
Niba ibi bikurikira ubizi cyangwa ukaba wabibonye ku mukobwa ntuzigere wibeshya ngo uryamane nawe kuko ushobora guhuriramo n’ibibazo byinshi, ubuzima bwawe bwose bukajya mu kaga kubera uwo mukobwa. Gukora imibonano mpuzabitsina igihe... Read more »

Ni kenshi hagiye hanugwanugwa gucana inyuma mu rukundo rwa Zaba Missed call na Miss Lynda Nkusi, abakinnyi ba filime nyarwanda banakunzwe, ariko Zaba akagaragaza kubitera utwatsi avuga ko adashaka kugira icyo avugaho... Read more »

Abakobwa muri kamere yabo bihagararaho ntabwo ari abakobwa benshi bashobora kubwira umusore ko bashaka gukora imibonano mpuzabitsina. Nubwo bimeze gutyo ariko biroroshye kumenya umukobwa ushaka gukora imibonano mpuzabitsina urebeye ku bimenyetso bikurukira... Read more »

Abagabo n’abasore abenshi wagira ngo inda ibabyara ni imwe, iyo mumaze gusambana mubyarana abo akigira nk’aho ntaho akuzi. Gusa hari indangagaciro n’imyitwarire nk’umukobwa ukwiye kugira, zituma umusore akomeza kukubaha. Ni ukwitwararika ibi... Read more »

Abenshi bashobora gutekereza ko gukundana n’umuntu uri kure nta byiza byabyo ariko urubuga elcrema rugaragaza ibyiza byo gukundana n’umuntu ukuri kure ku buryo mubonana buri wese yifuza undi. 1. Ntabwo umuburira akanya... Read more »

Ubushakashatsi bugaragaza ko kimwe cya gatatu cy’urubyiruko rw’abakobwa na kimwe cya kane cy’abahungu bari mu myaka 20 y’amavuko bicuza igihe batakarije ubusugi cyangwa ubumanzi bwabo. Mu 2019 hari ubushakashatsi bwakorewe mu Bwongereza... Read more »

Burya mu buzima busanzwe umuntu ugwa neza ugira amagambo meza biba ntako bias ku bamwumva ariko iyo bigeze ku bakundana biba akarusho bitewe n’uko ashobora gutuma uwari wigunze asagwa n’umunezero bityo amarangamutima... Read more »

Burya n’ubwo abasore bose badateye kimwe, hari ibintu bahuriyeho nk’imyumvire n’imitekerereze rusange, bityo ibi bikaba ari ibintu 20 byafasha umukobwa wifuza kuba uw’igikundiro ku mukunzi we, akabasha kunogera no kwishimirwa n’umusore bakundana... Read more »

Abagabo benshi bakunze kubabara iyo bagerageje kwegera umukobwa akanga ku ikubitiro, abenshi bakeka ko ari uko atari beza ku rugero rw’abo bakobwa. Hari n’abatekereza ko bakagombye kuba bari kurwego nk’urwabo bakobwa mbere... Read more »

Mugisha François Master ukina hagati muri Rayon Sports, yasezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi we Ikirezi,mu muhango wabereye i Kampala muri Uganda. Amakuru ISIMBI dukesha iyi nkuru yamenye ni uko uyu muhango wo gusezerana... Read more »