Umukecuru Ati ndishyura $ 15,000 buri kwezi ku muntu uwo ari we wese, uzandongora.

Umudamu wo muri Gana yahaye umugabo uwo ari we wese ku Isi, Ushaka kumurongora amafaranga ya y’amanyegana angana na GHc25.000 mu cyumweru ariko akagomba kuba yujuje ibisabwa bishakwa n’uyu mudamu.

Uyu mudamu witwa Isabella Johnson, nk’uko byatangajwe na Kofi Legit avuga ko yagiye agira amahirwe macye mu rukundo akajya atandukana n’Abasore benshi, Nk’uko Isabella abivuga, yinjije amafaranga atubutse biturutse ku mugabo bateretanaga {Sugar Dady} ariko adafite gahunda yo kubana nawe

Mu butumwa bwe yanditse ku mbuga nkoranyambaga yagize Ati “Nitwa Isabella Johnson, kandi nabaga hano muri Kumasi muri Ghana kuva nkiri muto. Ku ikubitiro nabanaga n’ababyeyi banjye,

nko mu birometero bike uvuye aho ntuye ubu, mbere yuko nimukira mu nzu yanjye bwite, hano i Kumasi, ariko ntabwo nzagaragaza aderesi ku bikorwa by’umutekano wanjye.

Ubwo uwabonye ubu butumwa, Akumva yabyemera yanyandikira kuri uru rubuga rwanjye rwa Instagram na Facebook, Tugapanga ibindi bikurikira byose.

Facebook Comments Box

About Author

Recommended For You

About the Author: Admin

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *