
Minisitiri w’Umutekano mu Bwongereza, Suella Braverman, waje mu Rwanda mu ruzinduko rw’akazi, yifatanije na Minisiteri y’Uburezi binyuze mu mushinga wa ADHI Rwanda mu gutanga impamyabumenyi ku banyeshuri basoje icyiciro cya mbere cy’amasomo... Read more »

Hari uburyo bwinshi bwo Gusomana gusa Gusomana byiza ni Ugusomana numuntu ukunze , Hari abasomana mu Kirere Kuruta Gusomana byanyabo Dore icyo siyanse ivuga Kumumaro wo Gusoamana; 1. Bitezimbere (Byongera) Imisemburo yishimye’Gusomana bikurura ubwonko... Read more »

Umugore w’imyaka 27 witwa Kayla Romero ukomoka ahitwa Houston muri US yatangaje ko atewe ubwoba n’amabere ye akomeje gukura ku buryo budasanzwe ndetse ngo imoko zayo ntizikwira mu kiganza cye. Uyu mugore... Read more »

Perezida w’Ubufaransa Emmanuel Macron bamusanzemo Covid-19, nkuko bitangazwa n’ibiro bye Champs-Élysées. KANDA HANO UKORERE AMAFARANGA Bwana Macron, w’imyaka 42, yipimishije nyuma yuko agaragaje ibimenyetso, ubu akaba agiye kwishyira mu kato mu gihe... Read more »

Ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye hacaracaye ifoto y’umukobwa wari wambaye nk’uwicuruza ari mu rusengero apfukamye asenga bituma benshi bibaza niba Imana yumva amasengesho ye cyangwa imwirengagiza. KANDA HANO UREBE VIDEO Iyi foto bitamenyekanye... Read more »

Kwikinisha cyangwa se “Mastrubation” ni ingeso abantu benshi ku isi bagira cyane cyane urubyiruko kandi bakabikora bishimisha nyamara bigira ingaruka nyinshi ku mubiri w’umuntu. Hari urubyiruko rwinshi rubikora rwumva ko ruri kwirinda... Read more »

Umugabo uzwi ku izina rya Omwenga wo mu gihugu cya Kenya yituye hasi ata ubwenge ku munsi w’ubukwe bwe nyuma yo kuvumbura ko umugore agiye gushaka yamuhishe ko afite abana 4 bakuru.... Read more »

Umusore witwa Tiago Ramos w’imyaka 24 ukundana na nyina wa Neymar Jr witwa Nadine Goncalves,w’imyaka 52 yashyize hanze amashusho ari kuvirirana nyuma yo guterwa icyuma yasohokanye n’uyu mugore mur Mexico. Tiago wamenyekanye... Read more »

Umugabo w’imyaka 61 y’amavuko amaze imyaka ine yambara imyambaro y’umugore we, akaba ariyo aserukana ahantu hose agiye, aho akorera ho bamaze kubimenyera abatungurwa ni abamubona munzira ndetse ngo n’umugore we aramushyigikiye. Mark... Read more »

Umukozi w’umukobwa ukora akazi ko kwita ku bagenzi mu ndege za British Airways yatangiye gukorwaho iperereza nyuma yo gukwirakwiza amafoto agaragaza ko akora uburaya. Uwo mukobwa utatangajwe izina, amaze igihe ashyira kuri... Read more »