Tombola y’uburyo amakipe azahura muri 1/8 cya UEFA Champions League yabaye kuri uyu wa Mbere saa Saba hajomo akavuyo.

Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru i Burayi (UEFA) yatangaje ko tombola y’uburyo amakipe azahura muri 1/8 cya UEFA Champions League yabaye kuri uyu wa Mbere saa Saba yateshejwe agaciro, bityo haba indi saa Kumi... Read more »

Rayons Sports yasuye ingoro y’umami mu Rukali (Amafoto)

Kuri  uyu wa tariki ya  14  Ukwakira  2021 Ikipe ya rayons Sports yari imaze iminsi mu mwiherero wo kwitegura imikino itandukanye ifite  yasubiye ku ivuko I Nyanza aho yatangiriye  ku tariki ya... Read more »

Samuel Eto Fils agiye kwiyamamariza kuyobora Federasiyo y’umupira muri Cameroun

Umukinnyi w’icyamamare mu mupira  w’amaguru wakiniye ikipe y’igihugu  ya cameroun  ndetse n’amakipe akomeye  ku mugabane w’Uburayi  Samuel Eto Fils  yatangaje  ko agiye  gutanga kandidatire ye yo kuba Perezida w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri... Read more »

Police FC yaguze Usengimana Faustin wifuzwaga na Rayon Sports yanahozemo mbere y’uko yerekeza muri zambia

Ubuyobozi bwa Police FC bwemeje ko bwamaze gusinyisha myugariro wo hagati, Usengimana Faustin, ku masezerano y’imyaka ibiri. Usengimana yakiniraga Buildcon FC yo muri Zambia nyuma yo kuyigeramo mu mwaka ushize w’imikino wa... Read more »

auto ads

BreakingNews: Benjamin Gicumbi na Fuadi ba RadioTv10 mu muryango uva kuri iki gitangazamakuru.Jean Luc,Antha mu nzira

Hagenimana Benjamin uzwi nka Gicumbi ndetse na Uwihanganye Fuadi bombi bakoreraga RadioTv10 mu kiganiro cy’imikino basezeye kuri iki gitangazamakuru bakoreraga. Mu ntangiriro z’iki cyumweru ku mbuga nkoranyambaga hazengurutse amakuru avuga ko Benjamin... Read more »

Munyakazi Sadate yatangiye inzira yo gushaka umusimbura wa Salpong aherutse kwirukana ari nako yiyunga n’abafana ba Rayon Sports

Perezida wa Rayon Sports Munyakazi Sadate nyuma yo gusezerera rutahizamu Michael Salpong ndetse n’abakunzi ba Rayon Sports ntibabyumve kimwe uyu muyobozi yatangiye gushaka umusimbura wuyu mukinnyi ari nako yifuza kwiyunga n’abakunzi ba... Read more »

Arteta utoza Arsenal wari wibasiwe n’icyorezo cya COVID-19 yamaze gukira

Umutoza wa Arsenal, Mikel Arteta, yamaze gukira icyorezo cya Coronavirus cyamufatiye rimwe n’umukinnyi wa Chelsea, Callum Hudson Odoi aho yahise abwirwa ko atazakoresha imyitozo guhera kuri uyu wa Kabiri. Ku wa 13... Read more »

Urutonde rw’abakinnyi mu mikino yose bamaze kwandura Coronavirus

Mu nkuru ikinyamakuru As cyashyize hanze uyu munsi cyatangaje urutonde rwakozwe rw’abakinnyi ndetse n’abatoza mu mikino yose bazwi bamaze kwandura indwara y’icyorezo ya Coronavirus. Kuri uru rutonde ruragaragaraho abakinnyi bagera kuri 18... Read more »

RP-IPRC Huye yatsinze ibitego byinshi ikipe ya UR_HUYE 100 kuri 26

Irushanwa ryo kwizihiza umunsi mpuzamahanga w’umugore mu mukino wa Basketball RP-IPRC Huye yatsinze ibitego byinshi ikipe ya Kaminuza y’u Rwanda ishami rya Huye. Yaritsinze ku  manota 100-26. Buri mwaka mu Rwanda hategurwa... Read more »

Amarushanwa ya Basketball Africa League yagombaga kubera muri Senegal yigijweyo

Umuhango wo gutangiza umwaka usanzwe w’imikino w’irushanwa rya Basketball Africa League (BAL) byagombaga kubera mu Mujyi wa Dakar (Sénégal), kuva tariki 13 Werurwe 2020, byasubitswe kubera impungenge z’icyorezo cya COVID-19 (Coronavirus) gikomeje... Read more »