
Itsinda “Boyz II Men” ryataramiye Abanya Kigali biratinda kuri uyu mugoroba wo ku wa Gatandatu tariki ya 28 Ukwakira 2023 muri BK Arena isanzwe iberamo ibitaramo bikomeye. Ni igitaramo cyamaze igihe kinini... Read more »

WhatsApp yatangije uburyo bushya bwo guhindura ubutumwa woherereje umuntu utabishaka ukabasha kubukosora {Sent Message} mu minota 15 bwoherejwe. Ubu buryo bushya buzajya bufasaha umuntu wese gukosora ubutumwa yanditse kuri Whatsap guhera ku... Read more »

Umuhanzi Itahiwacu Bruce wamamaye nka Bruce Melodie, akanaba mu bahanzi bakunzwe cyane mu Rwanda yashyize hanze indirimbo ye nshya yise “When She is Aroung” yafatanyijemo n’imuhanzi Shaggy usanzwe akora injyana ya Dance... Read more »

Umugabo wo muri Kenya, abinyujije muri videwo yashyize ku rubuga rwa X izwi cyane nka Twitter, yavuze ko ashaka umukiriya wamugurira impyiko ye kuri Miliyoni 350 z’Amashilingi ya Kenya. Ni ukuvuga agera... Read more »

Ibihembo byari bitegerejwe na benshi bakunda umuziki wo ku mugabane w’u Burayi, bizwi nka MTV Europe Music, byasubitswe kubera intambara iri mu gace ka Gaza hagati ya ya Israel na Palestine. Itangazo... Read more »

Ubushinjacyaha bwasabye Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro ko rwakongera igihe cy’iminsi 30 yo gufungwa by’agateganyo kuri Kazungu Dennis ukurikiranyweho ibyaha birimo ubwicanyi bw’abantu bagera kuri 14. Kazungu ntiyageze mu cyumba cy’urukiko, yakoresheje ikoranbuhanga... Read more »

Murakaza neza muri BK Arena ahari kubera igitaramo cya Trace Awards kigamije gushimira abahanzi b’indashyikirwa bahize abandi, yaba muri Afurika no hanze yayo ku migabane itandukanye. Ni ibihembo bigiye gutangirwa muri Afurika... Read more »

Miss Mwiseneza Josiane wahize abandi muri Miss Rwanda 2019, Akegukana ikamba rya Nyampinga ukunzwe kurusha abandi “Miss Popurality” yapfushije umubyeyi we umubyara witwa Mukamudenge Judith. Umubyeyi wa Josiane yitabye Imana mu rukerera... Read more »

Kuri uyu wa gatanu, tariki ya 20 Ukwakira 2023, Umuhanzikazi Bwiza uri mu bakunzwe cyane mu Rwanda yagize amahirwe yo guhura na mugenzi we asanzwe afata nk’ikitegererezo mu muziki Yemi Alade baganira... Read more »

Dr Murangira Thierry, Umuvugizi wa RIB, yibukije abaturarwanda byumwihariko abakoresha cyane imbuga nkoranyambaga ko urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha RIB rutazigera rwihanganira ibyaha bikorerwa ku mbuga nkoranyambaga bigakorwa n’abantu harimo n’abitwaje umurimo bakora. Ibi... Read more »