Burundi : Umuhanzi SAIDI BRAZZA wakunzwe cyane mu Indirimbo “Yameze amenyo” yitabye Imana

Amakuru ava mu Burundi aratangaza ko umuhanzi Saidi Brazza yaraye yitabye Imana azize uburwayi, uyu muhanzi yakunzwe mumyaka ishize mundirimbo zirimo ,Yameze amenyo, bwarikukiye …… uretse I burundi uyu muhanzi nahano mu... Read more »

Tanzania: Icyorezo gishya cyadutse, kimeze nka Ebola kimaze gutwara ubuzima bw’abagera kuri 5.

Inzego z’ubuzima muri Tanzania zatangaje ko muri icyo gihugu cy’abaturanyi hadutseyo icyorezo kidasanzwe kiswe Marburg haemorrhagic fever kandi gikaze cyane kuko ubwacyo mu gihe gito kihafashe kimaze guhitana abarwayi bagera kuri 5.... Read more »

Umuraperi uri mubakunzwe,yakubiswe agirwa intere ubwo yari munzu ikorerwamo imyitozo (Gym)

Umuraperi TEKASHI 6IX9INE yakubiswe bikomeye n’abantu ubwo yari ari mu nyubako ikorerwamo imyitozo ngororamubiri (gym).Amashusho yashyizwe hanze n’ikinyamakuru TMZ agaragaza abagabo babiri bakubita imigeri 6IX9INE wari uryamye hasi. Aya mashusho kandi agaragaza... Read more »

Hanah kalema Tumukunde Usanzwe ufite Amamuko mu Rwanda yegukanye ikamba rya Miss Uganda 2023 (Amafoto)

Ahigitse abakobwa bagera kuri 20, Hanah kalema Tumukunde yegukanye ikamba rya Miss Uganda 2023 mu birori byabereye muri Selena Hotel Uganda mu Ijoro ryo kuwa 17 Werurwe 2023. 1. Agwang proscy premah... Read more »

auto ads

Putin yasuye Intara ya crimea, nyuma y’imyaka igera kuri 9 Uburusiya buyisubije.

Perezida w’U Burusiya Vuldimir Putin yerekeje mu ntara ya Crimea mu gace ka Sevastopol, mu rwego rwo kwizihiza imyaka icyenda ishize bisubije iyi ntara yanahoze ari igice cya Ukraine. Nyuma yo gusura... Read more »

Nyuma y’imyaka 2 apfuye bagategereza ko yazuka bikanga, urukiko rwategetse ko ashyingurwa.

Nyuma yo kubika umubiri we mu buruhukiro {Morgue}, hategerejwe ko yazuka umu pasiteri witwa Siva Moodley ukomoka muri Afurika yepfo yashyinguwe aruko byemejwe n’urukiko nyuma y’iyo myaka 2 yose apfuye. Uyu mukozi... Read more »

Zimwe muri Filime nshya zagufasha gusoza weekend neza mu byishimo.

Muri iki gihe uruganda rwa cinema ruri mu nganda zimaze kwigarurira imitima y’abatari bake, kuko usanga usanga filime arizo zirebwa cyane mu gihe cy’akaruhuko kuri benshi mu bakozi. Ibi kandi bikanashimangirwa nuko... Read more »

Umunyabigwi Bobby Caldwell yitabye  Imana ku  myaka  71

Umunyabigwi mu Njyana ya R&B, Bobby Caldwell, wamenyekanye mu ndirimbo ‘What You Won’t Do For Love’ yitabye Imana ku myaka 71. Umugore we Mary Caldwell wabaye uwa mbere mu gutangaza aya makuru,... Read more »

Umusore yasuye iwabo w’umukobwa yateye inda basaza bumukobwa baramukubita bamugira intere

Umusore w’imyaka 26, yahuye n’uruva gusenya ubwo yasuranga iwabo w’umukobwa yateye inda basaza bumukobwa bakamubita kugeza ubwo abaye intere. Uyu musore wo mu gihugu cya Kenya, yavuze ko yandikiye umukobwa amubwira ko... Read more »

Inkuru nziza ku muhanzi Koffi Olomide, Washinjwaga gufata kungufu abagore- INKURU

mu Gihugu cy’Ubufaransa, kuri uyu wa 13 Ukuboza 2021 rwagize umwere umuririmbyi w’Umunyekongo-DRC, Antoine Christophe Agbepa Mumba, uzwi cyane nka Koffi Olomide, bamwe bita Grand Mopao nkuko nawe abyivugira kenshi mu ndirimbo... Read more »