
Mu gihe hasigaye igihe kitageze ku mezi abiri ngo ibirori bya Bianca Fashion Hub bibe ku nshuro yabyo ya kabiri,Umunyamakuru Uwamwezi Mugire Bianca ukunze kwiyita Queen B yashyize hanze amatariki ndetse n’ibyamamare... Read more »

Ayanda Mngoma ni umukobwa w’umunyamideli wo mugihugu cya Afurika y’epfo, burigihe atangaza abamubonye bitewe nuburyo agaragara. Uyu mukobwa w’imyaka 30, umurebye ku jisho ntiwamukekera iyi myaka kuko abenshi bamugereranya n’umwana w’imyaka 10.Uyu... Read more »

Umulisa Charlotte yatoranyijwe mu bakobwa 18 binjiye mu Cyiciro cya nyuma cy’irushanwa rya Miss Warsaw muri Pologne mu matora yabaye mu mpera z’icyumweru gishize. Mu bakobwa 200 bahataniraga kwinjira mu cyiciro cya... Read more »

Umugore w’umuhanzi Mico The Best witwa Ngwinundebe Clarisse yakorewe ibirori byo kwitegura kwibaruka umwana w’imfura bizwi nka Baby shower. Ibi birori yabikorewe n’inshuti ze aho ziba zigenda zimuha impano zitandukanye zo kuzaha... Read more »
Subscribe now

Muri iyi minsi urukundo rugeze aharyoshye hagati ya Rugangura Axel umunyamakuru w’imikino muri RBA n’inkumi isanzwe ituye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Amakuru y’urukundo rwa Rugangura Axel n’uyu mukobwa uzwi ku... Read more »

Iminsi 16 gusa niyo isigaye ngo hamenyekane umukobwa wegukana ikamba rya Miss East Africa mu irushanwa ryakiriwe na Tanzania. Aba bakobwa bari muri iri rushanwa bari kumwe n’umuyobozi wungirije waryo Miss Mutesi... Read more »

Abategura irushanwa ry’ubwiza rya Miss Africa Calabar ribera muri Nigeria bamaze gusohora itangazo risubika iryo rushanwa bitewe n’ubwandu bushya bwa Covid-19 bwiswe Omicron. Abakobwa bavuye mu bihugu bitandukanye bari baramaze gutangazwa ndetse... Read more »

Virgil Abloh, umuyobozi w’ubuhanzi wa Louis Vuitton akaba ari nawe washinze label yerekana imideli ya Off-White, yapfuye azize kanseri afite imyaka 41. Mu kwerekana ayo makuru, isosiyete ikora imideli y’abafaransa LVMH yavuze... Read more »

Umunyamaku uwamwezi Mugire Bianca kunzwe kwiyita Queen B ukora ikiganiro Take Over yateguye ibirori yise ‘Bianca Fashion Hub’ azahemberaho abazaba baberewe mu myambarire. Ibi birori yateguye bizaba ku tariki ya 23 Ukwakira... Read more »

Umunyamideli akaba n’umushabitsi Zari Hassan wamenyekanye cyane ubwo yari mu rukundo n’icyamamare Diamond Platnumz nyuma y’urupfu rw’umugabo we Ssemwanga Ivan yibasiwe n’abatekamutwe bakomeje gucucura abantu utwabo bitwaje izina rye . Uyu mubyeyi... Read more »