“Flash Light Bar & Resto” ifatanje na “Belo Gang Music” bateguye ikindi gitaramo cya Hip Hop gikomeye.

Nyuma yuko bateguye ibitaramo bitandukanye byagaragayemo abaraperi bakomeye mu Rwanda ndetse bagasanga ko iyo njyana igikunzwe cyane mu bantu, Flash Light Bar & Resto ku bufatanye na “Belo Gang Entertainment” bakomeje izi... Read more »

Niyo Bosco Yasinye muri Kikac Music isanzwe ifasha Bwiza.

Nyuma y’igihe asa n’utagaragara cyane mu muziki, Niyo Bosco, yinjiye muri KIKAC Music isanzwe ibarizwamo Bwiza. Amakuru Kigalihit ifite ni uko Niyo Bosco na KIKAC Music bamaze kwemeranya imikoranire ndetse akaba yamaze... Read more »

The Ben Yakiriwe n’imbaga, Abari biteze umukunzi we Pamella ku kibuga bamubuze.

Icyamamare Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben nawe yasesekaye mu Rwanda akubutse mu gihugu cya Canada aho amaze gukorera igitaramo kimwe na mugenzi we Kenny Sol nawe waraye ageze mu Rwanda mu... Read more »

Bwa mbere yemeje ibyerekeye Umukunzi we, avuga ku ntambara ivugwa hagati ya The Ben na Bruce Melodie.

Umuhanzi Kenny Sol uri mu bahanzi bahiriwe cyane n’umuziki neza ndetse uri mu bakunzwe cyane mu Rwanda no mu karere ka Afurika y’uburasirazuba yagarutse i Kigali akubutse muri Canada muri gahunda y’Ibitaramo... Read more »

Umuramyi  Nomthie Sibisi yageze mu Rwanda 

Umuramyi  Nomthie Sibisi wo muri  Afurika  y’Epfo  yageze i Kigali aho yitabiriye ubutumire bwa Drups Band mu gitaramo bafite kuri iki Cyumweru tariki 03 Ukuboza 2023. Ku isaha y’i saa tatu z’ijoro,... Read more »

Abahanzikazi Vestine na Dorcas bagiye gukorera igitaramo cyabo bwa mbere hanze y’u Rwanda

Abahanzikazi Vestine na Dorcas bamaze kwigarurira  mitima ya benshi bakunda indirimbo zo  kuramya  no guhimbaza mu gihe gito bamaze  mu muziki  bakomeje kziwerwa  n’abategura ibitaramo .nyuma yo kudakorera igitaramo mu gihugu cya ... Read more »

Umunyamideli  Judith Heard yagiriye inama  Abakobwa bakiri batoya

Umunyamideli  Kantengwa Judith wamenyekanye nka Judith Heard nk’umunyamideli umwe  bakomeye muri Uganda ndetse akaba afite inkomoko mu Rwanda avuga ko mu bintu bimubabaza kurusha ibindi ari ukubona abana b’abakobwa barara mu kabari... Read more »

Eddy Kenzo yashimiye  Perezida Museveni nyuma yo kubatera inkunga ya Miliyari 20

Umuhanzi  Eddy Kenzo kuri   uyu  wa mbere w’iki cyumweru yagiranye yagiranye  ibiganiro  byihariye  na Perezida Yoweri Kaguta Museveni. Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga, Eddy Kenzo wari ufite akanyamuneza mu nyandiko ye, yabwiye abamukurikira... Read more »

Umuramyi  Bosco Nshuti yerekeje ku mugabane w’iburayi

Umuhanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza  Bosco Nshuti   yaraye ahagurutse I Kigali ku mugoroba wokuri uyu wa Mbere tariki ya  27  Ugushyingo  2023  yerekeza  ku mugabane w’Uburayi aho agiye gukoreera ibitaramo ... Read more »

Shaggy na Bruce Melodie bagiranye ibiganiro  muri  Amerika

Shaggy na Bruce Melodie baherutse gukorana indirimbo bise ’When she is around’ bahuye imbonankubone nyuma y’igihe bavugana kuri telefone ariko batarabonana amaso ku yandi. Aba bahanzi bahuriye muri Leta Zunze Ubumwe za... Read more »