Mu mafoto: Reba Abakobwa 10 beza kurusha abandi muri Cinema Nyarwanda, buri mugabo wese yifuza kuryamana nabo.

Uruganda rwa Cinema ni igisata kigize ikmyidagaduro yo mu Rwanda ndetse akaba ari uruganda rugwije abakobwa benshi b’uburanga cyane dore ko n’umubare munini w’abasore ubyemeza.

Kimwe n’ibindi bihugu byahoze kandi bikiri mu nzira y’iterambere, Cinema yo mu Rwanda igenda ikura umunsi ku wundi dore ko yahoze ititabirwa ndetse idakurikirwa cyane, ahanini binatewe nuko ubunyamwuga bwari bukiri bucye bityo ugasanga abanyarwanda badukunda kuzikurikira ahubwo bakirebera izo hanze y’u Rwanda.

Kuri ubu uru ruganda ruhagaze neza cyane ko hari na bamwe mu bakinnyi ba Firime mu Rwanda bagiye batoranwa mu marushanwa atandukanye amaserukiramuco ndetse bakagira ibihembo bagenda batsindira, ibyo bishimangira urwego rwazamutse muri cinema nyarwanda.

Uruganda rwa Cinema mu Rwanda rwiganjemo igitsinagore kurusha igitsinagabo, Ari nayo mpamvu uyu munsi Kigalihit.rw twabakoreye urutonde rw’abakobwa beza cyane {Ibizungerezi} 10 babarizwa muri Cinema Nyarwanda.

Uru ni urutonde 10 rw’abakobwa beza cyane kurusha abandi muri Cinema nyarwanda ndetse n’imyirondoro yabo.

10. Saranda : Mutoni Saranda Olivia wamamaye nka Saranda, Ni umukobwa w’uburanga wamamaye cyane muri firime zitandukanye nka “The Secret, Indoto n’izindi nyinshi. Uyu mukobwa benshi mu bamukurikira ku mbuga nkoranyambaga bakabona amafoto ashyiraho bahamya ko ari umwe mu bakobwa b’ibizungerezi ndetse bateye neza cyane.

9. Mutoni Nadia : MUTONIWASE Nadia uzwi cyane muri Cinema nyarwanda byumwihariko muri Firime “Umuturanyi” nawe ni umwe mu bakobwa bavugisha benshi ku mbugankoranyambaga kubera uburanga bwe n’uburyo agaragara iyo ari muri firime ko ibyitwa “Make Up” zimubera cyane.

8. Tessy : KAYONGA Gatesi Divine wamamaye muri firime yitwa “Umuturanyi” agakinamo yitwa “Nina” ni umwe mu bakobwa bafite uburanga bwigaragaza bidasabye ko hifashishwa “MakeUps” cyane byemezwa n’abakoresha imbugankoranyambaga babona amafoto ye kenshi.

7. Madederi : DUSENGE Clenia wamamaye cyane muri Cinema nyarwanda byumwihariko muri firime izwi cyane nka “Papa Cava”, “The Bishop’s Famil, Indoto n’izindi akanaba azwi mu zindi gahunda zijyanye no gutanga inama zafasha urubyiruko kwiteza imbere ni umwe mu bakobwa buje uburanga cyane, ndetse bigaragarira amaso y’abamureba.

6. Nadine : Iradukunda Nadine (Nana) wamamaye cyane nka Nadine Nana muri Cinema Nyarwanda ni umwe umwe mu bakobwa badakunze kuvugwa cyane ariko nawe ufite ubuhanga cyane muri Firime ndetse akaba anafite uburanga bwaraza abasore n’abagabo amajoro, Nadine yamenyekanye cyane muri Firime nka “The Pact, The 30 Days n’izindi nyinshi.

5. Miss Nyambo : NYAMBO Jesca wamamaye cyane muri Cinema nyarwanda nka Nyambo muri firime nyinshi zirimo “The Message” n’izindi nyinshi ndetse no mu nkuru z’urukundo ni umwe mu bakobwa bakiri bato kandi bafite igikundiro, Uburanga n’ubwenge. Uyu mukobwa bamwe mu bakurikiranira hafi imyidagaduro yo mu Rwanda bahamya ko ari umwe mu bakobwa barikoroza hanze aha kubera uburanga bwe butuma barabya indimi.

4. Carmene : ISHIMWE Carmene {Linda} Ni umwe mu bakobwa bagaragaza uburanga bitari no mu mafoto gusa ahubwo n’ababashije guhura nawe amaso ku maso bemeza ko ari umukobwa mwiza, Uyu mukobwa kandi yagiye agarukwaho kenshi mu bitangazamakuru nk’igihe yagaragaraga akora ubukwe na Rocky Kirabiranya ibyo benshi bita “Prank” Ishimwe Carmene yanamenyekanye cyane muri firime y’uruhererekane “Secret”.

3. Lynda : Lynda NKUSI wanitabiriye irushanwa rya Miss Rwanda ya 2022, Ni umwe mu bakobwa babarizwa muri Cinema nyarwanda bafite ikimero n’uburanga burangaza abasore n’abagabo bakurikirana Cinema n’imyidagaduro mu Rwanda, Uyu mukobwa azwi cyane nka Lynda Priya muri cinema nyarwanda byumwihariko muri Firime za Komedi nka “Nyaxo Comedy Show, Zaba n’zindi zacaga kuri shene ya Youtube ya “Afrimax”.

2. Keila : INEZA Keila Bernice niwe mukobwa uri ku mwanya wa kabiri kuri uru rutonde rw’abakobwa baba muri cinema ariko bafite uburanga cyane bityo bakavugisha igitsinagabo amangambure ndetse abenshi bakibona bari kumwe nabo mu gitanda ndavuga mu nzozi. Uyu mukobwa afite umubiri mwiza ndetse n’igikara cyiza bata ko kinyerera.

1. Vanessa : IRAKOZE Aliane Vanessa wamenyekanye cyane muri Firime nka “Card” ni umwe mu bakobwa bavugisha cyane igitsinagabo ndetse benshi bakifuza kuryamana nawe bitewe n’uburanga bwe ndetse n’imiterere. Uyu niwe mukobwa twasanze agomba kuyobora uru rutonde bitewe n’uko umubare munini w’igitsinagabo umuvuga.

Facebook Comments Box

About Author

Recommended For You

About the Author: Admin

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *