Umunyamakuru Kadada Kercey ukunzwe i Rusizi yasoje kaminuza byari uburyohe(Amafoto)

Umunyamakuru Kadada Kercey yasoje kaminuza ku myaka 21 mu bijyanye na ‘Digital Media’. Ku myaka 25 yifuza kuzaba afite umuryango yitwa Madame runaka kandi afite umwana umwe. KANDA HANO UREBE Amashuri y’umwana... Read more »

Meddy yateye ivi asaba Mimi kumubera umugore

Umuhanzi Ngabo Medard Jorbert uzwi nka Meddy yateye ivi yambika impeta y’urukundo umukunzi we ukomoka muri Ethiopia witwa Mehfira uzwi nka Mimi amuteguza kurushinga nk’umugabo n’umugore. Ni umunsi w’amateka kuri Meddy Mwene... Read more »

Wa mukobwa w’ikibuno ucuruza agataro yongeye kuvugisha imbaga (Amafoto mashya)

Umukobwa ufite imiterere n’ikibuno bitangaje yashavuje abagabo benshi ubwo yagaragaraga mu muhanda yikoreye akabase karimo ibyo yagendaga acuruza . Uyu mukobwa wari wambaye akaganzu keza cyane k’ibara rya orange, kamwegereye ubonako iyi... Read more »

Umukecuru yasazwe n’ibyishimo kubera impano ya Mercedes Benz yahawe n’umuhungu we arapfukama arasenga

Umusore witwa Mashao wo mu gihugu cya Afurika y’Epfo yashimwe na benshi kubera amashusho yagiye hanze atungura nyina umubyara akamuha imodoka nshyshya ya Mercedes Benz yamuguriye uyu mukecuru bikamurenga akarira. Ubwo uyu... Read more »

auto ads

Irebere uburanga n’imiterere bidasanzwe by’ umuzunguzayi byavugishije abatari bacye(Amafoto)

Abakoresha imbuga nkoranyambaga biganjemo abagabo bacitse ururondogoro, nyuma y’amafoto yagiye hanze agaragaza umukobwa w’umuzunguzayi utatangajwe amazina, bigaragara ko afite uburanga n’imiterere bidasanzwe. Amafoto y’uyu mwari wo muri Ghana yagiye hanze, amugaragaza yikoreye... Read more »

Ibyiza 5 byo gukuna (guca imyeyo) utaruzi

Umugore wakunnye aba afite umwihariko we mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina kimwe n’uko utavuga ko abatarakunnye bo badashimisha abagabo babo, ababikoze nibo bemeza ibyiza byabyo bitewe n’uko babibona. Mu Rwanda rwo hambere iyo... Read more »

Reba igisubizo gitangaje Mushambokazi witegura kurongorwa yasubije umufana we wari umubajije ikintu adashobora kubaho adafite[AMAFOTO]

Jordan Mushambokazi yasubije umufana we wamubajije ikintu cy’ingenzi adashobora kubaho adafite. Ni mu kiswe 100 questions ku rubuga rwa snapchat aho Miss Jordan Mushambokazi yasubizaga ibibazo 100 byabajijwe n’abafana be. Nkuko byagaragaye... Read more »

Gen.Mubarak yavuze amasomo APR ikuye muri Kenya…Biyemeje gukomezanya n’umutoza

Visi Perezida wa APR FC, Maj Gen. Mubarak Muganga yavuze ko abakinnyi bakwiye kujya bizera ko umukino warangiye ari uko ifirimbi ya nyuma ivuze kuko iyi kipe y’Ingabo z’u Rwanda na yo... Read more »

Umukobwa yatangaje ko aba yaregukanye imidali myinshi mu mikino olempike iyo kwikinisha biza kuba byemewe muri iyo mikino.

Efia Odo, umukinnyi wa filimi akaba n’umukobwa ukunda kujya mu mashusho y’indirimbo z’abahanzi, yahishuye uburyo ari umuntu wabaswe n’ingeso yo kwikinisha kandi ari nk’imyitozo ngororamubiri kuri we. Mu butumwa yashize ku rukuta... Read more »

Abakobwa 9 batarimo umunyarwandakazi bari guhatanira kuba umugore wa Eric Omondi

Umunyarwenya Eric Omondi Ongao uri mu bakomeye ku mugabane wa Afurika yatunguye benshi ubwo yavugaga ko yifuza umukobwa bazarushinga bakabana akaramata ariko uwo mwari akaba azaboneka binyuze mu matora azagirwamo uruhare n’Abanya... Read more »