Guverinoma y’u Rwanda yamaganye ibitero Israel yagabye kuri Qatar

491 0

Guverinoma y’u Rwanda yamaganye ibitero Israel yagabye kuri Qatar tariki 9 Nzeri 2025, igambiriye kwivugana abayobozi b’Umutwe wa Hamas bari i Doha.

Mu itangazo u Rwanda rwashyize hanze kuri uyu wa Kane, rwavuze ko kurenga ku mahame y’ibanze agenga imibanire y’ibihugu, biganisha ku Isi itagendera ku mategeko.

Rwavuze ko Qatar ikwiriye gushimirwa uruhare igira mu buhuza bugamije gukemura ibibazo bimaze igihe kandi bikomeye mu Burasirazuba bwo Hagati no muri Afurika.

 

Related Post

Aimable Karasira yakatiwe gufungwa imyaka 5

Posted by - September 30, 2025 0
Urukiko Rukuru, urugereko rwihariye rushinzwe kuburanisha ibyaha mpuzamahanga n’ibyambukiranya imipaka ruherereye i Nyanza, rwahamije Uzaramba Karasira Aimable icyaha cyo gukurura…

Leave a comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *