
Gacinya Chance Denis wigeze kuyobora Rayon Sports na Murangwa Eugène Eric wakiniye Amavubi bakuwe ku rutonde rw’abiyamamarizaga kuyobora Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, mu matora ateganyijwe ku wa 24 Kamena 2023.... Read more »

Alliah Cool akomeje imyiteguro yo kumurika filime ye nshya ‘Good book bad cover’ yitegura gushyira hanze, icyakora agace gato k’iyi filime yasohoye gakomeje kuvugisha abatari bake kubera aho bakinnye bari gukora imibonano... Read more »

Perezida Kagame uri muri Tanzania, yageze kuri Stade Uhuru i Dar es Salaam aho yifatanije na Perezida Samia Suluhu Hassan hamwe n’ibihumbi by’Abanyatanzaniya mu birori byo kwizihiza Isabukuru ya 60 y’Ubwigenge. Repubulika... Read more »

Kunyara nyuma yo gukora imibonano mpuzabitsinda bigira akamaro kanini ku mugore kuko bifasha gusohora udukoko dutera ubwandu bw’umuyoboro w’inkari n’indi myanda yose yinjirira muri icyo gikorwa. Gukora imibonano mpuzabitsina bituma hari udukoko... Read more »
Subscribe now

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 3 Ukuboza 2021 umuhanzi wo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Koffi Olomide yageze i Kigali. Akigera mu Rwanda, Koffi Olomide yahise yerekeza kuri... Read more »

Hakwirakwiye amakuru avuga ko imodoka y’umutoza Masudi Djuma yaraye itoborewe ku mukino wa Espoir FC n’abafana ba Rayon Sports batishimiye umusaruro w’uyu mutoza, ni mu gihe andi makuru avuga ko uyu mutoza... Read more »

Umuhanzi nyarwanda ukorera muzika muri Canada “Audace” yashyize hanze amashusho y’indirimbo ye yise “Arrete” amashusho yakiriwe neza n’abakunzi b’u muziki nyarwanda. Indirimbo “Arrete” ayishyize hanze nyuma y’igihe gito akoze iyitwa “Uwambere” nayo... Read more »

Umunyezamu Kwizera Olivier yashyize hanze ifoto ari kumwe n’umukobwa mwiza w’umuzungu benshi batangira gukeka ko ari umukunzi we mushya nyuma yo gutandukana na Nadia uzwi nka muganga muri Filimi umuturanyi. Ubusanzwe Kwizera... Read more »

Bizzow Bane umwe mu bahanzi bari mu kiragano gishya mu ruganda rwa muzika y’u Rwanda, akaba yashyize hanze indirimbo nshya yise 6:09 GMT. Ndahiriwe Benjamin niyo mazina yiswe n’ababyeyi, akaba ari umusore... Read more »

Kwizera Evariste yahishuye ko atangira gukunda Mukaperezida Clotilde ubu babana, yari afite gahunda yo kujya yirira akantu(sex) ubundi uyu mugore na we akamuha amafaranga, gusa byaje kurangira bivuyemo urukundo ruzima bakora n’ubukwe... Read more »