
Hari hashize igihe gisatira amezi 9 abantu batemerewe kuba bajya kogera muma picine murwego rwo kwirinda ikwirakwira rya Covid19.
mucyumweru Dusoje nibwo Leta yu rwanda yafashe umwanzuro wo gufungura bimwe mubikorwa birimo Ibitaramo ndetse na Picine,Mukarujanga ni umwe mubari bategerejeuyu mwanzuro kuko yabaye umwe mubambere bagiye koga.
Abantu benshi batunguwe no kumubona yambaye Bikini ndetse bacika ururondogoro babivugaho
REBA AYO MAFOTO HANO


7,674 total views, 1 views today
Facebook Comments