior Ndadaye yakirwa mu cyubahiro . Yabyiniwe n’abakaraza banabyinnye. Ni ibintu bisanzwe bikorerwa abanyacyubahiro barimo ba Perezida. The Ben wanditse amateka yo... Read more »

Dr Kirenga Gad yifashishije Platini P bakora indirimbo i kangurira abantu kwigira kuri Perezida Kagame-VIDEO

Umuhanzi Nemeye Platini [Platini Baba] yahuje imbaraga na mugenzi we Kirenga Gad bakorana indirimbo bise “Ijana ku ijana”ikangurira Abanyarwanda kwisanisha n’imigirire ya Perezida Kagame ugejeje u Rwanda ahifuzwa. Iyi ndirimbo y’iminota 3... Read more »

Bwa mbere Zuchu yahishuye ko Diamond ariwe wamutwaye ubusugi

Umuhanzikazi ukunzwe n’abatari bake Zuchu yatangaje ko uwitwa Diamond Platnumz ariwe wamutwaye ubusugi. Ibi byabaye mu kiganiro cyabaye, ubwo umunyamakuru wa Wasafi Tv yasangaga Diamond Platnumz na Zuchu mu cyumba cya Hotel... Read more »

Shalom Choir  izifatanya na Israel Mbonyi mu gitaramo aho kwinjira ari ubuntu.

Ubuyobozi bwa Shalom Choir yo mu Itorero ADEPR bwatangaje ko kwinjira byagizwe ubuntu mu gitaramo kigamije kwigisha abantu ko nta muntu uruhura uretse Yesu Kristo. Perezida wa Shalom Choir Ngendahimana Gaspard irimo... Read more »

Jean de Dieu Harerimana, uzwi mu muziki nka JDK, wamamaye mu ndirimbo yise “Hinga Kinyamwuga”, arakataje mu ndirimbo z’urukundo

Jean de Dieu Harerimana, uzwi mu muziki nka JDK, wamamaye mu ndirimbo yise “Hinga Kinyamwuga”, arakataje mu ndirimbo z’urukundo aho yamaze gushyira hanze iya kabiri yise “Special Night”. Indirimbo “Special Night” ya... Read more »

u Rwanda rwungutse umuhanzikazi ufite uburanga burangaza abagabo n’abasore (Amafoto)

Umuziki nyarwanda ugenda ugira ikibazo cyo kuba urimo abakobwa bake ndetse n’ababashije kubaka amazina afatika bakawutera umugongo mu buryo budafututse n’abandi bakawukora biguru ntege. Ariko na none hari bamwe muri bo bahagaze... Read more »

Seburikoko ntizongera kunyura kuri RTV nyuma yuko iguzwe na Canal +

Amakuru yigurwa ry’iyi filimi yatangajwe ku wa, Kane tariki 7 Nzeri 2023 mu muhango wo gutangaza filimi nshya Canal + yitegura gushyira hanze mu minsi iri mbere. Iyi filimi iri mu zikunzwe... Read more »

Dore abahanzi bagiye kuzenguruka u rwanda mu bitaramo byiswe MTN Iwacu Muzika Festival

Ibitaramo bihuza abahanzi Nyarwanda bya Iwacu Muzika Festival bizenguruka intara bigahuza abahanzi Nyarwanda byaje mu isura nshya aho MTN yabaye umuterankunga wabyo mukuru bihindurirwa izina byitwa “MTN Iwacu Muzika Festival” Mu kiganiro... Read more »

Menya amayeri 10 abakobwa bakoresha bashaka guhakanira abasore babasabye urukundo.

Abakobwa burya bagira uburyo bwabo bavugamo ibintu, cyane ko ubusanzwe bazwiho amasoni no kudapfa kwerura buri kintu bashaka kuvuga. Ubu rero ni bumwe mu buryo bwinshi abakobwa bakoresha bashaka kubenga abasore. 1.Ndatekereza... Read more »