

Dr Kirenga Gad yifashishije Platini P bakora indirimbo i kangurira abantu kwigira kuri Perezida Kagame-VIDEO
Umuhanzi Nemeye Platini [Platini Baba] yahuje imbaraga na mugenzi we Kirenga Gad bakorana indirimbo bise “Ijana ku ijana”ikangurira Abanyarwanda kwisanisha n’imigirire ya Perezida Kagame ugejeje u Rwanda ahifuzwa. Iyi ndirimbo y’iminota 3 n’amasegonda 40′ yasohotse mu ijoro ryo kuri uyu wa Kane tariki 21 Nzeri 2023 yakorewe mu bice bitandukanye by’Umujyi wa Kigali cyane cyane…

Bwa mbere Zuchu yahishuye ko Diamond ariwe wamutwaye ubusugi
Umuhanzikazi ukunzwe n’abatari bake Zuchu yatangaje ko uwitwa Diamond Platnumz ariwe wamutwaye ubusugi. Ibi byabaye mu kiganiro cyabaye, ubwo umunyamakuru wa Wasafi Tv yasangaga Diamond Platnumz na Zuchu mu cyumba cya Hotel aho bari bari, amuha agapapuro kariho ibibazo, Zuchu atangira kubisoma. ” Kugeza kuri ubu, ni abagore cyangwa abagabo bangahe mwaba mwararyamanye?.. Zuchu yahise…

Shalom Choir izifatanya na Israel Mbonyi mu gitaramo aho kwinjira ari ubuntu.
Ubuyobozi bwa Shalom Choir yo mu Itorero ADEPR bwatangaje ko kwinjira byagizwe ubuntu mu gitaramo kigamije kwigisha abantu ko nta muntu uruhura uretse Yesu Kristo. Perezida wa Shalom Choir Ngendahimana Gaspard irimo gutegura igitaramo gikomeye bise ‘Shalom Gospel Festival’ yatumiyemo umuramyi Israel Mbonyi yavuze ko nta kiguzi yabatse kandi ko yiteguye guhembura imitima ya benshi…

Jean de Dieu Harerimana, uzwi mu muziki nka JDK, wamamaye mu ndirimbo yise “Hinga Kinyamwuga”, arakataje mu ndirimbo z’urukundo
Jean de Dieu Harerimana, uzwi mu muziki nka JDK, wamamaye mu ndirimbo yise “Hinga Kinyamwuga”, arakataje mu ndirimbo z’urukundo aho yamaze gushyira hanze iya kabiri yise “Special Night”. Indirimbo “Special Night” ya JDK yakozwe mu buryo bw’amajwi na Ayoo Rash, iyungururwa (Mixed & Mastered) na Bob Pro ufatwa nka nimero ya mbere mu Rwanda, naho…

u Rwanda rwungutse umuhanzikazi ufite uburanga burangaza abagabo n’abasore (Amafoto)
Umuziki nyarwanda ugenda ugira ikibazo cyo kuba urimo abakobwa bake ndetse n’ababashije kubaka amazina afatika bakawutera umugongo mu buryo budafututse n’abandi bakawukora biguru ntege. Ariko na none hari bamwe muri bo bahagaze neza uhereye kuri Bwiza, Alyne Sano, Ariel Wayz n’abandi mbarwa. Ubu, umukobwa witwa Niyomfura Claudette yinjiye mu ruhando rw’abahanzikazi bakora umuziki nyarwanda mu…

Seburikoko ntizongera kunyura kuri RTV nyuma yuko iguzwe na Canal +
Amakuru yigurwa ry’iyi filimi yatangajwe ku wa, Kane tariki 7 Nzeri 2023 mu muhango wo gutangaza filimi nshya Canal + yitegura gushyira hanze mu minsi iri mbere. Iyi filimi iri mu zikunzwe mu Rwanda, yari imaze imyaka umunani itambuka kuri Televiziyo y’Igihugu. Seburikoko ni filimi y’uruhererekane igaruka ku butumwa bwiganjemo ubuzima bwa buri munsi bwo…

Dore abahanzi bagiye kuzenguruka u rwanda mu bitaramo byiswe MTN Iwacu Muzika Festival
Ibitaramo bihuza abahanzi Nyarwanda bya Iwacu Muzika Festival bizenguruka intara bigahuza abahanzi Nyarwanda byaje mu isura nshya aho MTN yabaye umuterankunga wabyo mukuru bihindurirwa izina byitwa “MTN Iwacu Muzika Festival” Mu kiganiro n’Itangazamakuru kuri uyu wa 7 Nzeri 2023, Mushyoma Joseph uzwi nka Boubou, umuyobozi wa East African Promoters yavuze ko ibitaramo bya MTN Iwacu…

Menya amayeri 10 abakobwa bakoresha bashaka guhakanira abasore babasabye urukundo.
Abakobwa burya bagira uburyo bwabo bavugamo ibintu, cyane ko ubusanzwe bazwiho amasoni no kudapfa kwerura buri kintu bashaka kuvuga. Ubu rero ni bumwe mu buryo bwinshi abakobwa bakoresha bashaka kubenga abasore. 1.Ndatekereza ko uri nka musaza wanjye. Mu gihe umukobwa wifuzaho kuba umukunzi akubwiye gutyo, jya wumva ko yashatse kukumvisha ko atakwishimiye kuburyo wamubera umukunzi….

Reba amafoto menshi : Prince Kid yasabye anakwa Miss Iradukunda Elsa
Prince Kid yasabye anakwa Iradukunda Elsa wabaye Miss Rwanda mu 2017 Ubu bukwe uwabwita ineza yiturwa indi ntiyaba abeshye Ni ibirori byari bitegerezanyijwe amatsiko na benshi dore ko inkuru y’urukundo rwa Iradukunda na Ishimwe iri mu zagarutsweho na benshi mu 2022 mu bakurikira imyidagaduro. Iradukunda Elsa umukobwa wamamaye cyane ubwo yegukanaga ikamba rya Miss Rwanda…

I Kigali hagiye kugaragara utugare tuzwi mu mijyi yateye imbere
Ku bufatanye bw’Ibigo bibiri bikora ibijyanye n’ubwikorezi bw’ibintu no gutwara abantu, mu Rwanda hatangijwe ikoreshwa ry’utugare na moto nto bikoresha amashanyarazi, aho uyu mwaka uzasiga nibura hamaze kuza ibigera muri 500.Ni amasezerano yasinywe hagati y’Ikigo eWAKA gisanzwe gitanga serivisi zo kugeza ibicuruzwa ku bantu kifashishije moto zikoresha amashanyarazi ndetse n’ikigo AC Mobility gisanzwe ari cyo…