Bamwe mu bahanzi na bahanzikazi bagarutsweho cyane nyuma yo kwitukuza cyane

Mu mpera z’icyumweru gishize  nibwo Nyakubahwa Perezida Repubulika yagarytse ku kibazo cy’amavuta ahindira uruhu rw’umuntu benshi baziho kwitwa mukorogo mu mvugo y’ubu  kubera ukuntu ahindura abantu .

Nyuma yo kubona ubutumwa bwa Perezida wa Repubulika yanyujije ku rukutwa rwe rwa Twitter asaba Minisiteri y’ubuzima ndetse na Polisi y’igihgu guhagurikira icyo kibazo  kibangamiye benshi mu banyarwanda harimo n’abahanzi  , abasomyi bacu  badusabye ko twongera kubagezaho ibyamamare bya hano mu Rwanda byavuzweho kwitukuza cyane .

Iyo witegereje amafoto ya kera ya bamwe muri ibi byamamare ukanitegereza amafoto yabo muri iyi minsi, ijisho ryo ubwaryo rihita riguha ukuri kwa nyako kuko ubona ko bahindutse cyane ku mubiri wabo nubwo bo bahamya ko ari amavuta bisiga abaha gucya.

Loading

Facebook Comments
Share Button

Subscribe now

k

auto ads

Recommended For You

About the Author: Kigalihit

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *