
Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru i Burayi (UEFA) yatangaje ko tombola y’uburyo amakipe azahura muri 1/8 cya UEFA Champions League yabaye kuri uyu wa Mbere saa Saba yateshejwe agaciro, bityo haba indi saa Kumi... Read more »

Kuri uyu wa tariki ya 14 Ukwakira 2021 Ikipe ya rayons Sports yari imaze iminsi mu mwiherero wo kwitegura imikino itandukanye ifite yasubiye ku ivuko I Nyanza aho yatangiriye ku tariki ya... Read more »

Umukinnyi w’icyamamare mu mupira w’amaguru wakiniye ikipe y’igihugu ya cameroun ndetse n’amakipe akomeye ku mugabane w’Uburayi Samuel Eto Fils yatangaje ko agiye gutanga kandidatire ye yo kuba Perezida w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri... Read more »

Ubuyobozi bwa Police FC bwemeje ko bwamaze gusinyisha myugariro wo hagati, Usengimana Faustin, ku masezerano y’imyaka ibiri. Usengimana yakiniraga Buildcon FC yo muri Zambia nyuma yo kuyigeramo mu mwaka ushize w’imikino wa... Read more »

Hagenimana Benjamin uzwi nka Gicumbi ndetse na Uwihanganye Fuadi bombi bakoreraga RadioTv10 mu kiganiro cy’imikino basezeye kuri iki gitangazamakuru bakoreraga. Mu ntangiriro z’iki cyumweru ku mbuga nkoranyambaga hazengurutse amakuru avuga ko Benjamin... Read more »

Perezida wa Rayon Sports Munyakazi Sadate nyuma yo gusezerera rutahizamu Michael Salpong ndetse n’abakunzi ba Rayon Sports ntibabyumve kimwe uyu muyobozi yatangiye gushaka umusimbura wuyu mukinnyi ari nako yifuza kwiyunga n’abakunzi ba... Read more »

Umutoza wa Arsenal, Mikel Arteta, yamaze gukira icyorezo cya Coronavirus cyamufatiye rimwe n’umukinnyi wa Chelsea, Callum Hudson Odoi aho yahise abwirwa ko atazakoresha imyitozo guhera kuri uyu wa Kabiri. Ku wa 13... Read more »

Mu nkuru ikinyamakuru As cyashyize hanze uyu munsi cyatangaje urutonde rwakozwe rw’abakinnyi ndetse n’abatoza mu mikino yose bazwi bamaze kwandura indwara y’icyorezo ya Coronavirus. Kuri uru rutonde ruragaragaraho abakinnyi bagera kuri 18... Read more »

Irushanwa ryo kwizihiza umunsi mpuzamahanga w’umugore mu mukino wa Basketball RP-IPRC Huye yatsinze ibitego byinshi ikipe ya Kaminuza y’u Rwanda ishami rya Huye. Yaritsinze ku manota 100-26. Buri mwaka mu Rwanda hategurwa... Read more »

Umuhango wo gutangiza umwaka usanzwe w’imikino w’irushanwa rya Basketball Africa League (BAL) byagombaga kubera mu Mujyi wa Dakar (Sénégal), kuva tariki 13 Werurwe 2020, byasubitswe kubera impungenge z’icyorezo cya COVID-19 (Coronavirus) gikomeje... Read more »