Perezida Kagame, yaganiriye n’itsinda rya LG Corporation riyobowe Kwang Mo Koo ku ikoranabuhanga.

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yahuye n’itsinda rya LG Corporation riyobowe n’umuyobozi mukuru Kwang Mo Koo baganira ku bibazo bimwe na bimwe by’ubucuruzi bishingiye ku ikoranabuhanga.

Iyi nama yabaye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kane tariki ya 12 Ukwakira 2023, Aho Perezida Kagame yabonanye n’itsinda rIturutse muri LG Corporation riyobowe n’umuyobozi mukuru Kwang Mo Koo,

bakaganira kubibazo by’ubucuruzi n’imikoranire hagati y’u Rwanda n’icyo kigo, Mu nzego zitandukanye, zirimo ikoranabuhanga mu burezi n’ibikoresho byayo.

Facebook Comments Box

About Author

Recommended For You

About the Author: ellyman

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *