
Umunya-Danimarike, Christian Eriksen wakinaga hagati mu kibuga mu ikipe ya Brentford mu cyiciro cya mbere mu Bwongereza yasinye amasezerano muri Manchester United nk’umukinnyi ikipe izitabaza mu mwaka w’imikino 2022-2023. Eriksen w’imyaka 30... Read more »

Darvaza Gas Crater ni Umwobo muremure uherereye mu gace ka Darvaza mu gihugu cya Turkmenistan ukaba uri mu bilometero birenga 260 uvuye mu Murwa Mukuru Ashgabat. Uyu mwobo wa Darvaza Gas Crater... Read more »

Umuhanzi wo mu gihugu cya Nigeria Stanley Omah Didiau uzwi nka Omah Lay umwe mu bakunzwe muri iki gihugu yatangaje ko mu minsi ishize yagize indwara y’agahinda kenshi yari igiye gutuma yiyahura... Read more »

Lee Jun-fan wamenyekanye cyane nka Bruce Lee, yari umunyamerika ukomoka muri Hongkong uzwi cyane mu mikino njya rugamba, yavutse tariki 27 Ugushyingo 1940, uyu mugabo abenshi bamumenye muri filime z’imirwano. Yitabye Imana... Read more »
Subscribe now

Muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Imana yakoreye igitangaza umudamu witwa Wanda Palmer wari umaze imyaka ibiri ari muri koma yarakagutse abasha kwemerera abashinzwe iperereza kuwamugiriye nabi mu gihe bo bari baragiye mu... Read more »

José Mourinho watoje amwe mu makipe akomeye muri shampiyona zikomeye zo ku Isi, yishyizeho “tatouage” igaragaza ibikombe bikomeye amaze kwegukana. Uyu mugabo yatwaye ibikombe byose bikinirwa ku mugabane w’i Burayi bihuza amakipe... Read more »

Mu Ishyamba rya Kibira mu Ntara ya Cibitoke yegereye u Rwanda ahasanzwe hari ibirindiro by’umutwe wa FLN bivugwa ko uri mu myiteguro yo kugaba ibitero mu Rwanda, habonetse imirambo ine irimo itatu... Read more »

Perezida wa Sri Lanka Gotabaya Rajapaksa yahunze igihugu mu ndege ya gisirikare, mu gihe hari imyigaragambyo ikomeye ishingiye ku izahara ry’ubukungu bw’iki gihugu cyo muri Aziya y’amajyepfo. Igisirikare cy’iki gihugu kirwanira mu... Read more »

Umugabo wo mu bushinwa yagiye kwivuza ikibazo cyo kwihagarika bya hato na hato agezeyo atungurwa no kumva bamubwiye ko afite udusabo tw’intanga z’abagore kandi amaze imyaka 20 ajya mu mihango. Inkanga dukesha... Read more »

Inkuru y’akababaro ikomeje gutangazwa mu bitangazamakuru bitandukanye ku Isi ni iy’urupfu rwa Shinzo Abe wabaye Minisitiri w’Intebe wa mbere w’u Buyapani wayoboye igihe kinini, washizemo umwuka nyuma yo kuraswa n’abagizi ba nabi.... Read more »